Tuesday, October 14, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza

radiotv10by radiotv10
14/10/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Irebere umukobwa w’ikizungerezi ukomeje kwanikira abandi mu bihembo birimo iby’ubwiza
Share on FacebookShare on Twitter

Umukobwa uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Nene Treccy akomeje kwanikira bagenzi be mu matora yo kuri internet mu bihembo bizwi nka Diva Awards, aho ari imbere y’abarimo Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Swalla Reponse n’abandi.

Aba bakobwa bahatanye muri Diva Award iri kuba ku nshuro ya kabiri, bahatanye mu cyiciro cy’umukiliya mwiza w’umwaka (Queen of beauty).

Muri iki cyiciro ahatanye n’abandi bakobwa barimo “Shaddy Boo, Vanessa Hermajesty, Umukundwa Cadette, Swalla, Nadia Mutesi, Ange Bae, Christa Mendes, Mimy La Diva na Nene Treccy.”

Amatora yo kuri internet yatangiye kuba taliki ya 25 Nzeri 2024, akaba azasozwa ku ya 25 Ukwakira.

Kugeza ubu muri iki cyiciro gihanzwe amaso n’abantu benshi uyu mukobwa witwa Nene Treccy akomeje kubaza imbere aho akurikirwa na Vanessa Hermajesty na Swalla Reponse. Uza ku mwanya wa nyuma muri bo ni uwitwa Mimy La Diva.

Iri tangwa ry’ibihembo rihemba abantu bakora ibintu by’ubwiza mu Rwanda biteganyijwe ko rizaba taliki ya 27 Ukwakira 2024.

Mu cyiciro cya Salon nziza iri imbere ni iyitwa ‘Saranda Beauty Salon’, mu bakora neza massage (Best Spa) abari imbere ni abitwa Cassa massage Spa.

Mu batunganya imisatsi y’abagore uyoboye abandi ni uwitwa ‘Frank Hairstyle’, mu cyiciro cy’abagabo naho mu bagore hakaba hayoboye uwitwa ‘Miss beauty Hair.’

Mu bogosha uri imbere mu bagabo ni ‘Lando Barber’ mugihe mu bagore ari ‘Esthercula the barber.’

Mu bakora inzara mu bagabo ukomeje kuza imbere ni Houssein Nails naho mu bagore akaba ari uwitwa ‘Cecile Nails.’

Mu bakora Make-Up uri imbere ni uwitwa Sauda Make-Up, mugihe abakora ingohe (lashes) bayobowe na Kigali Lash Pro. Mu bakora Tattoo uri imbere ni uwitwa Da Paul Tattoo.

Kuri iyi nshuro hajemo n’abakora ibintu by’ubwiza bo mu ntara, aho uwitwa Mama Keilla ukorera mu karere ka Huye ariwe uri imbere mu bakora Make-up, uwitwa Fils Noel Nails ukorera I Rubavu aza imbere mu bakora inzara mugihe salon nziza ari iyitwa Hollywood chic salon ikorera i Rusizi.

Amatora arakomeje, aho ushobora gutora unyuze hano…

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × three =

Previous Post

Hemejwe amakuru y’ifungwa ry’Umuyobozi Mukuru wa SONARWA hatangazwa n’amamiliyoni akekwaho kunyereza

Next Post

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Related Posts

Abahanzikazi bagezweho muri Gospel Nyarwanda Vestine&Dorcas buriye indege berecyeje hanze

Abahanzikazi bagezweho muri Gospel Nyarwanda Vestine&Dorcas buriye indege berecyeje hanze

by radiotv10
13/10/2025
0

Abahanzikazi Vestine na Dorcas basanzwe ari abavandimwe baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Nyagasani, buriye rutemikirere berecyeje muri Canada mu...

Abahanzikazi Vestine na Dorcas bwa mbere bavuze uko ubuzima bumeze nyuma yuko umwe arushinze

Abahanzikazi Vestine na Dorcas bwa mbere bavuze uko ubuzima bumeze nyuma yuko umwe arushinze

by radiotv10
13/10/2025
0

Abahanzi b’abavandimwe Dorcas na Vestine bazwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, bavuze ko nyuma yuko umwe muri bo...

‘Bishop Gafaranga’ nyuma yo gufungurwa hari ubutumwa buvugwa afitiye abantu

‘Bishop Gafaranga’ nyuma yo gufungurwa hari ubutumwa buvugwa afitiye abantu

by radiotv10
11/10/2025
0

Umunyamakuru Julius William Niyitegeka uzwi nka Julius Chita, usanzwe ari inshuti ya Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga, wafunguywe nyuma...

The pressure to go out every Friday: Is staying home, okay?

The pressure to go out every Friday: Is staying home, okay?

by radiotv10
10/10/2025
0

In today’s social media age, Fridays have almost become a performance. As soon as the weekend hits, timelines fill with...

Why African parents struggle to understand “Influencer Jobs”

Why African parents struggle to understand “Influencer Jobs”

by radiotv10
10/10/2025
0

For many African parents, the idea of being an “influencer” sounds confusing, unserious, or even risky. To them, a job...

IZIHERUKA

Challenges women face when starting businesses in Rwanda
MU RWANDA

Challenges women face when starting businesses in Rwanda

by radiotv10
14/10/2025
0

Icyo basabira umuturanyi wabo uri mu buzima bubabaje burimo kuba ahahoze ubwiherero

Icyo basabira umuturanyi wabo uri mu buzima bubabaje burimo kuba ahahoze ubwiherero

14/10/2025
BREAKING: Rayon yahagaritse Umutoza Afhamia Lotfi itandukana burundu na myugariro wayo

BREAKING: Rayon yahagaritse Umutoza Afhamia Lotfi itandukana burundu na myugariro wayo

13/10/2025
Amahirwe ku Banyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’Abofisiye

Amahirwe ku Banyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’Abofisiye

13/10/2025
AMAKURU MASHYA: Urujya n’uruza mu muhanda Kigali-Muhanga rwabangamiwe

AMAKURU MASHYA: Urujya n’uruza mu muhanda Kigali-Muhanga rwabangamiwe

13/10/2025
Uko imirwano ya AFC/M23 na Wazalendo yagenze mu gace kamwe i Walikare

Amayobera ku cyatumye uruhande ruhanganye na AFC/M23 rufata icyemezo gitunguranye

13/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Mobile Money Rwanda Ltd Celebrates Customer Service Week by Announcing BivaMoMotima Grand Prize Winners During Car Handover

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Challenges women face when starting businesses in Rwanda

Icyo basabira umuturanyi wabo uri mu buzima bubabaje burimo kuba ahahoze ubwiherero

BREAKING: Rayon yahagaritse Umutoza Afhamia Lotfi itandukana burundu na myugariro wayo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.