Wednesday, January 14, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC

radiotv10by radiotv10
27/09/2021
in SIPORO
0
Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC
Share on FacebookShare on Twitter

Mashami Vincent umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mupira w’amaguru, Amavubi Stars yahamagaye abakinnyi 36 bagomba gutangira imyiteguro y’umukino wa Uganda Cranes uteganyijwe  kuwa kane tariki ya 7 Ukwakira 2021 kuri sitade ya Kigali.

Umukino w’u Rwanda na Uganda Cranes uzaba ari uw’umunsi wa gatatu w’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar.

CHAN 2020: Rwanda, Uganda To Challenge Champion Morocco As Group C Gets Underway – KT PRESS

Amavubi Stars azahura na Uganda Cranes mu buryo bukurikiranye

U Rwanda na Uganda babana mu itsinda rya gatanu (E) kimwe na Mali cyo kimwe na Mali. U Rwanda rufite inota rimwe rwakuye ku mukino rwanganyijemo na Kenya igitego 1-1 nyuma yo kuba bari batsinzwe na Mali i Agadir muri Morocco.

Mu bakinnyi 36 Mashami Vincent yahamagaye harabonekamo abakinnyi bane gusa ba APR FC, umubare muto ugereranyije n’imyaka itambutse kuko waangaga iyi kipe yiganza cyane mu rutonde.

Abakinnyi bane ba APR FC bahamagawe bayoboye na Ombolenga Fitina, Manishimwe Djabel, Tuyisenge Jacques na Mugunga Yves.

Mu bakinnyi bahamagawe harimo Kato Samuel Nemeyimana uheruka gusinya muri Bugesera FC avuye muri KCCA FC.

Ikipe ya Rayon Sports ifitemo abakinnyi batatu (3) aribo; Nishimwe Blaise, Niyigena Clement na Isaac Nsengiyumva uheruka kuyinjiramo avuye muri Vipers SC yo muri Uganda.

Ikipe ya Police FC ifitemo abakinnyi batandatu: Habarurema Gahungu Emmanuel (GK), Eric Rutanga, Martin Fabrice Twizeyimana, Onesme Twizerimana, Nshuti Dominique Savio na Hakizimana Muhadjiri.

AS Kigali iri mu marushanwa ya TOTAL CAF Confederation Cup 2021-2022 ifitemo abakinnyi batanu; Ntwari Fiacre (GK), Rukundo Dennis, Niyonzima Olivier Sefu, Niyonzima Haruna, Niyibizi Ramadhan.

Mu bakinnyi 36 kandi bahamagawe harimo abakinnyi batatu badafite amakipe babarizwamo. Abo ni Emery Bayisenge, Muhire Kevin na Ndayishimiye Eric Bakame.

Image

Abakinnyi bose bahamagawe na Mashami Vincent

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four + seventeen =

Previous Post

Ibihe by’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo bya MNI byasize Glosby na Gang Rope bahawe igihembo gikuru-AMAFOTO

Next Post

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Related Posts

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

by radiotv10
14/01/2026
0

Dr. Charles Mugemana wari umaze imyaka irenga 30 ari umuganga w’ikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye...

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe y'Amgaju FC, bwirukanye abatoza bose bayitozaga, ibashinja umusaruro mubi, harimo no kuba banyagiwe ibitego 8-0 na Al Hilal,...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

IZIHERUKA

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica
MU RWANDA

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

by radiotv10
14/01/2026
0

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

14/01/2026
Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

14/01/2026
Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

14/01/2026
Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

14/01/2026
Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.