Saturday, January 10, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Nyuma y’imyaka 30 uracyatemba itoto ariko njye ndashaje- Obama abwira umugore we

radiotv10by radiotv10
04/10/2022
in MU RWANDA
0
Nyuma y’imyaka 30 uracyatemba itoto ariko njye ndashaje- Obama abwira umugore we
Share on FacebookShare on Twitter

Barack Hussein Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, udahwema kugaragaza urwo akunda umugore we Michelle LaVaughn Robinson Obama, yavuze ko agitemba itoto nk’iryo yari afite mu myaka 30 ishize ubwo bashyingiranwaga.

Barack Obama yabitangaje mu butumwa bwo kwishimira isabukuru y’imyaka 30 bamaze bashyingiranywe.

Yagize ati “Michelle, nyuma y’imyaka 30 sinzi impamvu ugisa nkuko wasaga ariko njye akaba atari ko nkisa. Sinzi impamvu nakwegukanye uriya munsi. Uri umugore mwiza nasabye mu buzima bwanjye. Isabukuru nziza mukundwa.”

Miche, After 30 years, I’m not sure why you look exactly the same and I don’t. I do know that I won the lottery that day—that I couldn’t have asked for a better life partner. Happy anniversary, sweetheart! pic.twitter.com/sYGKPOff1O

— Barack Obama (@BarackObama) October 3, 2022

Barack Obama n’umugore we Michelle Obama basezeranye tariki 03 Ukwakira 1992 nyuma y’umwaka umwe bari bamaze batangiye urugendo rw’urukundo.

Michelle Obama na we yifurije umugabo we isabukuru nziza y’urushako, akoresheje amagambo asize umunyu.

Yagize ati “Isabukuru nziza ku mugabo nkunda! Iyi myaka 30 yabaye iy’umunezero, kandi iteka nishimira kuba umba hafi. Nzahorana nawe iteka ryose. Ndagukunda Barack Obama.”

View this post on Instagram

A post shared by Michelle Obama (@michelleobama)

Obama n’umugore we Michelle ntibahwema kugaragaza urukundo bakundana, byumwihariko ubwo uyu mugabo wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze Ubumwe za America, yasezeraga muri White House, yavuze ko kugira ngo abashe kugera ku ntego ze ku ngoma ye, yabifashijwemo n’umugore we.

Icyo gihe ubwo yashimiraga umugore we, yafashwe n’ikiniga, kwihangana biramunanira araturika ararira amarira y’umunezero.

Obama na Michelle ubwo bakoraga ubukwe
Byari ibyishimo
Barishimira imyaka 30 bamaze bashyingiranywe

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 4 =

Previous Post

Kayonza: Banze kugurana iterambere umuco, ngo gusangira ku muheha ntibazabicikaho

Next Post

Umugore yakatiwe gufungwa burundu kubera gusambanya umwana w’umuhungu

Related Posts

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

by radiotv10
09/01/2026
0

Road safety remains a major public concern in Rwanda, especially as the number of vehicles continues to increase. In response...

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

by radiotv10
09/01/2026
0

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu...

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

by radiotv10
09/01/2026
0

Ubushyamirane bwabaye hagati y’abakekwaho kwiba ihene, n’abari bazibwe mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, bwaguyemo babiri bakekwagaho kuba...

Easy foods that help your brain stay healthy and active

Easy foods that help your brain stay healthy and active

by radiotv10
09/01/2026
0

Your brain helps you think, remember, learn, and stay focused every day. Scientists agree that what you eat has a...

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

by radiotv10
09/01/2026
0

IZIHERUKA

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo
FOOTBALL

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

09/01/2026
VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

09/01/2026
How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umugore yakatiwe gufungwa burundu kubera gusambanya umwana w’umuhungu

Umugore yakatiwe gufungwa burundu kubera gusambanya umwana w’umuhungu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.