Ni ubwo abatari bacye batekereza ko umuntu wariye neza arangwa n'umubyibuho, Abahanga mu by’imirire bavuga ko kurya neza bitapimishwa ijisho gusa kuko umuntu ashobora kubyibuha biturutse no ku kurya nabi....
Read moreHari abatuye mu karere ka kamonyi, umurenge wa Rugarika, basaba ubuyobozi bw’akarere ko aharimo gushyirwa site yo guturamo hakwiye no gushyirwa ibikorwaremezo bihagije birimo amazi umuriro nibindi kugirango ujya kuhatura...
Read moreMu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kanombe, hatangijwe club Anti-COVID, amatsinda (Club) z’isuku zigamije kurushaho gukangurira abaturage kwirinda icyorezo cya covid ndetse no kubahiriza amabwiriza yo kuyirinda. Izo clubs...
Read moreHari abaturage bo mu mirenge ya Mareba na Musenyi yo mu karere ka Bugesera ikora ku gishanga cya Mareba kinarimo ikiyaga cya Cyohoha, bavuga ko baherutse bahabwa robinet mu ngo...
Read moreGuhera kuri uyu wa Gatatu, nta munya -Zimbabwe wemerewe kujya ku kazi atarikingije urukingo rwa COVID-19. Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri iki gihugu yavuze ko leta ari yo yatanze iri tegeko...
Read moreHari abanenga abamena ibiryo mu myanda ijyanwa mu bimoteri,ntibabihe abashonje, bakavuga ko byimakaza umuco wo kubura ubumuntu n’umutima ufasha mu banyarwanda. Abajya gushungura iyi myanda bavuga ko babikora kuko baba...
Read moreKuri uyu wa kabiri tariki 14 Nzeri 2021, urwego rw'igihugurushinzu ingufu (REG) rwafatiye mu cyuho Ngendahimana Jean Claude w'imyaka 42 y'amavuko wiyitaga umukozi w'uru rwego, yuriye ipoto y'amashanyarazi arimo arahurira...
Read moreMu mujyi wa Kigali bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu ku magare barasaba ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kubafasha gushyiraho ihuriro ry’amakoperative yabo. Aba banyonzi bavuga...
Read moreKuri uyu wa mbere tariki 13 Nzeri 2021 ubwo ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (RAB) cyitabaga PAC, cyananiwe kwisobanura ku makosa cyakoze mu gutanga isoko rya...
Read moreUbushinwa bwongeye kwibasirwa n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’amezi menshi iki cyorezo kitakigaragara ku butaka bw’icyo gihugu. Mu mpera z’icyumweru dushoje, nibwo muri icyo gihugu mu ntara y’amajyepfo ashyira uburasirazuba mu...
Read more