Friday, November 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Inteko ishingamategeko yagaragaje icyababereye intambamyi mu kwegera abaturage mu gihembwe cya 3

radiotv10by radiotv10
05/08/2021
in MU RWANDA
0
Inteko ishingamategeko yagaragaje icyababereye intambamyi mu kwegera abaturage mu gihembwe cya 3
Share on FacebookShare on Twitter

Ubwo hasozwaga igihembwe cya gatatu gisanzwe cya 2020/2021, mu nteko ishingamategeko bagaragaje ko muri ikigihembwe batabashije kujya gusura abaturage nk’uko bari basanwze babikora bitewe n’icyorezo cya COVID-19.

Perezida w’inteko ishingamategeko, Dr. Mukabarisa Donathile, asoza igihembwe cya gatatu gisanzwe cya 2020/2021, yagaragaje ko inteko yakoze mu bihe bidasanzwe kubera icyorezo cya COVID-19 kandi bagasohoza neza inshingano  bari bafite kuko batoye amategeko 23 ndetse  bakanemeza ishingiro  ry’imishingay’amategeko igera kuri 28.

Si ibyo gusa kuko hari n’ibindi bikorwa bakoze birimo kwakira abagize guverinoma bagira ibyo basobanura ndetse na bimwe mubigo bya leta.

Mu magambo ye, Dr.Mukabarisa Donathile yagize ati “Twakoze mu bihe bigoye kubera icyorezo cya COVID-19 ariko twifashishije ikoranabuhanga twatoye imishinga y’amategeko ndetse tunacyira bamwe mu bagize guverinoma bagira ibyo basobanura mu bihe bitandukanye”

Dr.Mukabarisa yavuze ko igikorwa abagize inteko  ishingamategeko bajyaga bakora cyo gusura abaturage  aho batuye bagamije kumva ibitekerezo byabo bitabakundiye kubera icyorezo cya COVID-19.

“Murabizi ko twajyaga tugira umwanya wo kujya gusura abaturage ngo twumve ibitekerezo byabo, tukaganira nabo ku iterambere ryabo, ariko ubu ntibyakunze kuko hari ingamba zo kwirinda COVID-19 zitatworoherezaga kujya kuganira n’abaturage”

Abagize inteko ishingamategeko bagaragaje ko bamaze imyaka ibiri bakora mu buryo budasanzwe bwo gukoresha ikoranabuhanga kubera ko hari icyorezo cya COVID-19 ariko ngo bagerageje  gukora akazi kabo n’ubwo bitari byoroshye

Inkuru ya: MURAGIJEMALIYA Juventine/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight − 4 =

Previous Post

UBUKUNGU: Ni gute u Rwanda ruzishyura ideni mu kwaka ayandi madeni?

Next Post

Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Related Posts

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Perezida Paul Kagame avuga ko abantu badakwiye gukomeza kuzamura impaka z’igihe hazafungurirwa insengero zafunzwe, ahubwo ko bari bakwiye gutekereza ibyabateza...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

by radiotv10
27/11/2025
0

The scheduled period for collecting information and photographing residents of Huye, Gisagara, and Nyanza districts in the Southern Province for...

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ryasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

by radiotv10
27/11/2025
0

A group of former Israel Defense Forces (IDF) soldiers, including those who were injured in combat, are on a visit...

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

by radiotv10
27/11/2025
0

Abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba bari mu ruzinduko mu Rwanda, bakinnye n’ikipe y’Igihugu...

IZIHERUKA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe
MU RWANDA

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

27/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

27/11/2025
UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

27/11/2025
Abari abasirikare ba Israel bamugariye ku rugamba bari mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti

Eng.-Former Israeli Soldiers injured in combat play friendly match in Rwanda

27/11/2025
Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

Amakuru agezweho ku ba mbere bakurikinyweho gusakaza amashusho ya Yampano

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.