• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Mu butumwa bukomeye EAC yasubije Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zayo

radiotv10by radiotv10
13/05/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Mu butumwa bukomeye EAC yasubije Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zayo
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wihanije Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zawo zoherejwe kugarura amahoro mu burasirazuba bw’Igihugu cye, umumenyesha ko niba hari n’ikibazo adakwiye kujya kukivugira ahabonetse hose kandi uyu muryango uhari.

Ku wa Kabiri w’iki cyumweru  ni bwo perezida  Félix Tshisekedi yavugiye muri Botswana ko izi ngabo nibigera mu kwa Gatandatu zitarakora icyazijyanye, azazihambiriza kuko ngo aho kurwanya M23 yazizanye ahubwo ziyunga na yo.

Umunyambanga mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Dr Peter Mathuki  yavuze ko kugeza uyu munsi ntakibazo Perezida Tshisekedi aragaragariza uyu Muryango kijyanye n´imikorere idahwitse y´izi ngabo, kandi ngo n´iyo yakigira akwiye kukizana ku meza y’Abakuru b´Ibihugu binyamuryango bakaba ari bo bakigaho, aho kujya kwijujutira hanze y’akarere.

Mathuki yasabye Tshisekedi gucisha macye akareka ingabo zigakora icyatumye zijyayo cyane ko ari we wazisabye kandi ngo kugeza ubu uyu muryango nta kibazo urabona zateje.

Tshisekedi aherutse kwikoma ingabo za EAC
Umunyamabanga Mukuru wa EAC yavuze ko niba hari ikibazo akwiye kukizana muri uyu muryango kikaganirwaho

Eugenie NYIRANSABIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × three =

Previous Post

Habonetse umurambo w’Umupolisi wo mu Rwanda ku muhanda

Next Post

Iby’uko S.Africa yateye ingabo mu bitugu u Burusiya ikabwoherereza intwaro byafashe indi ntera

Related Posts

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

by radiotv10
02/06/2026
0

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 buravuga ko ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DRC, byafashe intera, kandi ko igihe kigeze ngo abarwanyi baryo...

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Next Post
Iby’uko S.Africa yateye ingabo mu bitugu u Burusiya ikabwoherereza intwaro byafashe indi ntera

Iby’uko S.Africa yateye ingabo mu bitugu u Burusiya ikabwoherereza intwaro byafashe indi ntera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.