Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byahindutse: Nyabugogo yajyaga yuzura abagenzi mu minsi mikuru ubu ni ibisanzwe

radiotv10by radiotv10
24/12/2021
in Uncategorized
0
Byahindutse: Nyabugogo yajyaga yuzura abagenzi mu minsi mikuru ubu ni ibisanzwe
Share on FacebookShare on Twitter

Mu bihe by’iminsi mikuru byari bimenyerewe ko muri Gare ya Nyabugogo hagaragara abagenzi benshi mu bihe baba barecyeza mu Ntara kuyizihirizayo, ubu si ko bimeze kuko nta bagenzi benshi bari kugaragara.

Harabura umunsi umwe ngo habe umunsi mukuru wa Noheli wizihizwa n’abaturarwanda benshi baba bashaka kuyisangira n’abo mu miryango yabo.

Byari bisanzwe ko muri iyi minsi mikuru, abantu benshi basanzwe baba mu Mujyi wa Kigali bamanuka bakajya mu bice bakomokamo kuyizihizanya n’ababyeyi, inshuti n’abavandimwe.

Ibi byatumaga muri Gare ya Nyabugogo hagaragara abantu benshi gusa ubu ntibari kugaragara nk’uko byahoze.

RADIOTV10 yagiye muri Gare ya Nyabugogo, isanga nta muvundo w’abantu wakundaga kuhaboneka mu bihe by’iminsi mikuru.

Umwe mu bagenzi bari bamaze gukatisha tike, yagize ati “Ubundi habaga harimo akavuyo kenshi ukabura imodoka ariko ubu ntakibazo dutegereje iyo twakatishije.”

Abasanzwe bakora muri komanyi zitwara abagenzi, babwiye RADIOTV10 ko abagenzi babuze.

Umwe ati “Mu bihe byashize wasangaga abantu babuze imodoka ariko ubu ntabwo byabaye keretse nibiba ejo.”

Akomeza agaruka ku mpamvu, ati “Abantu bashobora kuba bari gutinya ko bagenda hakabaho guma mu rugo ikindi ni uko umuntu turi guha itike wese biri gusaba ko atwereka ko yikingije. Abatinye ni abatarikingije.”

Mu bihe nk’ibi mu myaka yatambutse hari benshi baburaga imodoka bikanatuma bamwe barara muri Gare gusa abari kujya gukatisha bose bari kubona imodoka ibatwara kandi mu masaha ya hafi.

INKURU MU MASHUSHO

Assoumani TWAHIRWA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

ten + 20 =

Previous Post

Shampiyona y’u Rwanda ishobora gusubikwa

Next Post

AMAFOTO: Imyitozo y’akataraboneka y’abasirikare 300 ba RDF bo mu mutwe udasanzwe

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro
AMAHANGA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

by radiotv10
01/07/2025
0

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

01/07/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

01/07/2025
Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

01/07/2025
Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

01/07/2025
Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Imyitozo y’akataraboneka y’abasirikare 300 ba RDF bo mu mutwe udasanzwe

AMAFOTO: Imyitozo y’akataraboneka y’abasirikare 300 ba RDF bo mu mutwe udasanzwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.