Thursday, October 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

“Ndi muri gahunda ya nyuma yo gutandukana na Sofapaka FC”-MITIMA ISAAC

radiotv10by radiotv10
09/09/2021
in SIPORO
0
“Ndi muri gahunda ya nyuma yo gutandukana na Sofapaka FC”-MITIMA ISAAC
Share on FacebookShare on Twitter

Mitima Isaac wari umaze umwaka w’imikino muri Sofapaka FC yo mu cyiciro cya mbere muri Kenya ahamya ko kuri ubu ari muri gahunda ya nyuma yo gutandukana n’iyi kipe nyuma y’uko batubahirije ibyari bikubiye mu masezerano.

Mitima wageze muri Sofapaka FC tariki 24 Nzeri 2020 akaba umukinnyi wabanzaga mu kibuga yaba akina nka myugariro ndetse no hagati mu kibuga, kuri ubu ari mu Rwanda aho ashobora gusinyira imwe mu makipe akina icyiciro cya mbere.

Mu kiganiro yagiranye na RADIOTV10, Mitima yavuze ko icyatumye afata uyu mwanzuro ari uko yabonaga ubuzima butameze neza cyane cyane mu kijyanye no guhemberwa igihe n’uburyo ikipe ibayeho bidafasha abakinnyi kunoza inshingano.

“Maze iminsi nganira n’ubuyobozi bw’ikipe byose twabyumvikanyeho mu mahoro ko ngomba gusohoka mu ikipe. Twari tumaze amezi hafi ane yenda kwinjira muri atanu tudahembwa kandi nta n’ikizere cy’uko bizakorwa. Nabahaye ibyumweru bibiri byo kuba twarangije ikibazo ndetse ibyo byumweru byararangiye. Kuri uyu wa kane rero bambwiye ko bwira bampaye urwandiko rumvana mu ikipe (Release Letter).” Mitima

Image

Mitima Isaac ari mu masaha ya nyuma yo gutandukana na Sofapaka FC

Agaruka ku makuru amaze iminsi avuga y’uko ashakwa na Rayon Sports, Mitima Isaac avuga ko ari amakuru atahita ahamya kuko ngo amakipe yavuganye nayo arenze imwe ahubwo ko ntakirajya mu buryo.

Mitima Isaac w’imyaka 23 yagiye muri Sofapaka FC avuye muri Police FC yakinagamo nk’intizanyo ya APR FC kuko yakuriye mu Intare FA yanabereye kapiteni.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − 11 =

Previous Post

RUBAVU: RIB yatangiye iperereza ku iraswa rya Ndayambaje Festus

Next Post

RUBAVU: Abirukanwe muri Tanzania barataka kutabona uburenganzira busesuye

Related Posts

Haravugwa icyatumye umutoza wifuzwaga na Rayon ashobora kuba yayiteye umugongo

Haravugwa icyatumye umutoza wifuzwaga na Rayon ashobora kuba yayiteye umugongo

by radiotv10
29/10/2025
0

Rayon Sports ishobora kubura umutoza w’umunya-Senegal, Serigne Saliou Dia bari bumvikanye, nyuma yuko aje ku rutonde rw’abashobora guhabwa akazi mu...

Ntibirajya mu murongo neza-Brig.Gen Deo wa APR yavuze birambuye ku mitoreze y’umutoza mushya

Ntibirajya mu murongo neza-Brig.Gen Deo wa APR yavuze birambuye ku mitoreze y’umutoza mushya

by radiotv10
28/10/2025
0

Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yavuze ko ubuyobozi bw’iyi kipe bugifitiye icyizere umutoza mushya wayo, Taleb Abderrahim...

Eng.-VAR technology coming to Rwandan football

Eng.-VAR technology coming to Rwandan football

by radiotv10
28/10/2025
0

The Rwanda Football Federation (FERWAFA) has announced that the Video Assistant Referee (VAR) technology, which helps improve refereeing decisions, will...

Igihe ikoranabuhanga rya VAR rizatangira gukoresherezwa mu Rwanda cyamenyekanye

Igihe ikoranabuhanga rya VAR rizatangira gukoresherezwa mu Rwanda cyamenyekanye

by radiotv10
28/10/2025
0

Ubuyobozi bw’Ishyihamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ikoranabuhanga ryinganira imisifurire rizwi nka VAR (Video Assistant Referee) rizatangira gukoreshwa...

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda ari mu bahawe inshingano muri FERWAFA

by radiotv10
25/10/2025
0

Umunyamakurukazi Clarisse Uwimana uzwi mu biganiro bya siporo mu Rwanda, ari mu bahawe inshingano mu bagize za Komisiyo z’Ishyirahamwe ry’Umupira...

IZIHERUKA

Ukuri mpamo ku modoka y’umutamenwa yakozwe n’Igisirikare cy’u Burundi
AMAHANGA

Ukuri mpamo ku modoka y’umutamenwa yakozwe n’Igisirikare cy’u Burundi

by radiotv10
29/10/2025
0

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

29/10/2025
AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

29/10/2025
Icyo Minisitiri avuga ku mwana ufite ubumuga wagaragaje impano idasanzwe bigakora benshi ku mutima

Icyo Minisitiri avuga ku mwana ufite ubumuga wagaragaje impano idasanzwe bigakora benshi ku mutima

29/10/2025
Minisitiri w’Intebe yagaragarije muri America ibanga u Rwanda rwakoresheje mu kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko Ingagi

Minisitiri w’Intebe yagaragarije muri America ibanga u Rwanda rwakoresheje mu kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko Ingagi

29/10/2025
Impuruza ku businzi bukabije bugaragara mu rubyiruko rw’u Rwanda

Impuruza ku businzi bukabije bugaragara mu rubyiruko rw’u Rwanda

29/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
RUBAVU: Abirukanwe muri Tanzania barataka kutabona uburenganzira busesuye

RUBAVU: Abirukanwe muri Tanzania barataka kutabona uburenganzira busesuye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ukuri mpamo ku modoka y’umutamenwa yakozwe n’Igisirikare cy’u Burundi

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.