Monday, January 12, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ishyamba si ryeru mu ikipe y’Igihugu kizakira Igikombe cy’u Burayi

radiotv10by radiotv10
24/11/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Ishyamba si ryeru mu ikipe y’Igihugu kizakira Igikombe cy’u Burayi
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’imikino y’Ibihugu, mu ikipe y’Igihugu y’u Budage kizakira imikino ya nyuma y’Igikombe cy’u Burayi cya 2024, ishyamba si ryeru hagati y’umutoza n’abakinnyi.

Julian Nahelsmann ni umutoza mushya w’iyi kipe, yahawe akazi asimbuye Hansi Flick wirukanywe amaze gutsindwa n’u Buyapani ibitego 4-1.

Intangiriro y’akazi ka Nagelmann yahereye ku mukino wa gishuti wahuje ikipe ye na Leta Zunze Ubumwe za America bayitsinda 3-1.

Bakurikijeho umukino Mexique, wo banganya 2-2.

Yari imikino ya gishuti ariko imikino y’amarushanwa yo yayitangiye muri uku kwezi mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’u Burayi n’ubwo bo itike bayifite kuko bazakira iri rushanwa.

Mu mikino ibiri bakinnye (Turkey na Austria) nta n’umwe batsinze, Turkey yabatsindiye mu rugo 3-2, nanone bongera gutsindwa na Austria 2-0.

Iyi myitwarire yazamuye kutumvikana hagati y’umutoza Nagelsmann n’abakinnyi be batari kumva no kwizera imitoreze ye idatanga umusaruro.

Abakinnyi batari kwishimira ibyo uyu mutoza akora, barimo Leroy Sane utishimiye imikinishirize ye ku ngoma y’uyu mutoza ndetse na Kai Havertz usigaye ukinishwa inyuma ku ruhande rw’ibumoso, mu gihe asanzwe akina hagati mu kibuga.

Abel Deus KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × one =

Previous Post

Bisi za mbere zikoresha amashanyarazi 100% zari zitegerejwe mu Rwanda zahasesekaye

Next Post

Urukiko rutegetse ko ukekwaho kwiba telefone ya The Ben afungurwa

Related Posts

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe y'Amgaju FC, bwirukanye abatoza bose bayitozaga, ibashinja umusaruro mubi, harimo no kuba banyagiwe ibitego 8-0 na Al Hilal,...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ikipe ya FC Barcelona yatwaye igikombe kiruta ibindi muri Spain (Spanish Super Cup cyangwa Supercopa de España) nyuma yo gutsinda...

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

by radiotv10
10/01/2026
0

In a world full of intense workout trends and gym culture, walking is often overlooked. Many people believe that if...

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Nyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko...

IZIHERUKA

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo
FOOTBALL

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

12/01/2026
Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

12/01/2026
Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

12/01/2026
Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

12/01/2026
Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Urukiko rutegetse ko ukekwaho kwiba telefone ya The Ben afungurwa

Urukiko rutegetse ko ukekwaho kwiba telefone ya The Ben afungurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Editorial: The New World Economic Order

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.