Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Mutsinzi Ange ntazaboneka ku mukino w’u Rwanda na Mali

radiotv10by radiotv10
26/08/2021
in SIPORO
0
Mutsinzi Ange ntazaboneka ku mukino w’u Rwanda na Mali
Share on FacebookShare on Twitter

Mutsinzi Ange Jimmy umunyarwanda uheruka gusinya mu ikipe ya Trafense Sports Club mu cyiciro cya kabiri muri Portugal, ntazitabira umukino u Rwanda ruzahuramo na Mali bitewe n’uko ataramenyerana n’ikipe ye kuri ubu ikomeje imikino ya shampiyona muri icyo cyiciro.

Mutsinzi Ange aherutse gusinya amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Trafense SC yo muri Portugal yasabye umutoza Mashami Vincent na FERWAFA ko bamureka akabanza akamenyerana na bagenzi be kugira ngo bizamworohere guhita yisanga mu kibuga ari kumwe n’abandi.

MU butumwa butanga kuri gahunda y’umunsi iranga ikipe y’igihugu y’u Rwanda iri kwitegura umukino wa Mali uzabera muri Morocco tariki ya 1 Nzeri 2021 harimo ko Mutsinzi Ange Jimmy atazaboneka bitewe n’uko akeneye umwanya wo kumenyerana na bagenzi be.

Mutsinzi Ange wa APR FC agiye gusinyira ikipe yo mu Bufaransa - Inkanga

Mutsinzi Ange Jimmy ntazajyana n’abandi muri Morocco guhura na Mali

Muri ubu butumwa kandi harimo rutahizamu wa Simba SC, Meddie Kagere yageze mu Rwanda kuri uyu wa gatatu tariki 25 Kanama 2021 mu gihe Nirisarike Salomon ukinira FC Urartu muri Armenia agera mu Rwanda ku mugoroba w’uyu wa kane tariki 26 Kanama 2021.

Biteganyijwe ko ikipe y’u Rwanda izahaguruka mu Rwanda tariki 29 Kanama 2021 saa saba z’ijoro (1:00’ AM) bazagere muri Morocco, Agadir kuri uwo munsi saa kumi n’imwe n’iminota icumi (17h10’) banyuze Istanbul muri Turkia mbere y’uko bakina umukino tariki ya 1 Nzeri 2021 muri gahunda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022.

Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga – YEGOB

Mutsinzi Ange Jimmy (5) ahanganye na El Khabi (9) ubwo u Rwanda rwahuraga na Morocco muri CHAN 2020

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × 5 =

Previous Post

#AfroBasket2021: Ikipe y’igihugu ya Cameron yatewe mpaga imbere ya South Sudan

Next Post

Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n’urwa Benjamin Mkapa

Related Posts

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

IZIHERUKA

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police
FOOTBALL

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

28/01/2026
Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n’urwa Benjamin Mkapa

Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n'urwa Benjamin Mkapa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.