Thursday, April 9, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n’urwa Benjamin Mkapa

radiotv10by radiotv10
26/08/2021
in MU RWANDA
0
Tanzania: Raila Odinga yasuye urugo rwa Pombe Magufuli n’urwa Benjamin Mkapa
Share on FacebookShare on Twitter

Raila Odinga uyobora ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi “Orange Democratic Movement” akaba uwahoze ari Minisitiri w’intebe wanabaye mu nteko ishinga amategeko avuga ko yashimishijwe n’uburyo yasanze umuryango wa nyakwigendera John Pombe Magufuli na mugenzi we nyakwigendera Benjamin Mkapa abagore basize bashikamye kandi bagifite ishyaka.

Benjamin Mkapa na John Pombe Magufuli ni abagabo bahoze ari abaperezida b’igihugu cya Tanzania ariko kuri ubu batari ku isi kuko bitabye Imana. Imiryango yabo yasuwe na Raila Odinga, gahunda yari igize uruzinduko rwe yagiriye muri iki gihugu kuko yanahuye na Samia Suluhu Hassan kuri ubu uyoboye iki gihugu.

Image

Mama Janeth Magufuli (Ibumoso) na Raila Odinga (Iburyo)

Umuryango wa Magufuli wasuwe na Odinga wari uyobowe na Janeth Magufuli mu gihe uwa Mkapa yari umugore witwa Mama Anna Mkapa.

Abinyijuje ku rukuta rwe rwa Twitter, Raila Odinga yavuze ko yaganiriye n’aba bagore bombi bahoze bafite abagabo bayoboye igihugu cya Tanzania ariko ngo mu biganiro bagiranye byose yashimishijwe no kuba yarasanze bagifite ishyaka n’umutima ukomeye bityo anaboneraho kwifuriza aba bagabo gukomeza kuruhukira mu mahoro.

Mu magambo ye, Raila yagize ati” Nasuye imiryango y’inshuti zanjye magara, perezida Benjamin Mkapa na John Magufuli. Byanejeje kubona Mama Anna Mkapa na Mama Janeth Magufuli bagifite ishyaka ryo ku rwego rwo hejuru”

Umubano ukomeye wa Raila Odinga na Magufuli watangiye mu myaka ya 2000 igihe bose bari abaminisitiri b’ibihugu byombi.

Image

Raila Odinga yasuye umuryango wa Benjamin Mkapa wabayeho perezida wa Tanzania

Uretse gusura iyi miryango, Raila Odinga yanagiranye ibiganiro na Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan mu biro bye.

Mu biganiro Raila Odinga yagiranye na Samia Suluhu Hassan, Odinga yavuze ko byagenze neza kuko ngo baganiriye cyane ibijyanye n’uburyo hatezwa imbere ibikorwaremezo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 + 5 =

Previous Post

Mutsinzi Ange ntazaboneka ku mukino w’u Rwanda na Mali

Next Post

Simba SC yasinyanye amasezerano na DC United yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakinnyemo wayne Rooney

Related Posts

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP

by radiotv10
09/04/2026
0

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yazamuye mu ntera abofisiye muri Polisi y’u Rwanda, barimo batanu bahawe ipeti rya Commissioner of...

Icyo basaba  nyuma yuko ishuri baturiye rikomeje kubateza umwanda ukabije

Icyo basaba nyuma yuko ishuri baturiye rikomeje kubateza umwanda ukabije

by radiotv10
09/04/2026
0

Abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana, baturanye n’ishuri ry'Urwunge rw'Amashuri (GS) Sovu, bavuga ko babangamiwe n’umwanda...

U Rwanda na Chad bateye intambwe nshya mu mibanire n’imikoranire

U Rwanda na Chad bateye intambwe nshya mu mibanire n’imikoranire

by radiotv10
09/04/2026
0

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Chad zashyize umukono ku masezerano ashyiraho Komisiyo Ihuriweho ishinzwe imikoranire hagati y’Ibihugu byombi, yitezweho gutuma haterwa...

Ibyaranze 09/04/1994: Abatutsi biciwe kuri Paruwasi i Gikondo n’ahandi henshi, Abafaransa batererana abicwaga,…

Ibyaranze 09/04/1994: Abatutsi biciwe kuri Paruwasi i Gikondo n’ahandi henshi, Abafaransa batererana abicwaga,…

by radiotv10
09/04/2026
0

Tariki ya 9 Mata 1994, nibwo icyo Abafaransa bise «Operation Turquoise» yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cy’iyo operasiyo...

Bwa mbere America yari yarinangiye gukoresha inyito yemewe ya Jenoside yakorewe Abatutsi yayikoresheje

Bwa mbere America yari yarinangiye gukoresha inyito yemewe ya Jenoside yakorewe Abatutsi yayikoresheje

by radiotv10
08/04/2026
0

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za America yari yarinangiye gukoresha inyito yemewe ya ‘Jenoside yakorewe Abatutsi’, yashyize ikoresha iyi mvugo...

IZIHERUKA

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe
IBYAMAMARE

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe

by radiotv10
09/04/2026
0

Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage

Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage

09/04/2026
Ibyamenyekanye ku cyaha cyo kwangiza ikintu cy’undi kiri mu bishinjwa umunyamakuru DC Clément wafunzwe

Hatangajwe ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze ku munyamakuru DC Clement

09/04/2026
AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP

09/04/2026
Icyo basaba  nyuma yuko ishuri baturiye rikomeje kubateza umwanda ukabije

Icyo basaba nyuma yuko ishuri baturiye rikomeje kubateza umwanda ukabije

09/04/2026
U Rwanda na Chad bateye intambwe nshya mu mibanire n’imikoranire

U Rwanda na Chad bateye intambwe nshya mu mibanire n’imikoranire

09/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Simba SC yasinyanye amasezerano na DC United yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakinnyemo wayne Rooney

Simba SC yasinyanye amasezerano na DC United yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakinnyemo wayne Rooney

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe

Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage

Hatangajwe ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze ku munyamakuru DC Clement

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.