• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Tanzania: Abashyigikiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje imyigaragambyo

radiotv10by radiotv10
06/08/2021
in MU RWANDA
0
Tanzania: Abashyigikiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje imyigaragambyo
Share on FacebookShare on Twitter

Abashyigikiye uruhande rutavuga rumwe na Leta ya Tanzania baramukiye mu myigaragambyo  ku munsi w’urubanza rw’umuyobozi wabo uherutse gutabwa muri yombi. Ni imvururu zabaye kuri uyu wa kane ariko zikaba zikomeje muri iki gihugu.

Freeman Mbowe n’abandi bafatanyije kuyobora ishyaka rya Chadema batawe muri yombi mu kwezi gushize  ubwo basangwaga mu nama igamije gusaba impinduka mu itegeko nshinga.

Kuri uyu wa kane nibwo bagejewe imbere y’urukiko bashinjwa ibyaha byo gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba n’indi migambi mibisha ,ariko urubanza rwahise rusubikwa.

Abarwanashyaka ba Chadema n’ababashyigikiye nabo baramukiye mu mihanda itandukanye, bandi bajya aho urubanza rwaberaga basaba ko arekurwa byihuse bati “Mbowe ntabwo agira iterabwoba  ni ukumuharabika”.

Icyakora iyi myigaragambyo yabo ntacyo yatanze, ahubwo Polisi nayo yabirayemo ibata muri yombi.

Inkuru ya: Eugenie Nyiransabimana/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 5 =

Previous Post

Arasaba ubutabera nyuma yo gucikira amaguru mu kirombe nyiracyo akaryumaho

Next Post

U Budage n’u Bufaransa bahamya ko ntakizababuza gutanga dose ya gatatu y’urukingo rwa COVID-19

Related Posts

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Next Post
U Budage n’u Bufaransa bahamya ko ntakizababuza gutanga dose ya gatatu y’urukingo rwa COVID-19

U Budage n’u Bufaransa bahamya ko ntakizababuza gutanga dose ya gatatu y’urukingo rwa COVID-19

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.