Wednesday, November 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Inteko ishingamategeko yagaragaje icyababereye intambamyi mu kwegera abaturage mu gihembwe cya 3

radiotv10by radiotv10
05/08/2021
in MU RWANDA
0
Inteko ishingamategeko yagaragaje icyababereye intambamyi mu kwegera abaturage mu gihembwe cya 3
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwo hasozwaga igihembwe cya gatatu gisanzwe cya 2020/2021, mu nteko ishingamategeko bagaragaje ko muri ikigihembwe batabashije kujya gusura abaturage nk’uko bari basanwze babikora bitewe n’icyorezo cya COVID-19.

Perezida w’inteko ishingamategeko, Dr. Mukabarisa Donathile, asoza igihembwe cya gatatu gisanzwe cya 2020/2021, yagaragaje ko inteko yakoze mu bihe bidasanzwe kubera icyorezo cya COVID-19 kandi bagasohoza neza inshingano  bari bafite kuko batoye amategeko 23 ndetse  bakanemeza ishingiro  ry’imishingay’amategeko igera kuri 28.

Si ibyo gusa kuko hari n’ibindi bikorwa bakoze birimo kwakira abagize guverinoma bagira ibyo basobanura ndetse na bimwe mubigo bya leta.

Mu magambo ye, Dr.Mukabarisa Donathile yagize ati “Twakoze mu bihe bigoye kubera icyorezo cya COVID-19 ariko twifashishije ikoranabuhanga twatoye imishinga y’amategeko ndetse tunacyira bamwe mu bagize guverinoma bagira ibyo basobanura mu bihe bitandukanye”

Dr.Mukabarisa yavuze ko igikorwa abagize inteko  ishingamategeko bajyaga bakora cyo gusura abaturage  aho batuye bagamije kumva ibitekerezo byabo bitabakundiye kubera icyorezo cya COVID-19.

“Murabizi ko twajyaga tugira umwanya wo kujya gusura abaturage ngo twumve ibitekerezo byabo, tukaganira nabo ku iterambere ryabo, ariko ubu ntibyakunze kuko hari ingamba zo kwirinda COVID-19 zitatworoherezaga kujya kuganira n’abaturage”

Abagize inteko ishingamategeko bagaragaje ko bamaze imyaka ibiri bakora mu buryo budasanzwe bwo gukoresha ikoranabuhanga kubera ko hari icyorezo cya COVID-19 ariko ngo bagerageje  gukora akazi kabo n’ubwo bitari byoroshye

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 5 =

Previous Post

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Next Post

Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Related Posts

Icyo Urukiko rwashingiyeho rurekura nyiri uruganda rw’inzoga rwasanzwemo umuntu wapfuye

Icyo Urukiko rwashingiyeho rurekura nyiri uruganda rw’inzoga rwasanzwemo umuntu wapfuye

by radiotv10
19/11/2025
0

Ingabire Eugenie uyobora Uruganda Ikosora Drinks Ltd uregwa ibyaha birimo gucuruza cyangwa gukwirakwiza mu Gihugu ibintu bitujuje ubuziranenge, watawe muri...

Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara

Why saving money matters: The power of saving for your future

by radiotv10
19/11/2025
0

In a world where the cost of living keeps rising and responsibilities only grow heavier, saving money has become more...

Nyamasheke: Umukobwa wacuruzaga ‘Me2You’ yishwe n’abajura bamuteze bakamutera icyuma bakanamwambura

Igikekwa ku musaza wari wagiye gusangira urwagwa n’umuvandimwe we bakaza kumusanga mu mugezi yarapfuye

by radiotv10
18/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 76 wo mu Murenge wa Rangiro mu Karere ka Nyamasheke, wari wavuye iwe agiye kuvumba inzoga yari yahishijwe...

U Rwanda rwatanze umucyo ku ruhande rwarwitiriwe mu myanzuro y’ibyasabwe u Burusiya

Eng.-Minister Nduhungirehe criticizes renowned Congolese Doctor for ignoring key facts in his statement

by radiotv10
18/11/2025
0

The Minister of Foreign Affairs and Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, has expressed surprise that Dr. Denis Mukwege, a Congolese medical...

Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

by radiotv10
18/11/2025
0

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara, baravuga ko abakozi bari gucukura imiyoboro y’amazi bigabije imirima...

IZIHERUKA

Icyo Urukiko rwashingiyeho rurekura nyiri uruganda rw’inzoga rwasanzwemo umuntu wapfuye
MU RWANDA

Icyo Urukiko rwashingiyeho rurekura nyiri uruganda rw’inzoga rwasanzwemo umuntu wapfuye

by radiotv10
19/11/2025
0

Hamenyekanye igihe hazabera igitaramo mbaturamugabo cyakunze kwifuzwa na benshi muri muzika Nyarwanda

Hamenyekanye igihe hazabera igitaramo mbaturamugabo cyakunze kwifuzwa na benshi muri muzika Nyarwanda

19/11/2025
Perezida Trump yahishuriye rurangiranwa Cristiano Ronaldo ko umuhungu we amufana bikomeye

Perezida Trump yahishuriye rurangiranwa Cristiano Ronaldo ko umuhungu we amufana bikomeye

19/11/2025
Menya Igihugu cyabaye icya mbere muri Afurika cyakiriye umuti ukora nk’urukingo rwa SIDA

Menya Igihugu cyabaye icya mbere muri Afurika cyakiriye umuti ukora nk’urukingo rwa SIDA

19/11/2025
Icyizere kirahari ku kibazo gituma abaka inguzanyo Banki bahomba bamwe bagaterezwa cyamunara

Why saving money matters: The power of saving for your future

19/11/2025
Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

19/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Urukiko rwashingiyeho rurekura nyiri uruganda rw’inzoga rwasanzwemo umuntu wapfuye

Hamenyekanye igihe hazabera igitaramo mbaturamugabo cyakunze kwifuzwa na benshi muri muzika Nyarwanda

Perezida Trump yahishuriye rurangiranwa Cristiano Ronaldo ko umuhungu we amufana bikomeye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.