Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byahindutse: Nyabugogo yajyaga yuzura abagenzi mu minsi mikuru ubu ni ibisanzwe

radiotv10by radiotv10
24/12/2021
in Uncategorized
0
Byahindutse: Nyabugogo yajyaga yuzura abagenzi mu minsi mikuru ubu ni ibisanzwe
Share on FacebookShare on Twitter

Mu bihe by’iminsi mikuru byari bimenyerewe ko muri Gare ya Nyabugogo hagaragara abagenzi benshi mu bihe baba barecyeza mu Ntara kuyizihirizayo, ubu si ko bimeze kuko nta bagenzi benshi bari kugaragara.

Harabura umunsi umwe ngo habe umunsi mukuru wa Noheli wizihizwa n’abaturarwanda benshi baba bashaka kuyisangira n’abo mu miryango yabo.

Byari bisanzwe ko muri iyi minsi mikuru, abantu benshi basanzwe baba mu Mujyi wa Kigali bamanuka bakajya mu bice bakomokamo kuyizihizanya n’ababyeyi, inshuti n’abavandimwe.

Ibi byatumaga muri Gare ya Nyabugogo hagaragara abantu benshi gusa ubu ntibari kugaragara nk’uko byahoze.

RADIOTV10 yagiye muri Gare ya Nyabugogo, isanga nta muvundo w’abantu wakundaga kuhaboneka mu bihe by’iminsi mikuru.

Umwe mu bagenzi bari bamaze gukatisha tike, yagize ati “Ubundi habaga harimo akavuyo kenshi ukabura imodoka ariko ubu ntakibazo dutegereje iyo twakatishije.”

Abasanzwe bakora muri komanyi zitwara abagenzi, babwiye RADIOTV10 ko abagenzi babuze.

Umwe ati “Mu bihe byashize wasangaga abantu babuze imodoka ariko ubu ntabwo byabaye keretse nibiba ejo.”

Akomeza agaruka ku mpamvu, ati “Abantu bashobora kuba bari gutinya ko bagenda hakabaho guma mu rugo ikindi ni uko umuntu turi guha itike wese biri gusaba ko atwereka ko yikingije. Abatinye ni abatarikingije.”

Mu bihe nk’ibi mu myaka yatambutse hari benshi baburaga imodoka bikanatuma bamwe barara muri Gare gusa abari kujya gukatisha bose bari kubona imodoka ibatwara kandi mu masaha ya hafi.

INKURU MU MASHUSHO

Assoumani TWAHIRWA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − 16 =

Previous Post

Shampiyona y’u Rwanda ishobora gusubikwa

Next Post

AMAFOTO: Imyitozo y’akataraboneka y’abasirikare 300 ba RDF bo mu mutwe udasanzwe

Related Posts

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

by radiotv10
27/01/2026
0

Umwarimu wo muri Kaminuza uherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gusambanya abana b’abakobwa biga mu mashuri yisumbuye, hari...

Behind Every Success, There’s a Woman

Behind Every Success, There’s a Woman

by radiotv10
02/12/2025
0

In every great achievement, every celebrated milestone, and every story of resilience, there is often someone whose name is rarely...

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

by radiotv10
19/11/2025
0

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, hagaragaye umurambo w’umugabo w’imyaka 25 umanitse mu giti,...

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahakanye amakuru yavugaga ko igiye gukina na Al Hilal, mu gihe iyi kipe yo yari yamaze...

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

IZIHERUKA

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police
FOOTBALL

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

28/01/2026
Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Imyitozo y’akataraboneka y’abasirikare 300 ba RDF bo mu mutwe udasanzwe

AMAFOTO: Imyitozo y’akataraboneka y’abasirikare 300 ba RDF bo mu mutwe udasanzwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.