Thursday, November 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Hamenyekanye abakekwaho kwica umuraperi w’ikirangirire nyuma y’umwaka apfuye

radiotv10by radiotv10
29/02/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Hamenyekanye abakekwaho kwica umuraperi w’ikirangirire nyuma y’umwaka apfuye
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi yo muri Afurika y’Epfo yemeje ko yataye muri yombi abantu batandatu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uumuhanzi w’umuraperi uzwi nka AKA umaze umwaka yishwe arashwe.

Uyu muraperi w’icyamamare Kiernan Forbes wamamaye nka AKA, yitabye Imana tariki 10 Gashyantare 2023 ku myaka 35 y’amavuko, yashenguye benshi bari bamaze gukunda ibihangano bye.

Uyu muraperi umaze umwaka yitabye Imana, yishwe arasiwe muri ahazwi nka Durban Restaurant, ubwo yiteguraga kujya ku rubyiniro hafi y’iyi resitora.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi Mukuru wa Polisi yo muri Afurika y’Epfo, Bheki Cele yavuze ko abantu batandatu bafashwe bari ku rutonde rw’abashakishwa rugizwe n’abantu 36 bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uyu muhanzi.

Abafashwe baragezwa imbere y’Urukiko kuri uyu wa Kane, kugira ngo bamenyeshwe ibyo bashinjwa, batangire no guhatwa ibibazo.

Mu bafashwe, harimo babiri bo muri Eswatini, byanabasabye kwitabaza polisi mpuzamahanga Interpol nk’uko byemeje na Mkhwanazi umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Kwazulu Natal.

Esther Fifi UWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seven + 9 =

Previous Post

Uko Polisi yafashe uwari utwaye amasashe bihumbi 80 uwo bari kumwe akabura

Next Post

Chad: Hahise hakekwa abari inyuma y’igitero cyagabwe ku biro by’ubutasi n’icyabibateye

Related Posts

Abandi bantu babiri barimo umunyamakuru uzwi mu Rwanda kuri YouTube batawe muri yombi

Abandi bantu babiri barimo umunyamakuru uzwi mu Rwanda kuri YouTube batawe muri yombi

by radiotv10
27/11/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi abandi bantu babiri barimo umunyamakuru Cyprien Uzabakiriho uzwi nka Djihad, bakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni...

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’ikirego cy’amashusho y’umuhanzi Yampano n’umukunzi we bakora ibyo mu buriri

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

by radiotv10
24/11/2025
0

Dosiye iregwamo abakurikiranyweho ibifitanye isano n’isakara ry’amashusho y’urukozasoni y’Umuhanzi Yampano n’umukunzi we, yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha, ndetse hakaba haratawe muri yombi...

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

Bwa mbere M.Irene yagize icyo avuga ku by’umuririmbyi Vestine byavugishije benshi

by radiotv10
22/11/2025
0

Murindahabi Irene usanzwe areberera inyungu abaririmbyi Vestine na Dorcas, yavuze ko ubutumwa buherutse gutambuka ku rubuga nkoranyambaga rw’umwe muri aba...

Rwandan-origin contestant advances to the final stage of Miss Belgium

Rwandan-origin contestant advances to the final stage of Miss Belgium

by radiotv10
22/11/2025
0

Kyra Nkezabera, whose parents include a Rwandan father and a Belgian mother, has reached the final round of the Miss...

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

Umucyo ku byazamuye impaka ko Umuhanzi Niyo Boso yaba yaramaze igihe abeshya abantu

by radiotv10
21/11/2025
0

Umuhanzi Niyo Bosco yatanze umucyo ku byatumye hari abakeka ko yaba yarabeshye abantu igihe kinini ko atabona, avuga ko amashusho...

IZIHERUKA

Abandi bantu babiri barimo umunyamakuru uzwi mu Rwanda kuri YouTube batawe muri yombi
IBYAMAMARE

Abandi bantu babiri barimo umunyamakuru uzwi mu Rwanda kuri YouTube batawe muri yombi

by radiotv10
27/11/2025
0

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

FDLR still active and being supported by DRC Government- Says Minister Nduhungirehe

26/11/2025
Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

26/11/2025
Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

26/11/2025
AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

26/11/2025
Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

26/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Chad: Hahise hakekwa abari inyuma y’igitero cyagabwe ku biro by’ubutasi n’icyabibateye

Chad: Hahise hakekwa abari inyuma y’igitero cyagabwe ku biro by’ubutasi n'icyabibateye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abandi bantu babiri barimo umunyamakuru uzwi mu Rwanda kuri YouTube batawe muri yombi

FDLR still active and being supported by DRC Government- Says Minister Nduhungirehe

Amasezerano azasinywa na Perezida Kagame na Tshisekedi yashoboka mbere yuko 2025 irangira?-Min.Nduhungirehe yabivuzeho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.