Tuesday, November 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

‘Ibereryabigogwe’ twakiriye muri Studio zacu yasuye Ingoro Ndangamateka

radiotv10by radiotv10
11/02/2022
in Uncategorized
0
‘Ibereryabigogwe’ twakiriye muri Studio zacu yasuye Ingoro Ndangamateka
Share on FacebookShare on Twitter

Ngabo Karegeya uri mu bakoresha Twitter cyane mu Rwanda, ukoresha izina ry’Ibere rya Bigogwe, yakiriwe n’Inteko y’Umuco atemberezwa ibikorwa ndangamateka birimo Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside.

Ngabo Karegeya alias Ibere rya Bigogwe aherutse kwakirwa muri Studio za Radio 10 aho yagarutse ku byo kuba akomeje gufasha agace k’iwabo kumenyekana.

Ibere rya Bigogwe wabanje kwamamara ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter kubera gukunda gutanga ibitekerezo, ubu amaze no kumenyekana mu bikorwa by’ubukerarugendo bwo gusura Inka mu Bigogwe n’inzuri zaho ndetse no kwerekwa ibikorwa byerekeye ubworozi bw’Inka nko gukama.

Mu kiganiro yagiranye na Radio 10 ku wa Gatatu w’iki cyumweru tariki 09 Gashyantare kandi yasobanuye uburyo yatangije ubukangurambaga bwo kumenyekanisha aka gace ka Bigogwe.

Nyuma yo kwakirwa muri Radio 10, uyu musore ukiri muto, yanakiriwe n’Inteko y’Umuco anatemberezwa mu ngoro ntangamateka n’umuco kuri uyu wa Kane tariki 10 Gashyantare 2022.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Inteko y’Umuco yatangaje ko yakiriye uyu musore “washakaga gusobanukirwa byimbitse amateka n’umuco by’u Rwanda.”

Uyu munsi twishimiye kwakira umusore @Ngabo_Karegeya washakaga gusobanukirwa byimbitse amateka n'umuco by'u Rwanda. Aha yari arimo gutambagira Ingoro y'Amateka y'Urugamba rwo Guhagarika Jenoside ndetse n'Ingoro y'amateka yitiriwe Kandt. @MasozeraRobert @krusaro2 @BashanaMedard pic.twitter.com/eoQ1Bttzpf

— Inteko y'Umuco | Rwanda Cultural Heritage Academy (@IntekoyUmuco) February 10, 2022

Mu butumwa buherekejwe n’amafoto, Inteko y’Umuco yakomeje igira iti “Aha yari arimo gutambagira Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside ndetse n’Ingoro y’amateka yitiriwe Kandt.”

Aya mafoto agaragaza Karegeya Ngabo ari gusura ibikorwa bigaragaza amwe mu mateka y’u Rwanda, ari no kuyasobanurirwa.

Yasuye Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside

Yasuye Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − 18 =

Previous Post

Icyatumye Putin na Macron baganira bahanye intera idasanzwe cyamenyakanye

Next Post

IFOTO: Bamporiki ari mu gikorwa cyo gukora umuhanda

Related Posts

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

by radiotv10
19/11/2025
0

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, hagaragaye umurambo w’umugabo w’imyaka 25 umanitse mu giti,...

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahakanye amakuru yavugaga ko igiye gukina na Al Hilal, mu gihe iyi kipe yo yari yamaze...

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

IZIHERUKA

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye
MU RWANDA

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

by radiotv10
25/11/2025
0

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

25/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Eng.-Former Israeli soldiers including war veterans, arrive in Rwanda for a week-long visit

25/11/2025
Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

25/11/2025
Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

25/11/2025
Dore ibyavugiwe mu rubanza rw’umwarimu uvugwaho kurya ibiraha by’abana b’abakobwa yarangiza akabasambanya

Dore ibyavugiwe mu rubanza rw’umwarimu uvugwaho kurya ibiraha by’abana b’abakobwa yarangiza akabasambanya

25/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
IFOTO: Bamporiki ari mu gikorwa cyo gukora umuhanda

IFOTO: Bamporiki ari mu gikorwa cyo gukora umuhanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Eng.-Former Israeli soldiers including war veterans, arrive in Rwanda for a week-long visit

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.