Friday, June 6, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

radiotv10by radiotv10
30/08/2021
in SIPORO
0
Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

??????????????????????????????????????????????????????????

Share on FacebookShare on Twitter

Boniface Metacha Mnata wahoze ari umunyezamu wa mbere wa Yanga SC kuva mu 2019 akaza kuyivamo nyuma y’isozwa ry’umwaka w’imikino 2020-2021, kuri ubu aravugwa muri Kinondoni Municipa Council Football Club (KMC FC), ikinamo umunyarwanda, Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy”.

Mnata w’imyaka 22 wari mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yatwaye irushanwa rya CECAFA U23, kuri ubu ari mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022, imikino bazatangira bakira DR Congo kuwa kane tariki ya 2 Nzeri 2021 mbere yo gukina na Madagascar kuwa kabiri tariki ya 7 Nzeri 2021.

Amakuru atanga n’ibinyamakuru bitandukanye bikorera i Dar Es Slaam muri Tanzania avuga ko ikipe ya KMC FC yamaze kumvikana na Boniface Metacha Mnata n’ubwo ari mu mwiherero.

Soka la Bongo| Blog #1 Kwa Habari za Michezo na Burudani Tanzania

Boniface Metacha Mnata wahoze muri Yanga SC arimukira muri KMC FC

Metacha Mnata yavuye muri Yanga SC nyuma y’uko yananiwe kwitwara neza mu mpera z’umwaka w’imikino mbere y’uko bamuha amasezerano mashya, umurongo wishwe no gutuka abafana. KMC FC irateganya kumwongera mu bakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino 2021-2022.

KMC FC iheruka kongera amasezerano ya Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy” kuri ubu iri gukorera umwiherero mu ntara ya Morogoro aho bazamara ibyumweru bitatu kuri ubu bakaba basoje icyumweru kimwe.

Boniface Metacha Mnata yageze muri Yanga SC mu 2019 avuye muri Mbao FC yakinnyemo umwaka umwe (2018-2019) akaba naho yarahageze avuye muri Azam FC(2017-2018).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 2 =

Previous Post

KIREHE: Barasaba ko umuturanyi wabo yabona ubutabera

Next Post

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Related Posts

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

by radiotv10
06/06/2025
0

Myugairo Gabriel Magalhães wa Arsenal FC, yongereye amasezerano muri iyi kipe azageza 2029, yavuze ko yishimiye kuguma muri iyi kipe,...

Abakinnyi b’abanyamahanga ba Rayon bari bafite icyo bayitakira baremwe agatima

Abakinnyi b’abanyamahanga ba Rayon bari bafite icyo bayitakira baremwe agatima

by radiotv10
05/06/2025
0

Abakinnyi b’abanyamahanga bakinira Rayon Sports FC bari bamaze igihe bataka kudahabwa amatike y’indege abasubiza iwabo mu biruhuko bizejwe kuyahabwa, ndetse...

Umukinnyi w’u Rwanda Djabel yatanze umucyo ku cyatumye yangirwa kwinjira muri Algeria

Umukinnyi w’u Rwanda Djabel yatanze umucyo ku cyatumye yangirwa kwinjira muri Algeria

by radiotv10
04/06/2025
0

Manishimwe Djabel uherutse guhamagarwa mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi ariko akangirwa kwinjira muri Algeria, yatanze umucyo ku cyatumye inzego...

Umwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yabengutswe n’ikipe ikomeye muri Canada

Umwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yabengutswe n’ikipe ikomeye muri Canada

by radiotv10
04/06/2025
0

Niyibizi Ramadhan ukinira ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi, uri gusoza amasezerano ye muri APR FC, yahawe ubutumire n'ikipe  yo mu...

Volleyball: Habaye impinduka zitunguranye ku irushanwa ryaburaga iminsi ibarirwa ku ntoki ngo ritangire

Volleyball: Habaye impinduka zitunguranye ku irushanwa ryaburaga iminsi ibarirwa ku ntoki ngo ritangire

by radiotv10
03/06/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko bitewe n’impamvu ridashobora kugira icyo rihinduraho, irushanwa ryo Kwibuka ryari riteganyijwe...

IZIHERUKA

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel
MU RWANDA

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

by radiotv10
06/06/2025
0

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

06/06/2025
Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

06/06/2025
Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

06/06/2025
Igihugu cya Zambia cyapfushije uwakibereye Perezida

Igihugu cya Zambia cyapfushije uwakibereye Perezida

05/06/2025
Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

Umunyemari Coach Gael yagaragaje ko igitekerezo yatangaje bamwe bakagira amashyengo yari akomeje

05/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.