Friday, November 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ingorofani yahindutse moto, isarubeti ihinduka Kositimu: Impinduka kuri wa mukarani

radiotv10by radiotv10
11/02/2022
in MU RWANDA
0
Ingorofani yahindutse moto, isarubeti ihinduka Kositimu: Impinduka kuri wa mukarani
Share on FacebookShare on Twitter

Hagenimana Samuel wagaragaye mu mashusho ari gucunga ingorofani yuzuyeho imizigo biragaraga ko ari gukoresha imbaraga nyinshi, bigakora benshi ku mutima, ubuzima bwe bwarahindutse nyuma yo guhabwa inkunga n’abantu batandukanye.

Uyu Hagenimana Samuel yagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga mu kwezi gushize ubwo yagaragaraga acunze ingorofani bigaragara ko ari gukoresha ingufu nyinshi.

Amashusho ye yakoze benshi ku mutima

Nyuma y’aya mashusho, yavuganye n’ibitangazamakuru binyuranye birimo ibikorera ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube.

Mu biganiro yagiranye n’ibi bitangazamakuru, yagaragaje kugorwa n’imibereho, na byo bikora benshi ku mutima barimo n’abagize ibyo bamwizeza birimo na Moto.

Ibitangazamakuru binyuranye byaramuvugishije

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago uri mu bakoranye ikiganiro n’uyu mukarani, aratangaza ko nyuma y’uko abantu benshi bamufashije, ubu imibereho ye ikaba yarahindutse.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Yago yagize ati “Nshimye Imana ku bw’uyu mugabo Hagenimana Samuel (Wahoze ari umukarani) Ubuzima bwarahindutse Peeee. Mwarakoze mwese”

Bamwe mu bakurikira uyu Munyamakuru kuri Twitter, na bo bishimiye kuba imibereho y’uyu mugabo yarahindutse.

Uwitwa Muhima Douce yagize ati “Izi ni za nzira z’Imana ziruta imyenge ya supanet.”

Ally Radjab yagize ati “Yago warakoze ariko se ko utatubwiye icyo asigaye akora? naho kumutwereka yambaye ntacyo bimaze, kutagira imyenda byaterwaga n’icyo akora, none ubu asigaye akora iki?”

Yago yahise amusubiza agira ati “Vuba murakimenya kandi kizabashimisha.”

Ubuzima bwarahindutse

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × four =

Previous Post

Mu Kinyarwanda cyuje ikibonezamvugo, Vrooman wari Ambasaderi wa USA yasezeye Abanyarwanda

Next Post

Hagaragaye ubwoko bushya bune bwa COVID burimo ubuteye impungenge

Related Posts

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Perezida Paul Kagame avuga ko abantu badakwiye gukomeza kuzamura impaka z’igihe hazafungurirwa insengero zafunzwe, ahubwo ko bari bakwiye gutekereza ibyabateza...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

by radiotv10
27/11/2025
0

The scheduled period for collecting information and photographing residents of Huye, Gisagara, and Nyanza districts in the Southern Province for...

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ryasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

by radiotv10
27/11/2025
0

A group of former Israel Defense Forces (IDF) soldiers, including those who were injured in combat, are on a visit...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

by radiotv10
27/11/2025
0

Abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba bari mu ruzinduko mu Rwanda, bakinnye n’ikipe y’Igihugu...

IZIHERUKA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe
MU RWANDA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

27/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

27/11/2025
UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

27/11/2025
Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

27/11/2025
Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hagaragaye ubwoko bushya bune bwa COVID burimo ubuteye impungenge

Hagaragaye ubwoko bushya bune bwa COVID burimo ubuteye impungenge

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.