Wednesday, January 21, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

radiotv10by radiotv10
30/08/2021
in SIPORO
0
Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

??????????????????????????????????????????????????????????

Share on FacebookShare on Twitter

Boniface Metacha Mnata wahoze ari umunyezamu wa mbere wa Yanga SC kuva mu 2019 akaza kuyivamo nyuma y’isozwa ry’umwaka w’imikino 2020-2021, kuri ubu aravugwa muri Kinondoni Municipa Council Football Club (KMC FC), ikinamo umunyarwanda, Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy”.

Mnata w’imyaka 22 wari mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yatwaye irushanwa rya CECAFA U23, kuri ubu ari mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022, imikino bazatangira bakira DR Congo kuwa kane tariki ya 2 Nzeri 2021 mbere yo gukina na Madagascar kuwa kabiri tariki ya 7 Nzeri 2021.

Amakuru atanga n’ibinyamakuru bitandukanye bikorera i Dar Es Slaam muri Tanzania avuga ko ikipe ya KMC FC yamaze kumvikana na Boniface Metacha Mnata n’ubwo ari mu mwiherero.

Soka la Bongo| Blog #1 Kwa Habari za Michezo na Burudani Tanzania

Boniface Metacha Mnata wahoze muri Yanga SC arimukira muri KMC FC

Metacha Mnata yavuye muri Yanga SC nyuma y’uko yananiwe kwitwara neza mu mpera z’umwaka w’imikino mbere y’uko bamuha amasezerano mashya, umurongo wishwe no gutuka abafana. KMC FC irateganya kumwongera mu bakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino 2021-2022.

KMC FC iheruka kongera amasezerano ya Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy” kuri ubu iri gukorera umwiherero mu ntara ya Morogoro aho bazamara ibyumweru bitatu kuri ubu bakaba basoje icyumweru kimwe.

Boniface Metacha Mnata yageze muri Yanga SC mu 2019 avuye muri Mbao FC yakinnyemo umwaka umwe (2018-2019) akaba naho yarahageze avuye muri Azam FC(2017-2018).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 2 =

Previous Post

KIREHE: Barasaba ko umuturanyi wabo yabona ubutabera

Next Post

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Related Posts

Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti

Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti

by radiotv10
20/01/2026
0

Umukinnyi wa Real Madrid n'Ikipe y'Igihugu ya Maroc, Brahim Diaz wahushije penalitiki ku mukino wa nyuma w'Igikombe cya Afurika, yanditse...

Hatangajwe icyemezo cyafashwe ku bitaranyuze APR byatumye hari n’abafana bigaragambya

Hatangajwe icyemezo cyafashwe ku bitaranyuze APR byatumye hari n’abafana bigaragambya

by radiotv10
20/01/2026
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko igitego cyanzwe cya APR FC mu mukino wayihuje na El Merrikh SC,...

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

by radiotv10
19/01/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko Umutoza mukuru w’iyi Kipe, Bruno Ferry yapfushije umubyeyi we Jean Pierre Ferry, nyuma y'iminsi...

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

by radiotv10
19/01/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika warangiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal icyegukanye, nyuma y’imvururu zawuranze kubera...

Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

by radiotv10
19/01/2026
0

Ndi umukunzi wa Rayon Sport w'akadosohoka, nimbivuga mubyumve nk’Ukuri kuzuye. Niba hari igihe nshobona kubona ibyishimo bisendereye ni igihe iyi...

IZIHERUKA

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe
MU RWANDA

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

by radiotv10
20/01/2026
0

Dear Gen Z, do we ever think about the impact of what we say or post on social media?

Dear Gen Z, do we ever think about the impact of what we say or post on social media?

20/01/2026
Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair

Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair

20/01/2026
Abasirikare b’u Rwanda bagiye gutanga ubufasha ku Gihugu cyashegeshwe n’ibiza batangiye kubutanga

Abasirikare b’u Rwanda bagiye gutanga ubufasha ku Gihugu cyashegeshwe n’ibiza batangiye kubutanga

20/01/2026
AMAFOTO: Irebere ibihe byiza Ambasaderi w’Igihugu kimwe mu Rwanda akomeje kuhagirira bikamunyura

AMAFOTO: Irebere ibihe byiza Ambasaderi w’Igihugu kimwe mu Rwanda akomeje kuhagirira bikamunyura

20/01/2026
Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

20/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Dear Gen Z, do we ever think about the impact of what we say or post on social media?

Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.