Friday, October 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars

radiotv10by radiotv10
27/09/2021
in SIPORO
0
Tanzania: Kim Poulsen yahamagaye 25 ba Taifa Stars
Share on FacebookShare on Twitter

Kim Poulsen umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Tanzania “Taifa Stars” yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino ibiri bazahuramo na Benin mu mikino y’amatsinda y’ibihugu mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar.

Mu bakinnyi atari afite mu mukino yatsinzemo Madagascar barimo Jonas Gerald Mkude Nungu Nungu kuri ubu wagarutse mu rutonde.

Nyuma yo gutsinda Madagascar ibitego 3-2, Taifa Stars yahise iyobora itsinda rya 10 n’amanota ane.

Tanzania iri mu itsinda rimwe n’ibihugu nka; DR Congo, Benin na Madagascar baheruka guhura i Dar Es Slaam.

Abakinnyi 25 Kim Poulsen yahamagaye:

Aishi Salum Manula (GK, Simba SC), Metacha Mnata Boniface (GK), Polisi Tanzania, Wilbol Maseke (Azam FC, GK), Ramdahan Kabwili (GK, Yanga SC), Shomari Salim Kapombe (Simba SC), Israel Patrick Mwenda (Simba SC), Erasto Edouard Nyoni (Simba SC), Dickson Job (Yanga SC), Bakari Super Mwamnyeto (Yanga SC), Kennedy Wilson Juma (Simba SC), Lusajo Mwaikenda (Azam FC), Mohammed Hussein (Simba SC), Eduard Manyama (Azam FC), Nickson Clement Kibabage (KMC FC), Meschack Mwamita (Gwambina FC), Novatus Dismas (Macabi Tel Aviv, Israel), Mzamiru Yassin Said (Simba SC), Jonas Gerald MKude (Simba SC), Feisal Salum Abdallah (Yanga SC), John Raphael Bocco (Simba SC), Iddy Seleman Iddy Nado (Azam FC), Abdul Hamis Suleiman (Coastal Union), Mbwana Ally Samanta (Royal Antwerp, Belgium), Reliant Lusajo (Namungo FC), Simon Msuva (Wdad Casablanca, Morocco).

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − 10 =

Previous Post

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 36 bitegura Uganda barimo 4 ba APR FC

Next Post

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Related Posts

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

by radiotv10
17/10/2025
0

Rutahizamu Fall Ngagne wa Rayon Sports wayifashije mu mwaka w'imikino ushize agashimisha abafana bayo, wari umaze amezi 10 mu mvune,...

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
16/10/2025
0

Ikipe ya Police FC iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona y’u Rwanda imaze gukinwa iminsi itatu, yatandukanye na Muhadjiri Hakizimana wari...

Amahirwe y’Amavubi yo kujya mu cy’Isi birangiye abuze burundu

Nyuma yuko Amavubi yongeye gutenguha Abanyarwanda harakurikiraho iki?

by radiotv10
16/10/2025
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yatangaje ko nyuma yuko Ikipe y’Igihugu itsinzwe imikino ibiri yikurikiranya, hagiye gushakwa uburyo hategurwa...

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

by radiotv10
14/10/2025
0

Manishimwe Djabel wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports na APR FC yanabereye kapiteni, wari umaze igihe yaragiye...

Umukinnyi w’Amavubi wigaragaje mu mukino uheruka byemejwe habura amasaha ko adakina uw’uyu munsi

Umukinnyi w’Amavubi wigaragaje mu mukino uheruka byemejwe habura amasaha ko adakina uw’uyu munsi

by radiotv10
14/10/2025
0

Phanuel Kavita uri mu bakinnyi bigaragaje mu mukino u Rwanda ruheruka gukina na Benin, byemejwe ko atagaragara mu mukino uhuza...

IZIHERUKA

Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu
AMAHANGA

Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

by radiotv10
17/10/2025
0

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

17/10/2025
Amabandi yitwaje intwaro yateje igikuba i Kinshasa muri Congo

Amabandi yitwaje intwaro yateje igikuba i Kinshasa muri Congo

16/10/2025
Umupolisi w’u Rwanda ari mu bahize abandi mu mahugurwa mu Misi anahembwa na Perezida

Umupolisi w’u Rwanda ari mu bahize abandi mu mahugurwa mu Misi anahembwa na Perezida

16/10/2025
Igikewaho gutera impanuka ikomeye yabaye muri Kamonyi cyatangajwe

Igikewaho gutera impanuka ikomeye yabaye muri Kamonyi cyatangajwe

16/10/2025
Uko imodoka ihenze y’umukinnyi wa Filimi Alliah Cool yazamuye impaka rukabura gica

Uko imodoka ihenze y’umukinnyi wa Filimi Alliah Cool yazamuye impaka rukabura gica

16/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

MALI: Amatora ateganyijwe ashobora kwimurwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

Amabandi yitwaje intwaro yateje igikuba i Kinshasa muri Congo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.