Wednesday, November 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

MTN Rwanda yatanze Miliyoni 10Frw azatuma imiryango 700 isezerera udutadowa

radiotv10by radiotv10
02/07/2022
in MU RWANDA
0
MTN Rwanda yatanze Miliyoni 10Frw azatuma imiryango 700 isezerera udutadowa
Share on FacebookShare on Twitter

Sosiyete y’Itumanaho n’ikoranabunga ya MTN Rwanda yifatanyije na Banki Itsura Amajyambere (BRD) mu bukangumbara buzwi nka Cana Challenge, itanga Miliyoni 10 Frw azatuma imiryango 700 ibasha gutunga amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba.

Ni igikorwa cyakozwe na MTN Rwanda kuri uyu wa 29 Kamena 2022 aho ubuyobozi bw’iyi sosiyete bwatanze iyi nkunga izafasha iyi miryango 700 yo mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi, gucana amashanyarazi adafatiye ku muyoboro mugari.

Alain Numa, umuyobozi wo muri iyi sosiyete ya MTN Rwanda, yavuze ko nka Sosiyete isanzwe igira uruhare mu bikorwa bizamura imibereho y’abaturage, bishimiye gutanga umusanzu wabo mu gufasha Guverinoma y’u Rwanda kugera ku ntego yo kugeza amashanyarazi ku baturage bose 100 % mu mwaka wa 2024.

Yagize ati “Twishimiye kugira uruhare mu gucunanira imiryango 700 mu murenge wa Nyamiyaga. Kuba umuntu yagira amashanyarazi, kimwe n’ibiribwa ndetse n’amazi, ni ingenzi kuko bigira uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuryango mugari.”

Akomeza agita ati “Abanyeshuri bazajya babasha gusubiramo amasomo mu masaha y’ijoro, ndetse ababyeyi bazabjya bakora imirimo yasabaga amashanyarazi.”

Ubukangurambaga bwa Cana Challenge bwatangiye mu kwezi k’Ukuboza 2021 aho ku mbuga nkoranyambaga abantu batandukanye bagendaga baha umukoro abandi kwitanga kugira ngo abanyarwanda babashe kugerwaho n’amashanyarazi nk’igikorwa remezo gikomeje kugira uruhare mu iterambere ryabo.

Muri Cana Challenge MTN Rwanda yafashije imiryango 700 gucana amashanyarazi

Alain Numa avuga ko amashanyarazi ari ingenzi mu buzima bw’umuturage
Imiryango 700 izabasha gucana ku bwa MTN Rwanda

Bashimiye MTN Rwanda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × two =

Previous Post

The Ben nyuma yo gutaramira Abanya-Uganda agiye no gususurutsa abaturarwanda

Next Post

Kabarebe ntiyabaye Minisitiri w’Ingabo muri Uganda- UPDF yateye ishoti ibirego bikomeye

Related Posts

Nyamasheke: Umukobwa wacuruzaga ‘Me2You’ yishwe n’abajura bamuteze bakamutera icyuma bakanamwambura

Igikekwa ku musaza wari wagiye gusangira urwagwa n’umuvandimwe we bakaza kumusanga mu mugezi yarapfuye

by radiotv10
18/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 76 wo mu Murenge wa Rangiro mu Karere ka Nyamasheke, wari wavuye iwe agiye kuvumba inzoga yari yahishijwe...

U Rwanda rwatanze umucyo ku ruhande rwarwitiriwe mu myanzuro y’ibyasabwe u Burusiya

Eng.-Minister Nduhungirehe criticizes renowned Congolese Doctor for ignoring key facts in his statement

by radiotv10
18/11/2025
0

The Minister of Foreign Affairs and Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, has expressed surprise that Dr. Denis Mukwege, a Congolese medical...

Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

Gisagara: Hari abavuga ko ibyo bari gukorerwa ari agasuzuguro bakanagaragaza icyo bifuza

by radiotv10
18/11/2025
0

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara, baravuga ko abakozi bari gucukura imiyoboro y’amazi bigabije imirima...

Karongi: Icyo biteze mu gusazura igihingwa bakesha kukirigita ifaranga cyari kimaze imyaka 45

Karongi: Icyo biteze mu gusazura igihingwa bakesha kukirigita ifaranga cyari kimaze imyaka 45

by radiotv10
18/11/2025
0

Abahinzi b'ikawa bo mu Murenge wa Mubuga mu Karere ka Karongi, bavuga ko izo bari bamaranye imyaka irenga 40 zitari...

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga

Amakuru mashya: Hatangajwe ifungwa ry’Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge na nyiri Uruganda rw’inzoga

by radiotv10
17/11/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugenzuzi mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw'Ibiribwa n'Imiti (Rwanda FDA), na...

IZIHERUKA

Umuntu ni mugari- Minisitiri Utumatwishima avuga ku Muhanzi Bill Ruzima wafunzwe afatanywe urumogi
IMYIDAGADURO

Umuntu ni mugari- Minisitiri Utumatwishima avuga ku Muhanzi Bill Ruzima wafunzwe afatanywe urumogi

by radiotv10
18/11/2025
0

Nyamasheke: Umukobwa wacuruzaga ‘Me2You’ yishwe n’abajura bamuteze bakamutera icyuma bakanamwambura

Igikekwa ku musaza wari wagiye gusangira urwagwa n’umuvandimwe we bakaza kumusanga mu mugezi yarapfuye

18/11/2025
Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

18/11/2025
Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

18/11/2025
Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

18/11/2025
Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

18/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kabarebe ntiyabaye Minisitiri w’Ingabo muri Uganda- UPDF yateye ishoti ibirego bikomeye

Kabarebe ntiyabaye Minisitiri w’Ingabo muri Uganda- UPDF yateye ishoti ibirego bikomeye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuntu ni mugari- Minisitiri Utumatwishima avuga ku Muhanzi Bill Ruzima wafunzwe afatanywe urumogi

Igikekwa ku musaza wari wagiye gusangira urwagwa n’umuvandimwe we bakaza kumusanga mu mugezi yarapfuye

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.