Monday, December 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

radiotv10by radiotv10
27/09/2021
in SIPORO
0
Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars
Share on FacebookShare on Twitter

Kim Poulsen umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino ibiri bazahuramo na Benin mu mikino y’amatsinda y’ibihugu mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar.

Mu bakinnyi atari afite mu mukino yatsinzemo Madagascar barimo Jonas Gerald Mkude Nungu Nungu kuri ubu wagarutse mu rutonde.

Nyuma yo gutsinda Madagascar ibitego 3-2, Taifa Stars yahise iyobora itsinda rya 10 n’amanota ane.

Tanzania iri mu itsinda rimwe n’ibihugu nka; DR Congo, Benin na Madagascar baheruka guhura i Dar Es Slaam.

Abakinnyi 25 Kim Poulsen yahamagaye:

Aishi Salum Manula (GK, Simba SC), Metacha Mnata Boniface (GK), Polisi Tanzania, Wilbol Maseke (Azam FC, GK), Ramdahan Kabwili (GK, Yanga SC), Shomari Salim Kapombe (Simba SC), Israel Patrick Mwenda (Simba SC), Erasto Edouard Nyoni (Simba SC), Dickson Job (Yanga SC), Bakari Super Mwamnyeto (Yanga SC), Kennedy Wilson Juma (Simba SC), Lusajo Mwaikenda (Azam FC), Mohammed Hussein (Simba SC), Eduard Manyama (Azam FC), Nickson Clement Kibabage (KMC FC), Meschack Mwamita (Gwambina FC), Novatus Dismas (Macabi Tel Aviv, Israel), Mzamiru Yassin Said (Simba SC), Jonas Gerald MKude (Simba SC), Feisal Salum Abdallah (Yanga SC), John Raphael Bocco (Simba SC), Iddy Seleman Iddy Nado (Azam FC), Abdul Hamis Suleiman (Coastal Union), Mbwana Ally Samanta (Royal Antwerp, Belgium), Reliant Lusajo (Namungo FC), Simon Msuva (Wdad Casablanca, Morocco).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + 18 =

Previous Post

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC

Next Post

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Related Posts

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

by radiotv10
30/11/2025
0

Biniam Girmay ukomoka mu Gihugu cya Eritrea ni we wabaye Umukinnyi w'umwaka muri Afurika mu mukino w'amagare muri 2025, mu...

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

by radiotv10
28/11/2025
0

Rutahizamu w'ikipe ya Arsenal Bukayo Saka yasabye urukundo Tolami Benson, umukobwa bakundanye igihe kirekire, mu birori byabereye muri resitora yo...

Rayon Sports igiye kumara hafi ukwezi idafite umwe mu bakinnyi b’ingenzi

Rayon Sports igiye kumara hafi ukwezi idafite umwe mu bakinnyi b’ingenzi

by radiotv10
28/11/2025
0

Umukinnyi wo hagati Bigirimana Abedi wa Rayon Sports, agiye kumara ibyumweru bitatu hanze y’ikibuga adakina kubera imvune yagize. Aya makuru...

Hatangajwe ibihano byafatiwe umukinnyi w’Umurundi wigaragaje mu mukino wakurikiwe n’ubushyamirane mu Rwanda n’icyo yahaniwe

Hatangajwe ibihano byafatiwe umukinnyi w’Umurundi wigaragaje mu mukino wakurikiwe n’ubushyamirane mu Rwanda n’icyo yahaniwe

by radiotv10
28/11/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yahagaritse imikino itatu rutahizamu w’Umurundi Jean Claude Girumugisha ukinira Al Hilal Omdurman, nyuma yo...

Ibizigirwa mu nama ya mbere y’ubuyobozi bushya bwa Kiyovu bwakemuye icyari kibereye umutwaro ikipe

Ibizigirwa mu nama ya mbere y’ubuyobozi bushya bwa Kiyovu bwakemuye icyari kibereye umutwaro ikipe

by radiotv10
27/11/2025
0

Nyuma yuko Kiyovu Sports yishyuye amadeni arenga miliyoni 85 Frw yari ifitiye abakinnyi n’abatoza bari barayireze muri FIFA, ubuyobozi bushya...

IZIHERUKA

Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa
MU RWANDA

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

by radiotv10
01/12/2025
0

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

01/12/2025
Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

30/11/2025
Ukuri abantu batamenye ku byari byatumye umuhanzi w’i Burundi arakarirwa n’Abanyarwanda benshi

Ukuri abantu batamenye ku byari byatumye umuhanzi w’i Burundi arakarirwa n’Abanyarwanda benshi

29/11/2025
Umuyobozi w’Ingabo z’Igihugu kimwe muri Afurika yatakambiye Perezida wa America

Umuyobozi w’Ingabo z’Igihugu kimwe muri Afurika yatakambiye Perezida wa America

29/11/2025
Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda barimo Umunyamabanga Uhoraho muri MINAFFET

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda barimo Umunyamabanga Uhoraho muri MINAFFET

29/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.