Friday, January 16, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

radiotv10by radiotv10
30/08/2021
in SIPORO
0
Metacha Mnata uheruka gutandukana na Yanga SC yumvikanye na KMC FC

??????????????????????????????????????????????????????????

Share on FacebookShare on Twitter

Boniface Metacha Mnata wahoze ari umunyezamu wa mbere wa Yanga SC kuva mu 2019 akaza kuyivamo nyuma y’isozwa ry’umwaka w’imikino 2020-2021, kuri ubu aravugwa muri Kinondoni Municipa Council Football Club (KMC FC), ikinamo umunyarwanda, Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy”.

Mnata w’imyaka 22 wari mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yatwaye irushanwa rya CECAFA U23, kuri ubu ari mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022, imikino bazatangira bakira DR Congo kuwa kane tariki ya 2 Nzeri 2021 mbere yo gukina na Madagascar kuwa kabiri tariki ya 7 Nzeri 2021.

Amakuru atanga n’ibinyamakuru bitandukanye bikorera i Dar Es Slaam muri Tanzania avuga ko ikipe ya KMC FC yamaze kumvikana na Boniface Metacha Mnata n’ubwo ari mu mwiherero.

Soka la Bongo| Blog #1 Kwa Habari za Michezo na Burudani Tanzania

Boniface Metacha Mnata wahoze muri Yanga SC arimukira muri KMC FC

Metacha Mnata yavuye muri Yanga SC nyuma y’uko yananiwe kwitwara neza mu mpera z’umwaka w’imikino mbere y’uko bamuha amasezerano mashya, umurongo wishwe no gutuka abafana. KMC FC irateganya kumwongera mu bakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino 2021-2022.

KMC FC iheruka kongera amasezerano ya Mugiraneza Jean Baptiste “Miggy” kuri ubu iri gukorera umwiherero mu ntara ya Morogoro aho bazamara ibyumweru bitatu kuri ubu bakaba basoje icyumweru kimwe.

Boniface Metacha Mnata yageze muri Yanga SC mu 2019 avuye muri Mbao FC yakinnyemo umwaka umwe (2018-2019) akaba naho yarahageze avuye muri Azam FC(2017-2018).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × one =

Previous Post

KIREHE: Barasaba ko umuturanyi wabo yabona ubutabera

Next Post

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Related Posts

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

by radiotv10
16/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yahaye umukoro abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Handball yitegura Igikombe cya Afurika kigiye kubera mu Rwanda,...

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yahagaritswe imikino ine n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), azira imyitwarire...

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

by radiotv10
14/01/2026
0

Dr. Charles Mugemana wari umaze imyaka irenga 30 ari umuganga w’ikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye...

IZIHERUKA

Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa
AMAHANGA

Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa

by radiotv10
16/01/2026
0

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

16/01/2026
Hamenyekanye Igihugu cya mbere muri Afurika kigiye gutangira gukoreshwamo urukingo rwa SIDA

Iby’ingenzi wamenya ku muti urinda abantu kwandura SIDA byemejwe ko ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

16/01/2026
AFC/M23 yongeye kugaragaza ingaruka ziteye inkeke zo kuba uruhande bahanganye rwirengagiza ibyo rwasinyiye

AFC/M23 yongeye kugaragaza ingaruka ziteye inkeke zo kuba uruhande bahanganye rwirengagiza ibyo rwasinyiye

16/01/2026
Igisirikare cya Jamaica cyahaye ikaze abasirikare b’u Rwanda 100

Igisirikare cya Jamaica cyahaye ikaze abasirikare b’u Rwanda 100

16/01/2026
Abagororwa barimo n’abahamijwe Jenoside bavuze ibanga ryababereye urufunguzo rwo kubona amahoro

Abagororwa barimo n’abahamijwe Jenoside bavuze ibanga ryababereye urufunguzo rwo kubona amahoro

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

AFROBASKT2021: Angola yabonye itike ya ¼ ibanje gutsinda Misiri mu mukino wa kamarampaka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ishyaka riri ku butegetsi i Burundi riravugwaho ibyo bamwe bafashe nk’agahomamunwa

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

Iby’ingenzi wamenya ku muti urinda abantu kwandura SIDA byemejwe ko ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.