Saturday, December 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Inzira nshya, ibihangange bizitabira, udushya duteganyijwe,…-Amakuru udakwiye gucikwa ya TduRwanda2022

radiotv10by radiotv10
01/12/2021
in SIPORO
0
Inzira nshya, ibihangange bizitabira, udushya duteganyijwe,…-Amakuru udakwiye gucikwa ya TduRwanda2022
Share on FacebookShare on Twitter

Tour du Rwanda 2022 iteganyijwe hagati ya tariki 20-27 Gashyantare 2021, izitabirwa n’amakipe 19 arimo abiri yo mu Rwanda mu gihe iri siganwa ry’amagare rigiye kuba ku nshuro ya 14 ritazajya i Huye nk’uko byari bisanzwe.

Ku nshuro ya 14, mu Rwanda hagiye kubera isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda “Tour du Rwanda 2022, isiganwa rizitabirwa n’amakipe 19 arimo amakipe y’ibihugu, amakipe akina amarushanwa yo ku mugabane, amakipe aybigize umwuga, ndetse n’ikipe imwe amasiganwa akomeye ku isi.

Ni isiganwa rizakinwa hubahirizwa ingamba zo kwirinda COVID-19 nk’uko byagenze umwaka ushize, aho uduce twose tw’irushanwa amakipe azajya akina akarara mu mujyi wa Kigali ahari Hotel zizaba zateguwe.

  1. Ku Cyumweru tariki 20/02/2022, Kigali-Kigali Arena (gusiganwa umuntu ku giti cye), 4.0 Kms
  2. Ku wa Mbere tariki 21/02/2022 Kigali-Rwamagana (148.3 Kms)
  3. Ku wa Kabiri tariki tariki 22/02/2022, Kigali-Rubavu, (155,9Kms)
  4. Ku wa Gatatu tariki tariki 23/02/2022, Kigali-Gicumbi (124.3 Kms)
  5. Ku wa Kane tariki tariki 24/02/2022, Muhanga-Musanze (124.7 Kms)
  6. Ku wa Gatanu tariki tariki 25/02/2022, Musanze-Kigali (152.0 Kms)
  7. Ku wa Gatandatu tariki tariki 26/02/2022, Kigali-Kigali (152.6 Kms)
  8. Ku Cyumweru tariki tariki 27/02/2022, Kigali-Kigali (75.3 Kms)

Amakipe y’ibihugu

  • Team Rwanda
  • Team Morocco
  • Team Algeria

 

UCI Continental Teams

  • Benediction Ignite
  • Tartelletto-Isorex (Belgium)
  • Bike Aid
  • TSG Terengganu (Malaysia)
  • Pro Touch (Afurika y’Epfo)
  • SKS Saurel
  • Wildlife Generation (USA)
  • Team Coop (Norvege)
  • Novo Nordsik (USA)

 

UCI Pro Teams

  • B&B Hotels (frnace)
  • Drone Hopper-Androni (Italy)
  • Total Direct Energie (France)
  • Team Burgos-BH (Espagne)

 

UCI World Team

  • Israel Start-Up Nation (Israel)

Ibishya biri muri Tour du Rwanda 2022

  • Umuyobozi wa Tour de France Christian Prudhomme azaba ari muri Tour du Rwanda 2022
  • Imodoka nyinshi zizaba ziri muri Tour du Rwanda zizaba ari iza Volks Wargen ziteranyirizwa mu Rwanda
  • Uzegukane agace azajya yambara umwambaro wa Amstel
  • Uyoboye isiganwa (Maillot Jaune) azambara Visit Rwanda
  • Uhiga abandi mu kuzamuka Meilleur Grimpeur:Cogebanque
  • Umunyarwanda uri imbere azaba yambaye Forzza Rwanda
  • Umunyafurika wa mbere: Rwandair
  • Uwa mbere mu guhatana (Most Co,bative): Horizon
  • Ikipe ya mbere: Inyange

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen − 5 =

Previous Post

Rulindo: Umugore akurikiranyweho kumena amazi ashyushye ku muhungu we ngo ashaka kumuca ku bujura

Next Post

Nyagatare: Abahinzi babonye ifumbire itanga umusaruro utubutse ariko ngo ntibabasha kuyigondera

Related Posts

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yemeje amafaranga angana na miliyoni 620 z’amayero (€620 M) azagenerwa ibihugu 48 bizitabira igikombe...

IZIHERUKA

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo
MU RWANDA

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

by radiotv10
19/12/2025
0

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

19/12/2025
AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

19/12/2025
Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

19/12/2025
Umugabo wahigishwaga uruhindu muri America yabonetse yapfuye

Umugabo wahigishwaga uruhindu muri America yabonetse yapfuye

19/12/2025
Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

19/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyagatare: Abahinzi babonye ifumbire itanga umusaruro utubutse ariko ngo ntibabasha kuyigondera

Nyagatare: Abahinzi babonye ifumbire itanga umusaruro utubutse ariko ngo ntibabasha kuyigondera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.