Wednesday, November 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

radiotv10by radiotv10
27/09/2021
in SIPORO
0
Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars
Share on FacebookShare on Twitter

Kim Poulsen umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino ibiri bazahuramo na Benin mu mikino y’amatsinda y’ibihugu mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar.

Mu bakinnyi atari afite mu mukino yatsinzemo Madagascar barimo Jonas Gerald Mkude Nungu Nungu kuri ubu wagarutse mu rutonde.

Nyuma yo gutsinda Madagascar ibitego 3-2, Taifa Stars yahise iyobora itsinda rya 10 n’amanota ane.

Tanzania iri mu itsinda rimwe n’ibihugu nka; DR Congo, Benin na Madagascar baheruka guhura i Dar Es Slaam.

Abakinnyi 25 Kim Poulsen yahamagaye:

Aishi Salum Manula (GK, Simba SC), Metacha Mnata Boniface (GK), Polisi Tanzania, Wilbol Maseke (Azam FC, GK), Ramdahan Kabwili (GK, Yanga SC), Shomari Salim Kapombe (Simba SC), Israel Patrick Mwenda (Simba SC), Erasto Edouard Nyoni (Simba SC), Dickson Job (Yanga SC), Bakari Super Mwamnyeto (Yanga SC), Kennedy Wilson Juma (Simba SC), Lusajo Mwaikenda (Azam FC), Mohammed Hussein (Simba SC), Eduard Manyama (Azam FC), Nickson Clement Kibabage (KMC FC), Meschack Mwamita (Gwambina FC), Novatus Dismas (Macabi Tel Aviv, Israel), Mzamiru Yassin Said (Simba SC), Jonas Gerald MKude (Simba SC), Feisal Salum Abdallah (Yanga SC), John Raphael Bocco (Simba SC), Iddy Seleman Iddy Nado (Azam FC), Abdul Hamis Suleiman (Coastal Union), Mbwana Ally Samanta (Royal Antwerp, Belgium), Reliant Lusajo (Namungo FC), Simon Msuva (Wdad Casablanca, Morocco).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × two =

Previous Post

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC

Next Post

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Related Posts

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

by radiotv10
18/11/2025
0

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura RMC rwongeye kwibutsa abanamakuru bakora ibiganiro bya siporo ko ibitangazamakuru bakorera atari imiyoboro yo gutambukirizamo ubutumwa bwo...

Bitunguranye inama idasanzwe yari yatumijwe muri Rayon yasubitswe ku mpamvu itazwi

Bitunguranye inama idasanzwe yari yatumijwe muri Rayon yasubitswe ku mpamvu itazwi

by radiotv10
17/11/2025
0

Umuyobozi w’Urwego rw'Ikirego rw’Umuryango wa Rayon Sports, Paul Muvunyi yatangaje ko Inama y’Inteko Rusange yari yatumije, isubitswe, ikazaba igihe kizatangazwa....

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

by radiotv10
14/11/2025
0

Nyuma yuko Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, atangaje ko ikipe yamaze gutandukana n’umutoza Afahmia Lotfi kubera umusaruro muke, ibintu...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Perezida wa Rayon yizeje gukemura burundi bimwe mu bibazo biyibereye umutwaro

by radiotv10
13/11/2025
0

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gukemura burundu ikibazo cy’umutoza Robertinho ndetse n’icya...

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

by radiotv10
12/11/2025
0

Tombola y’amatsinda y’Igikombe cya Afurika muri Handball (Men’s Handball Africa Cup of Nations) kizabera mu Rwanda mu kwezi kwa mbere...

IZIHERUKA

Umuntu ni mugari- Minisitiri Utumatwishima avuga ku Muhanzi Bill Ruzima wafunzwe afatanywe urumogi
IMYIDAGADURO

Umuntu ni mugari- Minisitiri Utumatwishima avuga ku Muhanzi Bill Ruzima wafunzwe afatanywe urumogi

by radiotv10
18/11/2025
0

Nyamasheke: Umukobwa wacuruzaga ‘Me2You’ yishwe n’abajura bamuteze bakamutera icyuma bakanamwambura

Igikekwa ku musaza wari wagiye gusangira urwagwa n’umuvandimwe we bakaza kumusanga mu mugezi yarapfuye

18/11/2025
Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

18/11/2025
Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

18/11/2025
Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

18/11/2025
Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

18/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuntu ni mugari- Minisitiri Utumatwishima avuga ku Muhanzi Bill Ruzima wafunzwe afatanywe urumogi

Igikekwa ku musaza wari wagiye gusangira urwagwa n’umuvandimwe we bakaza kumusanga mu mugezi yarapfuye

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.