Saturday, December 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

KENYA: Emery Mvuyekure yaciye agahigo ku bandi banyezamu b’abanyarwanda

radiotv10by radiotv10
23/08/2021
in SIPORO
0
KENYA: Emery Mvuyekure yaciye agahigo ku bandi banyezamu b’abanyarwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Tusker FC ikinamo umunyezamu w’umunyarwanda Emery Mvuyekure yatwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021 nyuma yo gutsinda Bidco United ibitego 2-1 kuri iki Cyumweru.

Tusker yujuje ibikombe 12 kuko yagiherukaga mu 2016. Bandari FC itozwa na Cassa Mbungo André yasoje ari iya gatatu n’amanota 53.

Tusker FC yasoje shampiyona ifite amanota 65 mu mikino 32 bakinnye muri uyu mwaka, irarusha KCB amanota atatu kuko yasoje ifite amanota 62. AFC Leopards iri ku mwanya wa kane n’amanota 48 ikaza imbere ya Kariobangi Sharks ya gatanu.

Nyuma yo kuba Tusker FC itwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021 kuri ubu yabaye ikipe ya mbere umunyezamu w’umunyarwanda atwaranye nayo igikombe cya shampiyona. Aba umunyezamu wa mbere w’umunyarwanda ubashije gutwara igikombe ari mu ikipe yo hanze y’u Rwanda.

Emery Mvuyekure yageze muri Tusker FC mu 2018 avuye muri AS Kigali, kuri ubu akaba yarazamuye urwego ku buryo ariwe munyezamu wa mbere w’iyi Tusker FC yatwaye igikombe bikaba byaranamuhaye umwanya mu izamu ry’ikipe y’igihugu y’u Rwanda.

Ibikombe bya shampiyona Tusker FC ibitse ni; 1972, 1977, 1978, 1994, 1996, 1999, 2000, 2007, 2011, 2012, 2016, 2020-21.

Image

Tusker FC yatwaye igikombe cya 12 cya shampiyona 

Image

Emery Mvuyekure (Ibumoso) akora ku gikombe cya shampiyona 2020-2021

Image

Image

Emery Mvuyekure ari gusoza amasezerano muri Tusker FC

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 + 8 =

Previous Post

Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Next Post

Mutsinzi Ange yabonye ikipe mu cyiciro cya kabiri muri Portugal

Related Posts

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

by radiotv10
13/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain bakunze kwita Bacca, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga, ahamya ko ari itangirira...

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

by radiotv10
12/12/2025
0

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports biravugwa ko agera mu Rwanda mu mpera z’iki...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon yatanze umucyo ku bibaza ku hazaza h’ikipe

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje itariki ntarengwa iyi kipe izaba yamaze kubona umutoza mushya wayo, ndetse anagaruka...

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

by radiotv10
09/12/2025
0

Uwari Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Brigadier General Déo RUSANGANWA, ntakiri kuri uyu mwanya kubera izindi nshingano z’akazi ke ka...

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

by radiotv10
09/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yifurije umugore we isabukuru nziza y’imyaka ine bamaze bakoze ubukwe bemeranyijwe...

IZIHERUKA

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID
IMIBEREHO MYIZA

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

by radiotv10
13/12/2025
0

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

13/12/2025
Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

13/12/2025
Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

13/12/2025
Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

13/12/2025
America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mutsinzi Ange yabonye ikipe mu cyiciro cya kabiri muri Portugal

Mutsinzi Ange yabonye ikipe mu cyiciro cya kabiri muri Portugal

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.