Wednesday, July 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

IFOTO: Umwana yahuje urugwiro n’umupolisi nyuma yo kuririra kumusuhuza

radiotv10by radiotv10
18/03/2022
in MU RWANDA
0
IFOTO: Umwana yahuje urugwiro n’umupolisi nyuma yo kuririra kumusuhuza
Share on FacebookShare on Twitter

Umwana ukiri muto yabonye umwe mu bapolisi bacunga umutekano wo mu muhanda, asaba umubyeyi ko yajya kumusuhuza, undi ntiyazuyaza aramwemerera, bahita bahoberana bahuza urugwiro.

Ni ifoto yagaragajwe n’umubyeyi w’uyu mwana, Christine Mbabazi Delaney wavuze ko umwana we witwa Manzi yamusabye kujya gusuhuza umupolisi.

Christine Mbabazi Wa Delaney wasubiyemo ikiganiro yagiranye n’umwana we ubwo ibi byabaga, yagize ati “Manzi: Mama reba Umupolisi, ndifuza kumusuhuza.” Ako kanya Umupolisi yabyumvise ahita abwira uwo mwana ko ntakibazo yaza akamuramutsa ako kanya bagahita basuhuzanya.

Manzi: Mummy, look, a Police Man, i want to greet him.
Me: ngwino rwose…

Manzi happily greets the Police officer with a big YAMBBBIIIII.
Manzi (after): Mummy, i want to be a Police man when i grow up.
Me: I am here to support you. @Rwandapolice @hughdelaney1 pic.twitter.com/6Uke2B4XeA

— Christine Mbabazi (@christinembabaz) March 18, 2022

Christine Mbabazi Wa Delaney yakomeje avuga ko nyuma yo gusuhuza uyu Mupolisi, uyu mwana we yaje akamubwira ati “Mama ndifuza kuzaba Umupolisi igihe nzaba nakuze” na we akamusubiza agira ati “Ndiho kugira ngo nzabigufashemo.”

Bamwe mu batanze ibitekerezo kuri ubu butumwa, bavuze ko bishimishije, nk’uwitwa Basile Uwimana yahise agira ati “Turifuza kuzabona Afande Manzi mu myaka 20 cyangwa 30. Biratangaje.”

Jean Rugwiza na we yagize ati “Mushyigikire [gushyigikira Manzi] agree ku nzozi ze, ntawamenya ashobora kuzaba Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda.”

Bahuje urugwiro

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × five =

Previous Post

Gen.Mahamat Idriss Itno wasimbuye se waguye ku rugamba muri Chad ari mu Rwanda

Next Post

Umunyamakurukazi yahaye akayabo umusore bakundana ngo agure imodoka bucya abona ayitwayemo indi nkumi

Related Posts

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

by radiotv10
30/07/2025
0

Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yemeje ikiruhuko ku basirikare 1 081 barimo 9 bo...

Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

by radiotv10
30/07/2025
0

Umugabo w’imyaka 48 wari uzwiho ubusinzi, yasanzwe yapfuye mu mukingo wa metero zirindwi mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka...

Ntitubinginga-Igisubizo u Rwanda ruha abatekereza ko rwemeye gusinyana na Congo amasezerano ngo rukurirweho ibihano

Ntitubinginga-Igisubizo u Rwanda ruha abatekereza ko rwemeye gusinyana na Congo amasezerano ngo rukurirweho ibihano

by radiotv10
30/07/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko kuba Guverinoma y’u Rwanda yaremeye gushyira umukono ku masezerano y’amahoro na...

Hasobanuwe intandaro y’ibura ry’amazi ryakajije uburemere mu Mujyi wa Kigali n’umuti riri kuvugutirwa

Hasobanuwe intandaro y’ibura ry’amazi ryakajije uburemere mu Mujyi wa Kigali n’umuti riri kuvugutirwa

by radiotv10
30/07/2025
0

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, yatangaje ko ikibazo cy’ibura ry’amazi riri kugaragara muri iyi minsi, cyatewe n’igabanuka ry’ayo mu mugezi wa Nyabarongo...

Bride Price: Cultural treasure or commercial transaction?

Bride Price: Cultural treasure or commercial transaction?

by radiotv10
30/07/2025
0

In many African societies and beyond, the tradition of bride price also known as "lobola" in Southern Africa or "inkwano"...

IZIHERUKA

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo
AMAHANGA

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

by radiotv10
30/07/2025
0

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

30/07/2025
Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

30/07/2025
Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

30/07/2025
Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

Rusizi: Igikekwa ku rupfu rw’uwari uzwiho gukunda inzoga wasanzwe mu mukingo yapfuye

30/07/2025
Ouattara w’imyaka 83 yavuze impamvu yifuza kuguma ku butegetsi nyuma y’imyaka 15 ari Perezida

Ouattara w’imyaka 83 yavuze impamvu yifuza kuguma ku butegetsi nyuma y’imyaka 15 ari Perezida

30/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umunyamakurukazi yahaye akayabo umusore bakundana ngo agure imodoka bucya abona ayitwayemo indi nkumi

Umunyamakurukazi yahaye akayabo umusore bakundana ngo agure imodoka bucya abona ayitwayemo indi nkumi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 iravugwaho gukaza imbaraga za gisirikare mu gace kamwe i Walikare

Tanzania yafashe icyemezo gikumira abanyamahanga mu bucuruzi bumwe

Menya Abajenelari 9 bari mu basirikare 1000 Perezida Kagame yemeje ko bajya mu kiruhuko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.