Wednesday, December 3, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Inzira nshya, ibihangange bizitabira, udushya duteganyijwe,…-Amakuru udakwiye gucikwa ya TduRwanda2022

radiotv10by radiotv10
01/12/2021
in SIPORO
0
Inzira nshya, ibihangange bizitabira, udushya duteganyijwe,…-Amakuru udakwiye gucikwa ya TduRwanda2022
Share on FacebookShare on Twitter

Tour du Rwanda 2022 iteganyijwe hagati ya tariki 20-27 Gashyantare 2021, izitabirwa n’amakipe 19 arimo abiri yo mu Rwanda mu gihe iri siganwa ry’amagare rigiye kuba ku nshuro ya 14 ritazajya i Huye nk’uko byari bisanzwe.

Ku nshuro ya 14, mu Rwanda hagiye kubera isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda “Tour du Rwanda 2022, isiganwa rizitabirwa n’amakipe 19 arimo amakipe y’ibihugu, amakipe akina amarushanwa yo ku mugabane, amakipe aybigize umwuga, ndetse n’ikipe imwe amasiganwa akomeye ku isi.

Ni isiganwa rizakinwa hubahirizwa ingamba zo kwirinda COVID-19 nk’uko byagenze umwaka ushize, aho uduce twose tw’irushanwa amakipe azajya akina akarara mu mujyi wa Kigali ahari Hotel zizaba zateguwe.

  1. Ku Cyumweru tariki 20/02/2022, Kigali-Kigali Arena (gusiganwa umuntu ku giti cye), 4.0 Kms
  2. Ku wa Mbere tariki 21/02/2022 Kigali-Rwamagana (148.3 Kms)
  3. Ku wa Kabiri tariki tariki 22/02/2022, Kigali-Rubavu, (155,9Kms)
  4. Ku wa Gatatu tariki tariki 23/02/2022, Kigali-Gicumbi (124.3 Kms)
  5. Ku wa Kane tariki tariki 24/02/2022, Muhanga-Musanze (124.7 Kms)
  6. Ku wa Gatanu tariki tariki 25/02/2022, Musanze-Kigali (152.0 Kms)
  7. Ku wa Gatandatu tariki tariki 26/02/2022, Kigali-Kigali (152.6 Kms)
  8. Ku Cyumweru tariki tariki 27/02/2022, Kigali-Kigali (75.3 Kms)

Amakipe y’ibihugu

  • Team Rwanda
  • Team Morocco
  • Team Algeria

 

UCI Continental Teams

  • Benediction Ignite
  • Tartelletto-Isorex (Belgium)
  • Bike Aid
  • TSG Terengganu (Malaysia)
  • Pro Touch (Afurika y’Epfo)
  • SKS Saurel
  • Wildlife Generation (USA)
  • Team Coop (Norvege)
  • Novo Nordsik (USA)

 

UCI Pro Teams

  • B&B Hotels (frnace)
  • Drone Hopper-Androni (Italy)
  • Total Direct Energie (France)
  • Team Burgos-BH (Espagne)

 

UCI World Team

  • Israel Start-Up Nation (Israel)

Ibishya biri muri Tour du Rwanda 2022

  • Umuyobozi wa Tour de France Christian Prudhomme azaba ari muri Tour du Rwanda 2022
  • Imodoka nyinshi zizaba ziri muri Tour du Rwanda zizaba ari iza Volks Wargen ziteranyirizwa mu Rwanda
  • Uzegukane agace azajya yambara umwambaro wa Amstel
  • Uyoboye isiganwa (Maillot Jaune) azambara Visit Rwanda
  • Uhiga abandi mu kuzamuka Meilleur Grimpeur:Cogebanque
  • Umunyarwanda uri imbere azaba yambaye Forzza Rwanda
  • Umunyafurika wa mbere: Rwandair
  • Uwa mbere mu guhatana (Most Co,bative): Horizon
  • Ikipe ya mbere: Inyange

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − 14 =

Previous Post

Rulindo: Umugore akurikiranyweho kumena amazi ashyushye ku muhungu we ngo ashaka kumuca ku bujura

Next Post

Nyagatare: Abahinzi babonye ifumbire itanga umusaruro utubutse ariko ngo ntibabasha kuyigondera

Related Posts

Abijanditse mu gikunze kuvugwaho kwica ruhago Nyarwanda bategujwe ikibategereje bidatinze

Abijanditse mu gikunze kuvugwaho kwica ruhago Nyarwanda bategujwe ikibategereje bidatinze

by radiotv10
02/12/2025
0

Umunyamabanga Mushya Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bonnie Mugabe avuga ko yinjiye muri iri shyirahamwe azi ko amanyanga...

