Saturday, December 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Mutsinzi Ange ntazaboneka ku mukino w’u Rwanda na Mali

radiotv10by radiotv10
26/08/2021
in SIPORO
0
Mutsinzi Ange ntazaboneka ku mukino w’u Rwanda na Mali
Share on FacebookShare on Twitter

Mutsinzi Ange Jimmy umunyarwanda uheruka gusinya mu ikipe ya Trafense Sports Club mu cyiciro cya kabiri muri Portugal, ntazitabira umukino u Rwanda ruzahuramo na Mali bitewe n’uko ataramenyerana n’ikipe ye kuri ubu ikomeje imikino ya shampiyona muri icyo cyiciro.

Mutsinzi Ange aherutse gusinya amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Trafense SC yo muri Portugal yasabye umutoza Mashami Vincent na FERWAFA ko bamureka akabanza akamenyerana na bagenzi be kugira ngo bizamworohere guhita yisanga mu kibuga ari kumwe n’abandi.

MU butumwa butanga kuri gahunda y’umunsi iranga ikipe y’igihugu y’u Rwanda iri kwitegura umukino wa Mali uzabera muri Morocco tariki ya 1 Nzeri 2021 harimo ko Mutsinzi Ange Jimmy atazaboneka bitewe n’uko akeneye umwanya wo kumenyerana na bagenzi be.

Mutsinzi Ange wa APR FC agiye gusinyira ikipe yo mu Bufaransa - Inkanga

Mutsinzi Ange Jimmy ntazajyana n’abandi muri Morocco guhura na Mali

Muri ubu butumwa kandi harimo rutahizamu wa Simba SC, Meddie Kagere yageze mu Rwanda kuri uyu wa gatatu tariki 25 Kanama 2021 mu gihe Nirisarike Salomon ukinira FC Urartu muri Armenia agera mu Rwanda ku mugoroba w’uyu wa kane tariki 26 Kanama 2021.

Biteganyijwe ko ikipe y’u Rwanda izahaguruka mu Rwanda tariki 29 Kanama 2021 saa saba z’ijoro (1:00’ AM) bazagere muri Morocco, Agadir kuri uwo munsi saa kumi n’imwe n’iminota icumi (17h10’) banyuze Istanbul muri Turkia mbere y’uko bakina umukino tariki ya 1 Nzeri 2021 muri gahunda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022.

Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga – YEGOB

Mutsinzi Ange Jimmy (5) ahanganye na El Khabi (9) ubwo u Rwanda rwahuraga na Morocco muri CHAN 2020

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × four =

Previous Post

#AfroBasket2021: Ikipe y’igihugu ya Cameron yatewe mpaga imbere ya South Sudan

Next Post

Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n’urwa Benjamin Mkapa

Related Posts

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
27/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IZIHERUKA

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye
FOOTBALL

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
27/12/2025
0

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

27/12/2025
Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

27/12/2025
Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

27/12/2025
Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

26/12/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n’urwa Benjamin Mkapa

Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n'urwa Benjamin Mkapa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.