Friday, January 30, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC

radiotv10by radiotv10
27/09/2021
in SIPORO
0
Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC
Share on FacebookShare on Twitter

Mashami Vincent umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mupira w’amaguru, Amavubi Stars yahamagaye abakinnyi 36 bagomba gutangira imyiteguro y’umukino wa Uganda Cranes uteganyijwe  kuwa kane tariki ya 7 Ukwakira 2021 kuri sitade ya Kigali.

Umukino w’u Rwanda na Uganda Cranes uzaba ari uw’umunsi wa gatatu w’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar.

CHAN 2020: Rwanda, Uganda To Challenge Champion Morocco As Group C Gets Underway – KT PRESS

Amavubi Stars azahura na Uganda Cranes mu buryo bukurikiranye

U Rwanda na Uganda babana mu itsinda rya gatanu (E) kimwe na Mali cyo kimwe na Mali. U Rwanda rufite inota rimwe rwakuye ku mukino rwanganyijemo na Kenya igitego 1-1 nyuma yo kuba bari batsinzwe na Mali i Agadir muri Morocco.

Mu bakinnyi 36 Mashami Vincent yahamagaye harabonekamo abakinnyi bane gusa ba APR FC, umubare muto ugereranyije n’imyaka itambutse kuko waangaga iyi kipe yiganza cyane mu rutonde.

Abakinnyi bane ba APR FC bahamagawe bayoboye na Ombolenga Fitina, Manishimwe Djabel, Tuyisenge Jacques na Mugunga Yves.

Mu bakinnyi bahamagawe harimo Kato Samuel Nemeyimana uheruka gusinya muri Bugesera FC avuye muri KCCA FC.

Ikipe ya Rayon Sports ifitemo abakinnyi batatu (3) aribo; Nishimwe Blaise, Niyigena Clement na Isaac Nsengiyumva uheruka kuyinjiramo avuye muri Vipers SC yo muri Uganda.

Ikipe ya Police FC ifitemo abakinnyi batandatu: Habarurema Gahungu Emmanuel (GK), Eric Rutanga, Martin Fabrice Twizeyimana, Onesme Twizerimana, Nshuti Dominique Savio na Hakizimana Muhadjiri.

AS Kigali iri mu marushanwa ya TOTAL CAF Confederation Cup 2021-2022 ifitemo abakinnyi batanu; Ntwari Fiacre (GK), Rukundo Dennis, Niyonzima Olivier Sefu, Niyonzima Haruna, Niyibizi Ramadhan.

Mu bakinnyi 36 kandi bahamagawe harimo abakinnyi batatu badafite amakipe babarizwamo. Abo ni Emery Bayisenge, Muhire Kevin na Ndayishimiye Eric Bakame.

Image

Abakinnyi bose bahamagawe na Mashami Vincent

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 − one =

Previous Post

Ibihe by’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo bya MNI byasize Glosby na Gang Rope bahawe igihembo gikuru-AMAFOTO

Next Post

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Related Posts

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

Amakuru mpamo ku igurwa rya myugariro uhagaze neza mu Rwanda ryagizwe ubwiru n’ikipe ye

by radiotv10
29/01/2026
0

Nubwo Umuyobozi wa APR FC Brig Gen Deo Rusanganwa abihakana, amakuru ava imbere mu ikipe ya Al Hilal aremeza ko...

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

Hatangajwe ibihano byafashwe kubera ibidasanzwe byabaye kuri ‘Final’ y’icya Afurika bitabonywe na benshi

by radiotv10
29/01/2026
0

Impuzamashyihamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yatangaje ibihano byafashwe ku mpande zombi kuri Maroc na Senegal, kubera imvururu zabaye ku...

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

IZIHERUKA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge
MU RWANDA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

29/01/2026
Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

29/01/2026
Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

29/01/2026
Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

29/01/2026
Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

29/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.