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

by radiotv10
30/11/2025
0

Biniam Girmay ukomoka mu Gihugu cya Eritrea ni we wabaye Umukinnyi w'umwaka muri Afurika mu mukino w'amagare muri 2025, mu...

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

by radiotv10
28/11/2025
0

Rutahizamu w'ikipe ya Arsenal Bukayo Saka yasabye urukundo Tolami Benson, umukobwa bakundanye igihe kirekire, mu birori byabereye muri resitora yo...

Rayon Sports igiye kumara hafi ukwezi idafite umwe mu bakinnyi b’ingenzi

Rayon Sports igiye kumara hafi ukwezi idafite umwe mu bakinnyi b’ingenzi

by radiotv10
28/11/2025
0

Umukinnyi wo hagati Bigirimana Abedi wa Rayon Sports, agiye kumara ibyumweru bitatu hanze y’ikibuga adakina kubera imvune yagize. Aya makuru...

Hatangajwe ibihano byafatiwe umukinnyi w’Umurundi wigaragaje mu mukino wakurikiwe n’ubushyamirane mu Rwanda n’icyo yahaniwe

Hatangajwe ibihano byafatiwe umukinnyi w’Umurundi wigaragaje mu mukino wakurikiwe n’ubushyamirane mu Rwanda n’icyo yahaniwe

by radiotv10
28/11/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yahagaritse imikino itatu rutahizamu w’Umurundi Jean Claude Girumugisha ukinira Al Hilal Omdurman, nyuma yo...

IZIHERUKA

ADEPR yashyize hanze umucyo ku byavugwaga ko yanze gusezeranya umuririmbyi Vestine
IBYAMAMARE

ADEPR yashyize hanze umucyo ku byavugwaga ko yanze gusezeranya umuririmbyi Vestine

by radiotv10
03/12/2025
0

Umuhanzi Yampano umaze iminsi agarukwaho biravugwa ko atari kubarizwa mu Rwanda

Umuhanzi Yampano umaze iminsi agarukwaho biravugwa ko atari kubarizwa mu Rwanda

03/12/2025
Kurasana hagati y’igisirikare cya Congo n’icya Uganda kwasize uruhande rumwe rupfushije abasirikare bamwe

Kurasana hagati y’igisirikare cya Congo n’icya Uganda kwasize uruhande rumwe rupfushije abasirikare bamwe

03/12/2025
AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame na we yageze muri America gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Congo

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame na we yageze muri America gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Congo

03/12/2025
Min.Nduhungirehe yavuze ibyo yamenye kuri Gen.(Rtd) Kabarebe atari amuziho mbere yuko bakorana

Min.Nduhungirehe yavuze ibyo yamenye kuri Gen.(Rtd) Kabarebe atari amuziho mbere yuko bakorana

03/12/2025
Amakuru mashya: Abapolisi b’u Rwanda 74 barimo babiri bo ku rwego rwo hejuru bashyizwe mu kiruhuko

Amakuru mashya: Abapolisi b’u Rwanda 74 barimo babiri bo ku rwego rwo hejuru bashyizwe mu kiruhuko

03/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyagatare: Abahinzi babonye ifumbire itanga umusaruro utubutse ariko ngo ntibabasha kuyigondera

Nyagatare: Abahinzi babonye ifumbire itanga umusaruro utubutse ariko ngo ntibabasha kuyigondera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

ADEPR yashyize hanze umucyo ku byavugwaga ko yanze gusezeranya umuririmbyi Vestine

Umuhanzi Yampano umaze iminsi agarukwaho biravugwa ko atari kubarizwa mu Rwanda

Kurasana hagati y’igisirikare cya Congo n’icya Uganda kwasize uruhande rumwe rupfushije abasirikare bamwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.