Friday, November 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kayonza: Umuhungu arakekwaho gushuka mugenzi we ngo aze amuhe ubufasha yahagera akamufungirana akamusambanya

radiotv10by radiotv10
19/08/2022
in MU RWANDA
0
Kayonza: Umuhungu arakekwaho gushuka mugenzi we ngo aze amuhe ubufasha yahagera akamufungirana akamusambanya
Share on FacebookShare on Twitter

Mu Murenge wa Mwiri mu Karere ka Kayonza, haravugwa umusore w’imyaka 25 y’amavuko watawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu ubundi akamuha 5 000 Frw ngo azaryumeho.

Uyu musore yatawe muri yombi kuri uyu wa Kane tariki 18 Kanama 2022, ubu akaba afungiwe kuri sitasiyo Kageyo.

Yatawe muri yombi nyuma y’umunsi umwe hayeho kiriya gikorwa akekwaho, ubwo umuhungu w’imyaka 16 wasambanyijwe, abivuze kuko byari bikomeje kumugirago ingaruka.

Gusambanya uyu mwana w’umuhungu bikekwa ko byakozwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 17 Kanama ubwo ukekwaho iki cyaha yatumizaga uyu muhungu usanzwe arera abavandimwe be, amubwira ko ashaka kumuha inkunga yo kugira icyo yabahahira.

Ngo yagezeyo ubundi amwinjiza mu cyumba, ahita akururiraho urugi ararufunga ubundi amukuramo imyenda amusambanya mu kibuno.

Ntambara John uyobora Umurenge wa Mwiri, yemeje aya makuru, avuga ko ukekwaho iki cyaha yashukishije uwo yasambanyije ko azajya amufasha mu kurera abavandimwe be.

Yagize ati “Yamushukishije amafaranga amubwira ko azamufasha we n’umuryango we kuko azi ko ari imfumbyi, amusambanya ku gahato.”

Iki gikorwa cyabereye mu Muduguru wa Rwisirabo I, Akagari ka Kageyo mu Murenge wa Mwiri tariki 17 Kanama 2022, kimenyekana bucyeye bwaho.

Ukekwaho gusambanywa yabize nyuma yuko akomeje kugira uburyaryate mu kibuno aho yasambanyijwe n’uwo muhungu mugenzi we, ubu akaba ari kwa muganga kugira ngo ahabwe ubufasha bw’ibanze buhabwa abasambanyijwe.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two + 20 =

Previous Post

Akari ku mutima w’Umunyamakurukazi Clarisse nyuma yo gusezerana mu Mategeko

Next Post

Abandi Banyapolitiki bakomeye muri USA bagiye kugirira uruzinduko mu Rwanda

Related Posts

The Power of youth in Umuganda: Building communities and shaping the future

The Power of youth in Umuganda: Building communities and shaping the future

by radiotv10
28/11/2025
0

Umuganda is one of Rwanda’s strongest traditions. It brings people together every last Saturday of the month to clean, build,...

Mu Rwanda hagiye kubakwa Amashuri Ntangarugero azoherezwamo abana bafite ubumuga bukabije

Mu Rwanda hagiye kubakwa Amashuri Ntangarugero azoherezwamo abana bafite ubumuga bukabije

by radiotv10
28/11/2025
0

Minisiteri y'Uburezi yatangaje ko hagiye kubakwa amashuri atanu y'intangarugero muri buri Ntara n'Umujyi wa Kigali, azatanga urugero mu gutanga uburezi...

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

by radiotv10
27/11/2025
0

Perezida Paul Kagame avuga ko abantu badakwiye gukomeza kuzamura impaka z’igihe hazafungurirwa insengero zafunzwe, ahubwo ko bari bakwiye gutekereza ibyabateza...

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

by radiotv10
27/11/2025
0

The scheduled period for collecting information and photographing residents of Huye, Gisagara, and Nyanza districts in the Southern Province for...

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

by radiotv10
27/11/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ryasubitse urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruregwamo Ishimwe Patrick na Kalisa John bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano...

IZIHERUKA

The Power of youth in Umuganda: Building communities and shaping the future
IMIBEREHO MYIZA

The Power of youth in Umuganda: Building communities and shaping the future

by radiotv10
28/11/2025
0

Mu Rwanda hagiye kubakwa Amashuri Ntangarugero azoherezwamo abana bafite ubumuga bukabije

Mu Rwanda hagiye kubakwa Amashuri Ntangarugero azoherezwamo abana bafite ubumuga bukabije

28/11/2025
Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

27/11/2025
Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Amatariki y’ubukwe bwa Niyo Bosco yamenyekanye

27/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda’s Digital ID first phase ends with less than half of targeted citizens served

27/11/2025
UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

UPDATE: Mu rubanza rwa mbere rw’abaregwa gusakaza amashusho ya Yampano ntibaburanye

27/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abandi Banyapolitiki bakomeye muri USA bagiye kugirira uruzinduko mu Rwanda

Abandi Banyapolitiki bakomeye muri USA bagiye kugirira uruzinduko mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

The Power of youth in Umuganda: Building communities and shaping the future

Mu Rwanda hagiye kubakwa Amashuri Ntangarugero azoherezwamo abana bafite ubumuga bukabije

Ahubwo hafunzwe nke- Perezida Kagame avuga ku nsengero zafunzwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.