Sunday, January 18, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

TOKYO 2020: Abakinnyi batandatu ba Pologne basubijwe iwabo nyuma yo kwibeshya bakohereza abakinnyi benshi mu Buyapani

radiotv10by radiotv10
20/07/2021
in SIPORO
0
TOKYO 2020: Abakinnyi batandatu ba Pologne basubijwe iwabo nyuma yo kwibeshya bakohereza abakinnyi benshi mu Buyapani
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura iminsi itatu kugira ngo imikino Olempike ya 2020 itangire mu mujyi wa Tokyo mu gihugu cy’u Buyapani, igihugu cya Pologne cyasubije abakinnyi batandatu (6) mu gihugu cyabo nyuma y’uko habayeho kwibeshya bakajyana abakinnyi 23 mu gihe bari bemerewe abakinnyi 17 muri rusange.

Abakinnyi batandatu basubijwe muri Pologne ni abakina umukino wo koga (Swimmers) kuko ariho basanze bafite abakinnyi benshi bityo babafatira indege ibasubiza iwabo muri Pologne.

Ishyirahamwe ry’umukino wo koga mu gihugu cya Pologne (PZP), Pawel Slominski yasabye imbabazi abakunzi ba siporo muri iki gihugu agaragaza ko habayeho kwibeshya ku mategeko bigatuma bisanga mu Buyapani bafite umubare urenga w’abakinnyi bemerewe mu mikino Olempike ya 2020 igomba gutangira tariki ya 23 Nyakanga 2021.

“Ndicuza cyane ndetse ndanababaye kuko birasharira gufata umwanzuro nk’uyu wo gusubiza abakinnyi mu rugo muri ubu buryo.” Pawel Slominski

Tokyo 2020. Swimmers already in Poland. “We have been deceived”

Abakinnyi b’igihugu cya Pologne bari bageze mu Buyapani mu ntangiriro z’icyumweru gishize

Pawel Slominski akomeza agira ati “Ibi bintu ntabwo byakabaye bitubaho. Kandi birababaza abakinnyi bacu bakina umukino wo koga. Gusa abifatira ku gahanga ishyirahamwe ry’umukino wo koga ndabumva kandi nanjye ndumva uburemere bw’iri kosa kandi tubisabiye imbabazi”

Pawel Slominski avuga ko nta bundi bunebwe byakoranywe ahubwo ko byari muri gahunda yo gutanga amahirwe ku bakinnyi benshi n’abatoza kugira ngo bitabire iri rushanwa.

Tokyo 2020. Swimmers return home. It is difficult to understand the PZP error

Abakinnyi batandatu ba Pologne bakina umukino wo koga basubijwe iwabo nyumay’ukwibeshya kwakozwe n’ishyirahamwe ry’uyu mukino

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × one =

Previous Post

Nigeria: Igisirikare kivuga ko abajura bahanuye indege y’intambara

Next Post

Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya

Related Posts

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

by radiotv10
16/01/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro bya nyuma n’abakinnyi batatu barimo Yannick Mukunzi, Faustin Usengimana na Yves Mugunga, mu...

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

by radiotv10
16/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yahaye umukoro abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Handball yitegura Igikombe cya Afurika kigiye kubera mu Rwanda,...

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yahagaritswe imikino ine n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), azira imyitwarire...

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

IZIHERUKA

Simple Habits That Improve Digestion
IMIBEREHO MYIZA

Simple Habits That Improve Digestion

by radiotv10
17/01/2026
0

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

17/01/2026
What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

17/01/2026
Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

17/01/2026
Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

16/01/2026
Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya

Kigali: Ingo zigera ku bihumbi 210 nizo zigomba guhabwa ibyo kurya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Simple Habits That Improve Digestion

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.