• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zagobotse abanyeshuri 900

radiotv10by radiotv10
18/10/2025
in MU RWANDA, UMUTEKANO
0
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zagobotse abanyeshuri 900
Share on FacebookShare on Twitter

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, zahaye abanyeshuri 900 biga mu ishuri ry’i Juba ibikoresho binyuranye ndetse n’amazi meza.

Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ukwakira, cyakozwe n’Ingabo z’u Rwanda zigize Mechanized Infantry Battalion ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), aho zahaye iyi nkunga abanyeshuri bo mu ishuri rya Jebel Christian School ryo mu gace Ruri Payam i Juba.

Mu bikoresho byahawe aba banyeshuri 900 birimo amakaye, amakaramu ndetse n’ibindi bifasha abanyeshuri mu kwiga neza.

Izi ngabo z’u Rwanda kandi zanakoranye umuganda n’abayobozi b’iri shuri kimwe n’abayobozi bo mu nzego z’ibanze muri aka gace, wibanze ku gutera ibiti by’imbuto ndetse n’imboga muri iri shuri no mu nkengero zaryo.

Mu butumwa yatangiye muri ibi bikorwa, Taban Seme uyobora iri shuri, yashimiye ingabo z’u Rwanda ku bw’ubufasha zikomeje gutanga, ashimangira ko iyi mpano bahaye aba banyeshuri, izabafasha mu myigire.

Umuyobozi wa Rwanbatt-3, Col Leodomir Uwizeyimana, na we yashimiye ubuyobozi bw’iri shuri rya Jebel Christian Academy uburyo bwabakiranye urugwiro ndetse n’imikoranire.

Yaboneyeho gusaba abanyeshuri biga muri iri shuri kurangwa n’indangagaciro zo gukora amasomo nk’umusingi w’iterambere ry’Igihugu, anashimira abarezi b’iri shuri, ku bw’uburere batangana umuhate.

Bahaye abanyeshuri ibikoresho by’ishuri
Babahaye n’amazi meza
Banakora umuganda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 + nineteen =

Previous Post

Hamenyekanye itariki y’ubukwe bw’umunyamakurukazi n’umuhanzi bazwi mu Rwanda

Next Post

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

Related Posts

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Next Post
Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.