Friday, December 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC

radiotv10by radiotv10
27/09/2021
in SIPORO
0
Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC
Share on FacebookShare on Twitter

Mashami Vincent umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mupira w’amaguru, Amavubi Stars yahamagaye abakinnyi 36 bagomba gutangira imyiteguro y’umukino wa Uganda Cranes uteganyijwe  kuwa kane tariki ya 7 Ukwakira 2021 kuri sitade ya Kigali.

Umukino w’u Rwanda na Uganda Cranes uzaba ari uw’umunsi wa gatatu w’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar.

CHAN 2020: Rwanda, Uganda To Challenge Champion Morocco As Group C Gets Underway – KT PRESS

Amavubi Stars azahura na Uganda Cranes mu buryo bukurikiranye

U Rwanda na Uganda babana mu itsinda rya gatanu (E) kimwe na Mali cyo kimwe na Mali. U Rwanda rufite inota rimwe rwakuye ku mukino rwanganyijemo na Kenya igitego 1-1 nyuma yo kuba bari batsinzwe na Mali i Agadir muri Morocco.

Mu bakinnyi 36 Mashami Vincent yahamagaye harabonekamo abakinnyi bane gusa ba APR FC, umubare muto ugereranyije n’imyaka itambutse kuko waangaga iyi kipe yiganza cyane mu rutonde.

Abakinnyi bane ba APR FC bahamagawe bayoboye na Ombolenga Fitina, Manishimwe Djabel, Tuyisenge Jacques na Mugunga Yves.

Mu bakinnyi bahamagawe harimo Kato Samuel Nemeyimana uheruka gusinya muri Bugesera FC avuye muri KCCA FC.

Ikipe ya Rayon Sports ifitemo abakinnyi batatu (3) aribo; Nishimwe Blaise, Niyigena Clement na Isaac Nsengiyumva uheruka kuyinjiramo avuye muri Vipers SC yo muri Uganda.

Ikipe ya Police FC ifitemo abakinnyi batandatu: Habarurema Gahungu Emmanuel (GK), Eric Rutanga, Martin Fabrice Twizeyimana, Onesme Twizerimana, Nshuti Dominique Savio na Hakizimana Muhadjiri.

AS Kigali iri mu marushanwa ya TOTAL CAF Confederation Cup 2021-2022 ifitemo abakinnyi batanu; Ntwari Fiacre (GK), Rukundo Dennis, Niyonzima Olivier Sefu, Niyonzima Haruna, Niyibizi Ramadhan.

Mu bakinnyi 36 kandi bahamagawe harimo abakinnyi batatu badafite amakipe babarizwamo. Abo ni Emery Bayisenge, Muhire Kevin na Ndayishimiye Eric Bakame.

Image

Abakinnyi bose bahamagawe na Mashami Vincent

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 − fifteen =

Previous Post

Ibihe by’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo bya MNI byasize Glosby na Gang Rope bahawe igihembo gikuru-AMAFOTO

Next Post

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Related Posts

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

IZIHERUKA

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi
MU RWANDA

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

by radiotv10
26/12/2025
0

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

26/12/2025
Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

26/12/2025
Eng.-US President Admits Ordering a Decisive Attack on Terrorists in an African Country

Eng.-US President Admits Ordering a Decisive Attack on Terrorists in an African Country

26/12/2025
Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

Perezida wa America yiyemereye ko yagabye igitero rurangiza ku byihebe mu Gihugu cyo muri Afurika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.