Friday, January 30, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

radiotv10by radiotv10
15/01/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo
Share on FacebookShare on Twitter

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za America, yatangaje ko igiye guhagarika gutanga no kwakira ubusabe Visa ku baturage b’abimukira bo mu Bihugu 75 byiganjemo ibyo ku Mugabane wa Afurika birimo n’u Rwanda.

Byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri America, aho iki Gihugu kivuga ko bigamije “guca intege ibikorwa byo kuba abimukira bajya kubangamira imibereho myiza y’Abanyamerika.”

Iyi Minisiteri ivuga ko ibikorwa byo guhagarika gutanga Visa “bizakomeza gukorwa kugeza igihe Amerika izabasha kwemeza ko abimukira bashya batazongera kubangamira imibereho y’Abanyamerika.” Kandi ikavuga ko ibi bizagira ingaruka ku “Bihugu byinshi”, birimo Somalia, Haiti, Irani na Eritrea.

Perezida Trump kuva yagaruka ku butegetsi muri Mutarama 2025, yakomeje gushyira imbaraga mu gukumira abimukira bajya muri iki Gihugu cya America, dore ko yari yasezeranyije Abanyamerika kwirukana abimukira badafite ibyangombwa. Mu mwaka ushize, yagiye ahagarika itangwa rya viza ku baturage bo mu Bihugu byinshi.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yavuze ko yakuyeho viza zirenga ibihumbi 100 kuva Trump yagaruka muri White House, amateka y’umwaka umwe.

Minisiteri y’Umutekano w’Igihugu mu kwezi gushize yavuze ko ubutegetsi bwa Trump bwirukanye abantu barenga 605.000, mu gihe abandi miliyoni 2.5 bavuye muri America ku bushake.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yavuze ko guhagarika gutanga no kwakira ubusabe bwa viza kuri biriya Bihugu 75, bizatangira gushyirwa mu bikorwa ku ya 21 Mutarama 2026.

Gusa iyi gahunda ntikizareba abasaba viza batari abimukira, cyangwa iz’abakerarugendo b’igihe gito cyangwa iz’ubucuruzi.

Dore urutonde rw’ibyo Bihugu

  1. Afghanistan

  2. Albania

  3. Algeria

  4. Antigua and Barbuda

  5. Armenia

  6. Azerbaijan

  7. Bahamas

  8. Bangladesh

  9. Barbados

  10. Belarus

  11. Belize

  12. Bhutan

  13. Bosnia and Herzegovina

  14. Brazil

  15. Myanmar

  16. Cambodia

  17. Cameroon

  18. Cape Verde

  19. Colombia

  20. Côte d’Ivoire

  21. Cuba

  22. Democratic Republic of the Congo

  23. Dominica

  24. Egypt

  25. Eritrea

  26. Ethiopia

  27. Fiji

  28. The Gambia

  29. Georgia

  30. Ghana

  31. Grenada

  32. Guatemala

  33. Guinea

  34. Haiti

  35. Iran

  36. Iraq

  37. Jamaica

  38. Jordan

  39. Kazakhstan

  40. Kosovo

  41. Kuwait

  42. Kyrgyzstan

  43. Laos

  44. Lebanon

  45. Liberia

  46. Libya

  47. North Macedonia

  48. Moldova

  49. Mongolia

  50. Montenegro

  51. Morocco

  52. Nepal

  53. Nicaragua

  54. Nigeria

  55. Pakistan

  56. Republic of the Congo

  57. Russia

  58. Rwanda

  59. St Kitts and Nevis

  60. St Lucia

  61. St Vincent and the Grenadines

  62. Senegal

  63. Sierra Leone

  64. Somalia

  65. South Sudan

  66. Sudan

  67. Syria

  68. Tanzania

  69. Thailand

  70. Togo

  71. Tunisia

  72. Uganda

  73. Uruguay

  74. Uzbekistan

  75. Yemen

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 − one =

Previous Post

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

Next Post

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

Related Posts

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

by radiotv10
29/01/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran yatangaje ko ingabo z’igihugu ziteguye kwihutira gusubiza mu buryo bukomeye igitero icyo ari cyo cyose...

Nta kindi gihe Congo yayobowe nabi nk’ubu-Umunyapolitiki wabaye mu nzego nkuru z’Igihugu

Nta kindi gihe Congo yayobowe nabi nk’ubu-Umunyapolitiki wabaye mu nzego nkuru z’Igihugu

by radiotv10
29/01/2026
0

Yagaragaje impamvu muzi y’ibibazo byazonze DRC ihabanye n’ihora ivugwa n’ubutegetsi Umunyapolitiki Matata Ponyo Mapon wabaye mu nzego zo hejuru muri...

AFC/M23 yatanze ubufasha bwakiranywe ibyishimo n’abagizweho ingaruka n’inkongi idasanzwe

AFC/M23 yatanze ubufasha bwakiranywe ibyishimo n’abagizweho ingaruka n’inkongi idasanzwe

by radiotv10
29/01/2026
0

Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze muri Kivu ya Ruguru bwashyizweho n’Ihuriro AFC/M23, bwatanze ubufasha ku bagizweho ingaruka n’inkongi y’umuriro yabereye mu gace...

Former DRC Prime Minister says the Country has never experienced worse Governance than now

Former DRC Prime Minister says the Country has never experienced worse Governance than now

by radiotv10
29/01/2026
0

Matata Ponyo Mapon, a politician who held top positions in the Democratic Republic of Congo (DRC), including Prime Minister, said,...

AFC/M23 yatanze ubufasha bwakiranywe ibyishimo n’abagizweho ingaruka n’inkongi idasanzwe

Eng.-AFC/M23 Provided Aid Warmly Welcomed by Victims of the Recent Fire

by radiotv10
29/01/2026
0

The Local Authorities of the North Kivu, appointed by the AFC/M23 coalition, provided assistance to people that were affected by...

IZIHERUKA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge
MU RWANDA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

29/01/2026
Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

29/01/2026
Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

29/01/2026
Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

29/01/2026
Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

29/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.