Thursday, January 15, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ingorofani yahindutse moto, isarubeti ihinduka Kositimu: Impinduka kuri wa mukarani

radiotv10by radiotv10
11/02/2022
in MU RWANDA
0
Ingorofani yahindutse moto, isarubeti ihinduka Kositimu: Impinduka kuri wa mukarani
Share on FacebookShare on Twitter

Hagenimana Samuel wagaragaye mu mashusho ari gucunga ingorofani yuzuyeho imizigo biragaraga ko ari gukoresha imbaraga nyinshi, bigakora benshi ku mutima, ubuzima bwe bwarahindutse nyuma yo guhabwa inkunga n’abantu batandukanye.

Uyu Hagenimana Samuel yagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga mu kwezi gushize ubwo yagaragaraga acunze ingorofani bigaragara ko ari gukoresha ingufu nyinshi.

Amashusho ye yakoze benshi ku mutima

Nyuma y’aya mashusho, yavuganye n’ibitangazamakuru binyuranye birimo ibikorera ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube.

Mu biganiro yagiranye n’ibi bitangazamakuru, yagaragaje kugorwa n’imibereho, na byo bikora benshi ku mutima barimo n’abagize ibyo bamwizeza birimo na Moto.

Ibitangazamakuru binyuranye byaramuvugishije

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago uri mu bakoranye ikiganiro n’uyu mukarani, aratangaza ko nyuma y’uko abantu benshi bamufashije, ubu imibereho ye ikaba yarahindutse.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Yago yagize ati “Nshimye Imana ku bw’uyu mugabo Hagenimana Samuel (Wahoze ari umukarani) Ubuzima bwarahindutse Peeee. Mwarakoze mwese”

Bamwe mu bakurikira uyu Munyamakuru kuri Twitter, na bo bishimiye kuba imibereho y’uyu mugabo yarahindutse.

Uwitwa Muhima Douce yagize ati “Izi ni za nzira z’Imana ziruta imyenge ya supanet.”

Ally Radjab yagize ati “Yago warakoze ariko se ko utatubwiye icyo asigaye akora? naho kumutwereka yambaye ntacyo bimaze, kutagira imyenda byaterwaga n’icyo akora, none ubu asigaye akora iki?”

Yago yahise amusubiza agira ati “Vuba murakimenya kandi kizabashimisha.”

Ubuzima bwarahindutse

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen + 19 =

Previous Post

Mu Kinyarwanda cyuje ikibonezamvugo, Vrooman wari Ambasaderi wa USA yasezeye Abanyarwanda

Next Post

Hagaragaye ubwoko bushya bune bwa COVID burimo ubuteye impungenge

Related Posts

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

by radiotv10
15/01/2026
0

Umusore wo mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza wari ufite ubumuga bwo mu mutwe, wasanzwe yapfuye, aho mu...

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

by radiotv10
14/01/2026
0

U Rwanda rwohereje abasirikare bo mu itsinda ry’ubwubatsi mu Gihugu cya Jamaica gufasha iki Gihugu mu bikorwa byo kongera kubaka...

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

by radiotv10
14/01/2026
0

Umugore wafashwe n’umugabo we aryamanye n’undi muri Lodge yo mu Mujyi wa Kigali, bivugwa ko yari yavuye iwe abwiye umugabo...

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

by radiotv10
14/01/2026
0

Umugabo w’imyaka 42 y’amavuko wo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, aritegura gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri...

Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

by radiotv10
14/01/2026
0

Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye yavuze ko we na mugenzi we uhagarariye u Rwanda mu Bufaransa, baherutse gutembera...

IZIHERUKA

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?
FOOTBALL

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

15/01/2026
Ariko ahari bandambiwe-Umuhanzikazi Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

Ariko ahari bandambiwe-Umuhanzikazi Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

15/01/2026
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

15/01/2026
Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

15/01/2026
AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hagaragaye ubwoko bushya bune bwa COVID burimo ubuteye impungenge

Hagaragaye ubwoko bushya bune bwa COVID burimo ubuteye impungenge

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

Ariko ahari bandambiwe-Umuhanzikazi Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.