Tuesday, August 5, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Menya ikizanye ibihangange muri ruhago y’Isi ba PSG bamaze gusesekara mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
30/04/2022
in MU RWANDA, SIPORO
0
Menya ikizanye ibihangange muri ruhago y’Isi ba PSG bamaze gusesekara mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Abakinnyi bafite ibigwi mu mupira w’amaguru ku Isi; Sergio Ramos, Keylor Navas and Julian Draxler basanzwe ari abakinnyi ba PSG, bamaze gusesekara mu Rwanda.

Ibi bihanganye muri ruhago y’Isi bakaba bari mu bakomeye muri Paris Saint Germain, bageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Mata 2022.

Amashusho yerekana aba bagabo bamaze gusesekara ku Kibuga cy’Indege i Kanombe, agaragaza bari kumwe n’itsinda rigari bakiranwa ubwuzu nabo bigaragara ko bafite akanyamuneza.

Mbere yo kuza mu Rwanda, hari amashusho yari yagiye hanze aho Sergio Ramos aba avuga ko agiye kuza muri iki Gihugu cy’Imisozi Igihumbi.

Avugamo ko yiteguye kurira rutemikirere akaza mu Rwanda akazasura ibikorwa binyuranye birimo Ingagi zo mu Birunga by’umwihariko akazanabonana n’umwana w’Ingago yise Mudasumbwa.

Naho Keylor Navas usanzwe ari umunyezamu wa PSG, na we agaragaza ko afite akanyamuneza ko kuza kuganira n’Abanyarwanda akamenya umuco wabo kuko yabonye unejeje.

Ikipe ya PSG ikinamo abakinnyi barimo abayobozi ruhago y’Isi nka Lionel Messi ndetse na Kylian Mbappé, isanzwe ifitanye imikoranire na Guverinoma y’u Rwanda yo mu bukangurambaga bwo gushishikariza abatuye Isi gusura u Rwanda (Visit Rwanda) bakihera ijisho ibyiza nyaburanga biri muri iki Gihugu.

Visit Rwanda yari iherutse kurarikira abantu ko hari uruhisho ibafitiye muri iki cyumweru turi gusoza ari rwo rw’aba bakinnyi bakomeye bagendereye u Rwanda.

Basesekaye mu Rwanda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen + 20 =

Previous Post

Kwibuka28: Tele10 yafashe mu mugongo abarokotse isana inzu z’imwe mu miryango yabo

Next Post

Perezida Kagame yayoboye kongere ya RPF-Inkotanyi yatumiwemo indi mitwe ya Politiki (AMAFOTO)

Related Posts

Eng.-Rwanda confirms it will host migrants deported from the U.S

Eng.-Rwanda confirms it will host migrants deported from the U.S

by radiotv10
05/08/2025
0

The United States and Rwanda have reached an agreement for the African nation to accept up to 250 migrants deported...

AMAKURU AGEZWEHO: Byemejwe u Rwanda rugiye kwakira abimukira baturutse muri America

AMAKURU AGEZWEHO: Byemejwe u Rwanda rugiye kwakira abimukira baturutse muri America

by radiotv10
05/08/2025
0

Leta Zunze Ubumwe za America n’u Rwanda, bageze ku bwumvikane bwo kohereza abimukira 250 muri iki Gihugu cyo ku Mugabane...

Does religion still shape our daily lifestyle choices?

Does religion still shape our daily lifestyle choices?

by radiotv10
05/08/2025
0

In an increasingly modern and globalized world, one might wonder whether religion still holds influence over our daily lifestyle choices....

Ubutumwa bwa FERWAFA kuri ‘Mama Mukura’ wari umukunzi wa ruhago witabye Imana bitunguranye

Ubutumwa bwa FERWAFA kuri ‘Mama Mukura’ wari umukunzi wa ruhago witabye Imana bitunguranye

by radiotv10
04/08/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryifurije iruhuko ridashira Mukanemeye Madeleine wari umukunzi w’umupira w’amaguru by’umwihariko w’Ikipe ya Mukura, witabye...

How Nyarugunga residents built roads, a school, and a legacy of unity

How Nyarugunga residents built roads, a school, and a legacy of unity

by radiotv10
04/08/2025
0

In the heart of Rwanda’s Kicukiro District, the people of Nyarugunga Sector are proving that when a community stands together,...

IZIHERUKA

Eng.-Rwanda confirms it will host migrants deported from the U.S
MU RWANDA

Eng.-Rwanda confirms it will host migrants deported from the U.S

by radiotv10
05/08/2025
0

Ubutumwa bw’umwe mu bayobozi muri Kivu ya Ruguru buvuga kuri Gen.Sultani Makenga wa M23

Ubutumwa bw’umwe mu bayobozi muri Kivu ya Ruguru buvuga kuri Gen.Sultani Makenga wa M23

05/08/2025
Umuhanzi ugezweho Kevin Kade arateguza abakunzi ba muzika agashya abahishiye

Umuhanzi ugezweho Kevin Kade arateguza abakunzi ba muzika agashya abahishiye

05/08/2025
AMAKURU AGEZWEHO: Byemejwe u Rwanda rugiye kwakira abimukira baturutse muri America

AMAKURU AGEZWEHO: Byemejwe u Rwanda rugiye kwakira abimukira baturutse muri America

05/08/2025
Does religion still shape our daily lifestyle choices?

Does religion still shape our daily lifestyle choices?

05/08/2025
Ubutumwa bwa FERWAFA kuri ‘Mama Mukura’ wari umukunzi wa ruhago witabye Imana bitunguranye

Ubutumwa bwa FERWAFA kuri ‘Mama Mukura’ wari umukunzi wa ruhago witabye Imana bitunguranye

04/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yayoboye kongere ya RPF-Inkotanyi yatumiwemo indi mitwe ya Politiki (AMAFOTO)

Perezida Kagame yayoboye kongere ya RPF-Inkotanyi yatumiwemo indi mitwe ya Politiki (AMAFOTO)

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Rwanda confirms it will host migrants deported from the U.S

Ubutumwa bw’umwe mu bayobozi muri Kivu ya Ruguru buvuga kuri Gen.Sultani Makenga wa M23

Umuhanzi ugezweho Kevin Kade arateguza abakunzi ba muzika agashya abahishiye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.