Nyuma y’icyumweru kimwe mu Buyapani habaye umutingito ukomeye, hatangajwe imibare y’abagizweho ingaruka na wo, aho ababuriwe irengero wikubye gatatu ugereranyije n’uwari watangajwe. Imibare mishya yatangajwe, igaragaza ko kugeza ubu hamaze...
Read moreUmuryango wo muri Leta Zunze Ubumwe za America uri kuririra mu myotsi nyuma y’uko imbwa yawo icagaguye 4 000 USD bari bavuye kubikuza ngo bayashyire mu mishinga. Clayton na Carrie...
Read moreUmuryango w’Abanyekongo baba hanze y’Igihugu (LDC/ Leadership de la Diaspora Congolaise) wavuze ko na wo wamagana ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu cyabo, bagahamagarira abantu gushyigikira ihuriro AFC rifite intego yo...
Read moreUrukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Senegal, rwanze Dosiye ya Ousmane Sonko impirimbanyi itavuga rumwe n’umutegetsi muri iki gihugu, ngo kubera ko itujuje ibisabwa. Akanama gashinzwe guhitamo dosiye y’abaziyamamaza mu...
Read moreIrushanwa rya Basketball Africa League rigiye kuba ku nshuro yaryo ya kane, rizatangira tariki ya 9 Werurwe risozwe ku wa 1 Kamena 2024, aho rizabera mu bihugu bine birimo, Afurika...
Read moreUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kijote mu Murenge wa Bigogwe Akarere ka Nyabihu, witwa Kagiraneza Enock, ndetse na Mugabe Matsatsa ukuriye Irondo ry’Umwuga muri aka Kagari, bari mu maboko ya RIB,...
Read moreMinisiteri y’Uburezi muri Zambia yatangaje ko amashuri abanza n’ayisumbuye, akomeza gufungwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu, bitewe n’uko icyorezo cya Korela gikomeje kuvuza ubuhuha muri iki Gihugu.. Muri Zimbabwe, abanyeshuri bari...
Read moreOscar Pistorius wabaye rurangiranwa mu mukino wo gusiganwa ku maguru mu bafite ubumuga, wahamijwe icyaha cyo kwica umukunzi we, yavuye muri gereza nyuma y’imyaka 9 yari amaze afunze. Ni amakuru...
Read moreRaporo y’Urukiko rwo mu Bufaransa irashinja u Bwongereza kugenda biguru ntege mu ngamba zigamije kugabanya umubare w’abimukira bajya muri iki Gihugu. Iyi raporo y’u Bufaransa yashyizwe hanze kuri uyu wa...
Read moreRaporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, yagaragaje imikoranire idashidikanywaho y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse n’Ingabo z’u Burundi mu ntambara imaze iminsi mu burasirazuba bw’iki Gihugu (DRC), ndetse inavuga...
Read more