Saturday, December 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

radiotv10by radiotv10
27/09/2021
in SIPORO
0
Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars
Share on FacebookShare on Twitter

Kim Poulsen umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino ibiri bazahuramo na Benin mu mikino y’amatsinda y’ibihugu mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar.

Mu bakinnyi atari afite mu mukino yatsinzemo Madagascar barimo Jonas Gerald Mkude Nungu Nungu kuri ubu wagarutse mu rutonde.

Nyuma yo gutsinda Madagascar ibitego 3-2, Taifa Stars yahise iyobora itsinda rya 10 n’amanota ane.

Tanzania iri mu itsinda rimwe n’ibihugu nka; DR Congo, Benin na Madagascar baheruka guhura i Dar Es Slaam.

Abakinnyi 25 Kim Poulsen yahamagaye:

Aishi Salum Manula (GK, Simba SC), Metacha Mnata Boniface (GK), Polisi Tanzania, Wilbol Maseke (Azam FC, GK), Ramdahan Kabwili (GK, Yanga SC), Shomari Salim Kapombe (Simba SC), Israel Patrick Mwenda (Simba SC), Erasto Edouard Nyoni (Simba SC), Dickson Job (Yanga SC), Bakari Super Mwamnyeto (Yanga SC), Kennedy Wilson Juma (Simba SC), Lusajo Mwaikenda (Azam FC), Mohammed Hussein (Simba SC), Eduard Manyama (Azam FC), Nickson Clement Kibabage (KMC FC), Meschack Mwamita (Gwambina FC), Novatus Dismas (Macabi Tel Aviv, Israel), Mzamiru Yassin Said (Simba SC), Jonas Gerald MKude (Simba SC), Feisal Salum Abdallah (Yanga SC), John Raphael Bocco (Simba SC), Iddy Seleman Iddy Nado (Azam FC), Abdul Hamis Suleiman (Coastal Union), Mbwana Ally Samanta (Royal Antwerp, Belgium), Reliant Lusajo (Namungo FC), Simon Msuva (Wdad Casablanca, Morocco).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 − 1 =

Previous Post

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC

Next Post

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Related Posts

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yemeje amafaranga angana na miliyoni 620 z’amayero (€620 M) azagenerwa ibihugu 48 bizitabira igikombe...

IZIHERUKA

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days
AMAHANGA

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

by radiotv10
20/12/2025
0

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

20/12/2025
Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

20/12/2025
Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

20/12/2025
Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.