Wednesday, November 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Na satani izamwihakana- Shaddyboo yaneguye uwamushushanyije akamugira ukuntu gutangaje

radiotv10by radiotv10
21/10/2022
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MU RWANDA
1
Na satani izamwihakana- Shaddyboo yaneguye uwamushushanyije akamugira ukuntu gutangaje
Share on FacebookShare on Twitter

Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo uzwiho gukoresha cyane imbuga nkoranyambaga, yanenze uwamushushanyije akamuha isura itangaje.

Hamaze iminsi hacicikana ibishushanyo bya bamwe mu byamamare nyarwanda, nka Anita Pendo na Kasuku Media Jay Squeezer.

Ni ibishushanyo bitangaje kuko uwashushanyije ibi byamamare, yabihaye amasura atangaje.

Kuri uyu wa Kane, Shadia Mbabazi wamamaye nka Shaddyboo na we yagaragaje ifoto y’uwamushushanyije, gusa anenga uburyo yamugaragaje.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye buherekejwe n’amafoto abiri yafatanyije agizwe n’iye bwite ndetse n’icyo gishushanyo, Shaddyboo yagaye uwo muntu wamushushanyije.

Yagize ati “Uyu muntu wakoze ibi na satani izamwihakana.”

Shaddyboo yanenze uwamushushanyije gutya

Bamwe mu batanzeho ibitekerezo, bagiye bashyiramo urwenya, aho nk’uwitwa Gisa w’i Rwanda yagize ati “Simbona Iyo yashushanyije irusha Ubwiza Original.”

Uwitwa Ntamikino na we ati “Cyakoza afite impano ahubwo uwaba afite contact z’iwe amundangire nteze impano ye imbere.”

Shaddyboo ni umwe mu banyarwandakazi bazwiho gukoresha imbuga nkoranyambaga cyane byumwihariko ubutumwa akunze kunyuzaho bukazamura ibiganiro ndetse n’amafoto n’amashusho aba adasanzwe agaragaza imiterere ye ishitura benshi.

RADIOTV10

Comments 1

  1. Karamutsa says:
    3 years ago

    Iyo si portrait gusa. Yifashishije ifoto akora ubuhanzi. Ni umu artiste. Uwo mukobwa abyumve gutyo ashime uwo muhanzi.

    Reply

Leave a Reply to Karamutsa Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − eight =

Previous Post

Uwakuraga urumogi muri Congo bamuguye gitumo afite udupfunyika 5.600 ahita abivuga byose

Next Post

Hatahuwe ko hari abasirikare barinda Tshisekedi batawe muri yombi mu Bwongereza

Related Posts

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

by radiotv10
26/11/2025
0

Umugore wo mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, akurikiranyweho kwica umwana we...

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

by radiotv10
25/11/2025
0

Itsinda ry’abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba, bageze mu Rwanda aho baje mu ruzinduko...

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

by radiotv10
25/11/2025
0

Umusore w’imyaka 23 wabaga mu Mujyi wa Kigali ariko ukomoka mu Karere ka Rwamagana, bamusanze yapfuye amanitse mu mugozi iwabo...

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Eng.-Former Israeli soldiers including war veterans, arrive in Rwanda for a week-long visit

by radiotv10
25/11/2025
0

A group of former soldiers from the Israel Defense Forces (IDF), including those who were injured in combat, have arrived...

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

by radiotv10
25/11/2025
0

Abanyeshuri bo mu Rwunge rw’Amashuri rwa Paysannat LE, ryigamo impunzi mu Murenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe, bavuga ko...

IZIHERUKA

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi
MU RWANDA

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

by radiotv10
26/11/2025
0

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

26/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

25/11/2025
Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

25/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Eng.-Former Israeli soldiers including war veterans, arrive in Rwanda for a week-long visit

25/11/2025
Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

25/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hatahuwe ko hari abasirikare barinda Tshisekedi batawe muri yombi mu Bwongereza

Hatahuwe ko hari abasirikare barinda Tshisekedi batawe muri yombi mu Bwongereza

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.