Monday, January 5, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yageneye ubutumwa William Ruto

radiotv10by radiotv10
16/08/2022
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yageneye ubutumwa William Ruto
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame na we yashimiye William Ruto watsinze amatora y’umukuru w’Igihugu muri Kenya, amwifuriza ishya n’ihirwe.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Kanama 2022, Perezida Paul Kagame yagize ati “Mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda n’Abanyarwanda, ndashimira abavandimwe bacu b’Abanyakenya ku bw’amatora yagenze neza yo ku ya 09 Kanama 2022.”

Yakomeeje agira ati “Ndashimira kandi Nyakubarwa, Dr William Samoei Ruto, Perezida mushya watowe.”

Umukuru w’u Rwanda yakomeje yizeza ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza kubakira ku bucuti n’imikoranire bisanzwe biri hagati ya Kenya n’u Rwanda.

Ubu butumwa Perezida Paul Kagame, buje bukurikira itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda na bwo bwo gushimira iya Kenya ndetse n’Abanyakenya ku bw’amatora yagenze neza.

Perezida Paul Kagame yashimiye William Ruto kimwe n’abandi bakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, na bo bamwifurije ishya n’ihirwe barimo Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi unayoboye uyu muryango.

Abakuru b’ibi Bihugu bifurije ishya n’ihirwe William Ruto mu gihe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Kanama 2022, Raila Odinga bari bahanganye, ahakanye ibyavuye mu matora, agatangaza ko agiye kunyura mu nzira zose ziteganywa n’amategeko kugira ngo biteshwe agaciro.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − three =

Previous Post

Odinga yateye utwatsi ibyavuye mu matora none muri Kenya hari icyoba

Next Post

INKURU Y’INCAMUGONGO: Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana

Related Posts

BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

by radiotv10
03/01/2026
0

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yavuze ko umuntu wagira icyo agurira umukozi w’uru Rwego amushimira serivisi...

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

by radiotv10
03/01/2026
0

Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziratangaza ko hatangijwe gahunda yo gutanga urukingo rw’indwara y’Umwijima wo mu bwoko bwa B rwiyongereye mu...

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

by radiotv10
03/01/2026
0

Abortion is a topic that often makes people feel strongly, and it can be hard to talk about. Today, let’s...

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

by radiotv10
02/01/2026
0

“Abagore b’Abatutsi turubaha kandi turi indahemuka.” Ni bumwe mu butumwa bw’Impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi zinyuranye mu Rwanda, zongeye gukora...

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

Eng.-Congolese Refugees in Rwanda Send a Message to FARDC Gen. Ekenge

by radiotv10
02/01/2026
0

Congolese refugees living in Rwanda have sent a message to FARDC Major General Sylvain Ekenge, who recently used language that...

IZIHERUKA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza
AMAHANGA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

by radiotv10
04/01/2026
0

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

03/01/2026
BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

03/01/2026
Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

03/01/2026
Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

03/01/2026
Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

02/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
INKURU Y’INCAMUGONGO: Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana

INKURU Y’INCAMUGONGO: Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.