Saturday, May 10, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza

radiotv10by radiotv10
14/10/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza
Share on FacebookShare on Twitter

Umukobwa uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Nene Treccy akomeje kwanikira bagenzi be mu matora yo kuri internet mu bihembo bizwi nka Diva Awards, aho ari imbere y’abarimo Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Swalla Reponse n’abandi.

Aba bakobwa bahatanye muri Diva Award iri kuba ku nshuro ya kabiri, bahatanye mu cyiciro cy’umukiliya mwiza w’umwaka (Queen of beauty).

Muri iki cyiciro ahatanye n’abandi bakobwa barimo “Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Umukundwa Cadette, Swalla, Nadia Mutesi, Ange Bae, Christa Mendes, Mimy La Diva na Nene Treccy.”

Amatora yo kuri internet yatangiye kuba taliki ya 25 Nzeri 2024, akaba azasozwa ku ya 25 Ukwakira.

Kugeza ubu muri iki cyiciro gihanzwe amaso n’abantu benshi uyu mukobwa witwa Nene Treccy akomeje kubaza imbere aho akurikirwa na Vanessa Hermajesty na Swalla Reponse. Uza ku mwanya wa nyuma muri bo ni uwitwa Mimy La Diva.

Iri tangwa ry’ibihembo rihemba abantu bakora ibintu by’ubwiza mu Rwanda biteganyijwe ko rizaba taliki ya 27 Ukwakira 2024.

Mu cyiciro cya Salon nziza iri imbere ni iyitwa ‘Saranda Beauty Salon’, mu bakora neza massage (Best Spa) abari imbere ni abitwa Cassa massage Spa.

Mu batunganya imisatsi y’abagore uyoboye abandi ni uwitwa ‘Frank Hairstyle’, mu cyiciro cy’abagabo naho mu bagore hakaba hayoboye uwitwa ‘Miss beauty Hair.’

Mu bogosha uri imbere mu bagabo ni ‘Lando Barber’ mugihe mu bagore ari ‘Esthercula the barber.’

Mu bakora inzara mu bagabo ukomeje kuza imbere ni Houssein Nails naho mu bagore akaba ari uwitwa ‘Cecile Nails.’

Mu bakora Make-Up uri imbere ni uwitwa Sauda Make-Up, mugihe abakora ingohe (lashes) bayobowe na Kigali Lash Pro. Mu bakora Tattoo uri imbere ni uwitwa Da Paul Tattoo.

Kuri iyi nshuro hajemo n’abakora ibintu by’ubwiza bo mu ntara, aho uwitwa Mama Keilla ukorera mu karere ka Huye ariwe uri imbere mu bakora Make-up, uwitwa Fils Noel Nails ukorera I Rubavu aza imbere mu bakora inzara mugihe salon nziza ari iyitwa Hollywood chic salon ikorera i Rusizi.

Amatora arakomeje, aho ushobora gutora unyuze hano…

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty − 20 =

Previous Post

Hemejwe amakuru y’ifungwa ry’Umuyobozi Mukuru wa SONARWA hatangazwa n’amamiliyoni akekwaho kunyereza

Next Post

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Related Posts

Umuryango w’ikirangirire Rihanna washyize hanze inkuru y’ibyishimo witegura yatunguye benshi

Umuryango w’ikirangirire Rihanna washyize hanze inkuru y’ibyishimo witegura yatunguye benshi

by radiotv10
06/05/2025
0

Umuhanzikazi w’ikirangirire, Robyn Rihanna Fenty wamamaye nka Rihanna, we n’umugabo we A$AP Rocky baritegura kwibaruka umwana wa gatatu, uje agwa...

Umuhangamideri Moses Turahirwa kuva yakongera gutabwa muri yombi yongeye kugaragara

Umuhangamideri Moses Turahirwa kuva yakongera gutabwa muri yombi yongeye kugaragara

by radiotv10
06/05/2025
0

Turahirwa Moses uzwi mu ruganda rwo guhanga imideri wanashinze inzu ya Moshions, akaba aherutse kongera gutabwa muri yombi ku nshuro...

Seven tips for a happy marriage

Seven tips for a happy marriage

by radiotv10
05/05/2025
0

There are so many ways one could sustain a relationship with their partner to build a happy marriage and a...

Umuhanzikazi w’Indirimbo z’Imana Vestine yahamije ko we n’umugabo we bamaze kuba umwe

Amagambo aryohereye Umuhanzikazi Vestine yakoresheje ataka umugabo we yanagaragaje itariki y’ubukwe bwabo

by radiotv10
05/05/2025
0

Umuhanzikazi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yashyize hanze itariki y’ubukwe bwe n’umukunzi we w'Umunya-Burkina Faso Ouedraogo, yongera...

Umuhanzikazi w’Indirimbo z’Imana Vestine yahamije ko we n’umugabo we bamaze kuba umwe

Umuhanzikazi w’Indirimbo z’Imana Vestine yahamije ko we n’umugabo we bamaze kuba umwe

by radiotv10
02/05/2025
0

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine uhuriye mu itsinda rimwe n’umuvandimwe Dorcas, yamaze kongera izina ry’umugabo we...

IZIHERUKA

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda
Uncategorized

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.