Monday, October 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Mu butumwa bukomeye EAC yasubije Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zayo

radiotv10by radiotv10
13/05/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Mu butumwa bukomeye EAC yasubije Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zayo
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wihanije Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi uherutse kwikoma ingabo zawo zoherejwe kugarura amahoro mu burasirazuba bw’Igihugu cye, umumenyesha ko niba hari n’ikibazo adakwiye kujya kukivugira ahabonetse hose kandi uyu muryango uhari.

Ku wa Kabiri w’iki cyumweru  ni bwo perezida  Félix Tshisekedi yavugiye muri Botswana ko izi ngabo nibigera mu kwa Gatandatu zitarakora icyazijyanye, azazihambiriza kuko ngo aho kurwanya M23 yazizanye ahubwo ziyunga na yo.

Umunyambanga mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Dr Peter Mathuki  yavuze ko kugeza uyu munsi ntakibazo Perezida Tshisekedi aragaragariza uyu Muryango kijyanye n´imikorere idahwitse y´izi ngabo, kandi ngo n´iyo yakigira akwiye kukizana ku meza y’Abakuru b´Ibihugu binyamuryango bakaba ari bo bakigaho, aho kujya kwijujutira hanze y’akarere.

Mathuki yasabye Tshisekedi gucisha macye akareka ingabo zigakora icyatumye zijyayo cyane ko ari we wazisabye kandi ngo kugeza ubu uyu muryango nta kibazo urabona zateje.

Tshisekedi aherutse kwikoma ingabo za EAC
Umunyamabanga Mukuru wa EAC yavuze ko niba hari ikibazo akwiye kukizana muri uyu muryango kikaganirwaho

Eugenie NYIRANSABIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 + 8 =

Previous Post

Habonetse umurambo w’Umupolisi wo mu Rwanda ku muhanda

Next Post

Iby’uko S.Africa yateye ingabo mu bitugu u Burusiya ikabwoherereza intwaro byafashe indi ntera

Related Posts

Uko imirwano ya AFC/M23 na Wazalendo yagenze mu gace kamwe i Walikare

Amayobera ku cyatumye uruhande ruhanganye na AFC/M23 rufata icyemezo gitunguranye

by radiotv10
13/10/2025
0

Nyuma y’iminsi ibiri inyeshyamba z’umutwe wa Wazalendo urwana ku ruhande rwa Leta ya DRC zigenzura ibice bine byo muri Teritwari...

Hakozwe igikorwa cyashimishije benshi mu kurangiza intambara ya Israel na Hamas

Hakozwe igikorwa cyashimishije benshi mu kurangiza intambara ya Israel na Hamas

by radiotv10
13/10/2025
0

Israel yashyikirijwe imfungwa 20 bari barafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano y’agahenge agamije kurangiza...

Icyo America n’u Bubiligi bavuga ku cyemezo cya Congo cyahaye itegeko FDLR

Icyo America n’u Bubiligi bavuga ku cyemezo cya Congo cyahaye itegeko FDLR

by radiotv10
13/10/2025
0

Guverinoma y’u Bubiligi n’iya Leta Zunze Ubumwe za America, zagaragaje ko zishimiye itangazo ry’igisirikare cya DRC (FARDC) rihamagarira abarwanyi b’umutwe...

Abadipolomate batatu bitabiriye ibiganiro byatanze umusaruro hagati ya Israel na Hamas bapfiriye mu Misiri

Abadipolomate batatu bitabiriye ibiganiro byatanze umusaruro hagati ya Israel na Hamas bapfiriye mu Misiri

by radiotv10
13/10/2025
0

Abakozi batatu b’Urwego rukuru rw’Ubuyobozi rwa Qatar, bari bitabiriye ibiganiro bihuza Israel na Hamas mu Misiri, bapfiriye mu mpanuka y’imodoka...

Intambara irarangiye- Trump yatangaje ku mugaragaro ibya Israel na Hamas

Intambara irarangiye- Trump yatangaje ku mugaragaro ibya Israel na Hamas

by radiotv10
13/10/2025
0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump yatangaje ko intambara imaze imyaka ibiri ihanganishije Israel n’umutwe wa Hamas...

IZIHERUKA

Amahirwe ku Banyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’Abofisiye
MU RWANDA

Amahirwe ku Banyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’Abofisiye

by radiotv10
13/10/2025
0

AMAKURU MASHYA: Urujya n’uruza mu muhanda Kigali-Muhanga rwabangamiwe

AMAKURU MASHYA: Urujya n’uruza mu muhanda Kigali-Muhanga rwabangamiwe

13/10/2025
Uko imirwano ya AFC/M23 na Wazalendo yagenze mu gace kamwe i Walikare

Amayobera ku cyatumye uruhande ruhanganye na AFC/M23 rufata icyemezo gitunguranye

13/10/2025
Abahanzikazi bagezweho muri Gospel Nyarwanda Vestine&Dorcas buriye indege berecyeje hanze

Abahanzikazi bagezweho muri Gospel Nyarwanda Vestine&Dorcas buriye indege berecyeje hanze

13/10/2025
Amakuru mashya: Abifuza kwinjira muri Polisi y’u Rwanda bagaragarijwe ibisabwa

Amakuru mashya: Abifuza kwinjira muri Polisi y’u Rwanda bagaragarijwe ibisabwa

13/10/2025
Hakozwe igikorwa cyashimishije benshi mu kurangiza intambara ya Israel na Hamas

Hakozwe igikorwa cyashimishije benshi mu kurangiza intambara ya Israel na Hamas

13/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Iby’uko S.Africa yateye ingabo mu bitugu u Burusiya ikabwoherereza intwaro byafashe indi ntera

Iby’uko S.Africa yateye ingabo mu bitugu u Burusiya ikabwoherereza intwaro byafashe indi ntera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amahirwe ku Banyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’Abofisiye

AMAKURU MASHYA: Urujya n’uruza mu muhanda Kigali-Muhanga rwabangamiwe

Amayobera ku cyatumye uruhande ruhanganye na AFC/M23 rufata icyemezo gitunguranye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.