Wednesday, January 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

“Ndi muri gahunda ya nyuma yo gutandukana na Sofapaka FC”-MITIMA ISAAC

radiotv10by radiotv10
09/09/2021
in SIPORO
0
“Ndi muri gahunda ya nyuma yo gutandukana na Sofapaka FC”-MITIMA ISAAC
Share on FacebookShare on Twitter

Mitima Isaac wari umaze umwaka w’imikino muri Sofapaka FC yo mu cyiciro cya mbere muri Kenya ahamya ko kuri ubu ari muri gahunda ya nyuma yo gutandukana n’iyi kipe nyuma y’uko batubahirije ibyari bikubiye mu masezerano.

Mitima wageze muri Sofapaka FC tariki 24 Nzeri 2020 akaba umukinnyi wabanzaga mu kibuga yaba akina nka myugariro ndetse no hagati mu kibuga, kuri ubu ari mu Rwanda aho ashobora gusinyira imwe mu makipe akina icyiciro cya mbere.

Mu kiganiro yagiranye na RADIOTV10, Mitima yavuze ko icyatumye afata uyu mwanzuro ari uko yabonaga ubuzima butameze neza cyane cyane mu kijyanye no guhemberwa igihe n’uburyo ikipe ibayeho bidafasha abakinnyi kunoza inshingano.

“Maze iminsi nganira n’ubuyobozi bw’ikipe byose twabyumvikanyeho mu mahoro ko ngomba gusohoka mu ikipe. Twari tumaze amezi hafi ane yenda kwinjira muri atanu tudahembwa kandi nta n’ikizere cy’uko bizakorwa. Nabahaye ibyumweru bibiri byo kuba twarangije ikibazo ndetse ibyo byumweru byararangiye. Kuri uyu wa kane rero bambwiye ko bwira bampaye urwandiko rumvana mu ikipe (Release Letter).” Mitima

Image

Mitima Isaac ari mu masaha ya nyuma yo gutandukana na Sofapaka FC

Agaruka ku makuru amaze iminsi avuga y’uko ashakwa na Rayon Sports, Mitima Isaac avuga ko ari amakuru atahita ahamya kuko ngo amakipe yavuganye nayo arenze imwe ahubwo ko ntakirajya mu buryo.

Mitima Isaac w’imyaka 23 yagiye muri Sofapaka FC avuye muri Police FC yakinagamo nk’intizanyo ya APR FC kuko yakuriye mu Intare FA yanabereye kapiteni.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 + nine =

Previous Post

RUBAVU: RIB yatangiye iperereza ku iraswa rya Ndayambaje Festus

Next Post

RUBAVU: Abirukanwe muri Tanzania barataka kutabona uburenganzira busesuye

Related Posts

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye ya Rayon Sports...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye

Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye

by radiotv10
23/01/2026
0

Ikipe ya Police FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi bane, barimo Rudasingwa Prince na Nshimirimana Ismail Pitchou wanyuze mu makipe ya...

IZIHERUKA

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané
FOOTBALL

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

28/01/2026
Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

27/01/2026
Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

Perezida Kagame yakiriye abarimo Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’ubukombe muri Korea y’Epfo

27/01/2026
Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

27/01/2026
Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

27/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
RUBAVU: Abirukanwe muri Tanzania barataka kutabona uburenganzira busesuye

RUBAVU: Abirukanwe muri Tanzania barataka kutabona uburenganzira busesuye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Batunga agatoki ubuyobozi kubarutisha igikorwa cy’amajyambere

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.