Sunday, June 29, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza

radiotv10by radiotv10
14/10/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza
Share on FacebookShare on Twitter

Umukobwa uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Nene Treccy akomeje kwanikira bagenzi be mu matora yo kuri internet mu bihembo bizwi nka Diva Awards, aho ari imbere y’abarimo Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Swalla Reponse n’abandi.

Aba bakobwa bahatanye muri Diva Award iri kuba ku nshuro ya kabiri, bahatanye mu cyiciro cy’umukiliya mwiza w’umwaka (Queen of beauty).

Muri iki cyiciro ahatanye n’abandi bakobwa barimo “Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Umukundwa Cadette, Swalla, Nadia Mutesi, Ange Bae, Christa Mendes, Mimy La Diva na Nene Treccy.”

Amatora yo kuri internet yatangiye kuba taliki ya 25 Nzeri 2024, akaba azasozwa ku ya 25 Ukwakira.

Kugeza ubu muri iki cyiciro gihanzwe amaso n’abantu benshi uyu mukobwa witwa Nene Treccy akomeje kubaza imbere aho akurikirwa na Vanessa Hermajesty na Swalla Reponse. Uza ku mwanya wa nyuma muri bo ni uwitwa Mimy La Diva.

Iri tangwa ry’ibihembo rihemba abantu bakora ibintu by’ubwiza mu Rwanda biteganyijwe ko rizaba taliki ya 27 Ukwakira 2024.

Mu cyiciro cya Salon nziza iri imbere ni iyitwa ‘Saranda Beauty Salon’, mu bakora neza massage (Best Spa) abari imbere ni abitwa Cassa massage Spa.

Mu batunganya imisatsi y’abagore uyoboye abandi ni uwitwa ‘Frank Hairstyle’, mu cyiciro cy’abagabo naho mu bagore hakaba hayoboye uwitwa ‘Miss beauty Hair.’

Mu bogosha uri imbere mu bagabo ni ‘Lando Barber’ mugihe mu bagore ari ‘Esthercula the barber.’

Mu bakora inzara mu bagabo ukomeje kuza imbere ni Houssein Nails naho mu bagore akaba ari uwitwa ‘Cecile Nails.’

Mu bakora Make-Up uri imbere ni uwitwa Sauda Make-Up, mugihe abakora ingohe (lashes) bayobowe na Kigali Lash Pro. Mu bakora Tattoo uri imbere ni uwitwa Da Paul Tattoo.

Kuri iyi nshuro hajemo n’abakora ibintu by’ubwiza bo mu ntara, aho uwitwa Mama Keilla ukorera mu karere ka Huye ariwe uri imbere mu bakora Make-up, uwitwa Fils Noel Nails ukorera I Rubavu aza imbere mu bakora inzara mugihe salon nziza ari iyitwa Hollywood chic salon ikorera i Rusizi.

Amatora arakomeje, aho ushobora gutora unyuze hano…

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

14 − four =

Previous Post

Hemejwe amakuru y’ifungwa ry’Umuyobozi Mukuru wa SONARWA hatangazwa n’amamiliyoni akekwaho kunyereza

Next Post

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Related Posts

Umunyamakuru Paul Rutikanga yasezeranye mu mategeko

Umunyamakuru Paul Rutikanga yasezeranye mu mategeko

by radiotv10
27/06/2025
0

Umunyamakuru Paul Rutikanga wamenyekanye asoma amakuru kuri Tereviziyo Rwanda, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bamaze igihe bakundana. Isezerano ryasize Paul...

Umunyamakuru ‘Yago’ yatanze umucyo ku byavugwaga ko hagati ye n’umukobwa babyaranye bitameze neza

Umunyamakuru ‘Yago’ yatanze umucyo ku byavugwaga ko hagati ye n’umukobwa babyaranye bitameze neza

by radiotv10
26/06/2025
0

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka ‘Yago Pon Dat’ yemeje ko yatandukanye n’umukobwa babyaranye banabanaga, avuga ko yamusize akanajya...

Undi muhanzi uzwi mu Rwanda mu ndirimbo z’Imana agiye kurushingana na mugenzi we w’umuririmbyi

Undi muhanzi uzwi mu Rwanda mu ndirimbo z’Imana agiye kurushingana na mugenzi we w’umuririmbyi

by radiotv10
23/06/2025
0

Umuhanzi Chryso Ndasingwa uzwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, agiye gukora ubukwe na Sharon Gatete na we usanzwe...

Umuhanzikazi Vestine umaze amezi atanu asezeranye yakorewe ibirori bibanziria ubukwe (AMAFOTO)

Umuhanzikazi Vestine umaze amezi atanu asezeranye yakorewe ibirori bibanziria ubukwe (AMAFOTO)

by radiotv10
23/06/2025
0

Umuhanzikazi Vestine uzwi mu itsinda ahuriyemo n’umuvandimwe we Dorcas, yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’ nyuma y’igihe...

Andi makuru avugwa ku isezera ry’umwe mu bahanzi bari mu bitaramo ‘Iwacu Muzika Festival’

Andi makuru avugwa ku isezera ry’umwe mu bahanzi bari mu bitaramo ‘Iwacu Muzika Festival’

by radiotv10
23/06/2025
0

Umuhanzi Kevin Kade yamaze kuva mu bazasusurutsa abantu mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival 2025, kubera ikindi gikorwa azitabira...

IZIHERUKA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye
IMIBEREHO MYIZA

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

by radiotv10
28/06/2025
0

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

28/06/2025
Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

28/06/2025
Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

Eng.-Key points in the Peace Agreement signed between Rwanda and DRC

28/06/2025
Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

27/06/2025
“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

27/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Rubavu: Amaso yaheze mu kirere ku giceri cya 10Frw bari bizejwe kongererwa ku kazi bakora

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.