• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Saturday, July 4, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Rwamagana: Icyakurikuye gusenyerwa kuko batuye mu manegeka sicyo bari biteze

radiotv10by radiotv10
24/07/2023
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Rwamagana: Icyakurikuye gusenyerwa kuko batuye mu manegeka sicyo bari biteze
Share on FacebookShare on Twitter

Imwe mu miryango yo mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana, ivuga ko yasenyewe ibwirwa ko ituye mu manegeka, yizeye ko izafashwa kubona amacumbi, none imyaka ibaye ine bagitegereje.

Imiryango 30 yo mu Kagari ka Gishore mu Murenge wa Nyakariro, yari ituye mu gishanga cya Gishore muri uyu Murenge wa Nyakariro, na yo ivuga ko yari ituye ahashoboraga kuyishyira mu kaga.

Basabwe kwimuka ndetse baranasenyerwa, ariko na n’ubu ntiyubakiwe nk’uko yari yabyizejwe, ubu imyaka ikaba ibaye ine ku buryo n’abari bafite amikoro ku buryo bakwikodeshereza, ubushobozi bwabashizeho.

Misago Marc ati “Leta yaraje isanga dutuye mu manegeka akabije hanyuma batubwira kuvamo tuvamo. Ariko twavuyemo turagenda nta hantu ho kuba mu byukuri, turakodesha n’ubukodi nta mafaranga. Twifuzaga nk’ubuyobozi ko yaturebera ahantu twakinga umisaya n’abana bacu.”

Mukamana Donatha avuga ko ubuyobozi bwabasenyeye bakabyemera, ariko ko batari bazi ko buzabatererana kugeza uko bimeze uku.

Ati “Baradusenyeye ngo ni mu manegeka turahava, tujya gukodesha. Mfite abana umunani, ubu ni ukugenda turara aho tubonye batwimura tubura ubukode.”

Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab avuga ko hari bamwe bashoboye kwibonera icumbi abandi ntibabina ubushobozi, gusa ngo ni ikibazo bazi kandi ngo bagiye gukora ibarura ry’abatarabashije kubona icumbi batishoboye kugira ngo nabo bubakirwe.

INKURU MU MASHUSHO

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × one =

Previous Post

Amakuru agezweho ku wari utegerezanyijwe amatsiko muri ruhago nyarwanda

Next Post

Haravugwa impamvu idasanzwe yatumye umusirikare wa FARDC yivugana abantu 13

Related Posts

Eng.-Min.Nduhungirehe Identifies the Key Missing Element in Resolving the Rwanda-Congo Crisis

Eng.-Min.Nduhungirehe Identifies the Key Missing Element in Resolving the Rwanda-Congo Crisis

by radiotv10
04/07/2026
0

Rwanda’s Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, has said that the main obstacle to the implementation...

U Rwanda mu yandi masezerano azarufasha kwihaza ku bikomoka kuri Peteroli

U Rwanda mu yandi masezerano azarufasha kwihaza ku bikomoka kuri Peteroli

by radiotv10
04/07/2026
0

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Tanzania yo gutumiza ibikomoka kuri peteroli binyuze ku cyambu cya Tanga, aje akurikira andi rwasinyanye...

Ingabo z’u Rwanda zahinduye ibirango n’ibimenyetso byambarwa ku maboko y’impuzankano

Ingabo z’u Rwanda zahinduye ibirango n’ibimenyetso byambarwa ku maboko y’impuzankano

by radiotv10
04/07/2026
0

Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bwashyize hanze ibirango n’amabendera bishya by’inzego zigize RDF, butangaza ko mu byahindutse harimo ibimenyetso byambarwa...

Eng.-Rwanda Defence Force reveals new badges and symbols

Eng.-Rwanda Defence Force reveals new badges and symbols

by radiotv10
04/07/2026
0

The Rwanda Defence Force has released new badges and flags for its respective services, announcing changes that include new sleeve...

Min.Nduhungirehe yagaragaje ingingo ikomeye ikibura mu gukemura ibibazo by’u Rwanda na Congo

Min.Nduhungirehe yagaragaje ingingo ikomeye ikibura mu gukemura ibibazo by’u Rwanda na Congo

by radiotv10
04/07/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwerera, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko ikibazo gikomeye kikibangamira iyubahirizwa ry'amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y'u Rwanda na...

Next Post
Haravugwa impamvu idasanzwe yatumye umusirikare wa FARDC yivugana abantu 13

Haravugwa impamvu idasanzwe yatumye umusirikare wa FARDC yivugana abantu 13

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Eng.-Min.Nduhungirehe Identifies the Key Missing Element in Resolving the Rwanda-Congo Crisis

U Rwanda mu yandi masezerano azarufasha kwihaza ku bikomoka kuri Peteroli

Ingabo z’u Rwanda zahinduye ibirango n’ibimenyetso byambarwa ku maboko y’impuzankano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.