Wednesday, November 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

radiotv10by radiotv10
30/08/2021
in SIPORO
0
Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

??????????????????????????????????????????????????????????

Share on FacebookShare on Twitter

Boniface Metacha Mnata wahoze ari umunyezamu wa mbere wa Yanga SC kuva mu 2019 akaza kuyivamo nyuma y’isozwa ry’umwaka w’imikino 2020-2021, kuri ubu aravugwa muri Kinondoni Municipa Council Football Club (KMC FC), ikinamo umunyarwanda, Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy”.

Mnata w’imyaka 22 wari mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yatwaye irushanwa rya CECAFA U23, kuri ubu ari mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022, imikino bazatangira bakira DR Congo kuwa kane tariki ya 2 Nzeri 2021 mbere yo gukina na Madagascar kuwa kabiri tariki ya 7 Nzeri 2021.

Amakuru atanga n’ibinyamakuru bitandukanye bikorera i Dar Es Slaam muri Tanzania avuga ko ikipe ya KMC FC yamaze kumvikana na Boniface Metacha Mnata n’ubwo ari mu mwiherero.

Soka la Bongo| Blog #1 Kwa Habari za Michezo na Burudani Tanzania

Boniface Metacha Mnata wahoze muri Yanga SC arimukira muri KMC FC

Metacha Mnata yavuye muri Yanga SC nyuma y’uko yananiwe kwitwara neza mu mpera z’umwaka w’imikino mbere y’uko bamuha amasezerano mashya, umurongo wishwe no gutuka abafana. KMC FC irateganya kumwongera mu bakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino 2021-2022.

KMC FC iheruka kongera amasezerano ya Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy” kuri ubu iri gukorera umwiherero mu ntara ya Morogoro aho bazamara ibyumweru bitatu kuri ubu bakaba basoje icyumweru kimwe.

Boniface Metacha Mnata yageze muri Yanga SC mu 2019 avuye muri Mbao FC yakinnyemo umwaka umwe (2018-2019) akaba naho yarahageze avuye muri Azam FC(2017-2018).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × five =

Previous Post

KIREHE: Barasaba ko umuturanyi wabo yabona ubutabera

Next Post

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Related Posts

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje

by radiotv10
26/11/2025
0

Uwari mu buyobozi bw’Ikipe ya AS Kigali iherutse kubona ubuyobozi bushya we akaba atabwemera, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, arusaba...

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

by radiotv10
26/11/2025
0

Nyuma yuko Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports buhannye Kapiteni w'iyi kipe, Amissi Cédric kubera imyitwarire ye igayitse avugwaho kugaragaza, uyu rutahizamu...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

by radiotv10
26/11/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rwongeye gusesa inzego zose z’Umuryango w’Ikipe ya Rayon Sports, rushyiraho komite y’inzibacyuho iyobowe Murenzi Abdallah, yahawe...

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

by radiotv10
25/11/2025
0

Umukinnyi w’Umunya-Senegal, Idrissa Gana Gueye ukinira Everton yo mu Bwongereza waherewe ikarita itukura mu mukino wabahuje na Manchester United nyuma...

Icyo umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda Haruna avuga ku gutsindwa kw’amakipe akomeye arimo Rayon

Icyo umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda Haruna avuga ku gutsindwa kw’amakipe akomeye arimo Rayon

by radiotv10
25/11/2025
0

Haruna Niyonzima wakiniye amakipe anyuranye mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, avuga ko gutsindwa kw’amakipe akomeye mu Rwanda...

IZIHERUKA

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje
FOOTBALL

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje

by radiotv10
26/11/2025
0

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

26/11/2025
AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

26/11/2025
Eng.-AFC/M23 arrests 40 men for transporting weapons and other military equipment

Eng.-AFC/M23 arrests 40 men for transporting weapons and other military equipment

26/11/2025
Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

26/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

26/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.