Sunday, December 14, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa

radiotv10by radiotv10
01/09/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura amasaha macye ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku Mugabane w’i Burayi, rifunge. Amakipe hafi ya yose arimo asanzwe afite ibigwi anafite abakunzi benshi mu Rwanda, yakoze iyo bwabaga, agura abakinnyi bihagazeho bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino

 

Icyo kwitega ku munsi wa nyuma

Manchester United imaze gusinyisha Altay Bayindir nk’umunyezamu w’umusimbura wa Andre Onana mu gihe bagitegereje kumvikana na Tottenham kugira ngo basinyishe myugariro Sergio Reguilon ku ntizanyo.

Ni nako kandi kuri uyu munsi Manchester United ishobora kumvikana na Fiorentina kuri Sofyan Amrabat.

Liverpool iracyashaka gukemura ibibazo byo hagati mu kibuga isinyisha Ryan Gravenberch wa Bayern Munich.

Mohammed Salah ni irindi zina rikivugwa cyane ku isoko ko ashobora gusohoka muri Liverpool nubwo aho bigeze bisa nk’ibigoye.

 

UKO AMAKIPE AMAZE KWIYUBAKA

  1. ARSENAL

 ABINJIYE

  • Declan Rice (West Ham)
  • Kai Havertz (Chelsea)
  • Jurrien Timber (Ajax)

 

ABASOHOTSE

  • Granit Xhaka (Bayer Leverkusen)
  • Matt Turner (Nottingham Forest)
  • Auston Trusty (Sheffield United)
  • Pablo Mari (Monza)
  • Ainsley Maitland Niles (Yararekuwe)
  • Kieran Tierney (Real Sociedad)
  • Charlie Patino (Swansea City)
  • Alex Runarsson (Cardiff City)

 

  1. CHELSEA

ABINJIYE

  • Moises Caicedo (Brighton)
  • Romeo Lavia (Southampton)
  • Christopher Nkunku (RB Leipzig)
  • Axel Disasi (Monaco)
  • Nicolas Jackson (Villarreal)
  • Robert Sanchez (Brighton)
  • Lesley Ugochukwu (Rennes)
  • Angelo Gabriel (Santos)
  • Ishe Samuels-Smith (Everton)
  • Kendry Paez (Independiente del Valle)
  • Diego Moreira (Benfica)
  • Alex Matos (Norwich)

ABASOHOTSE

  • Kai Havertz (Arsenal)
  • Mason Mount (Manchester United)
  • Mateo Kovacic (Manchester City)
  • Christian Pulisic (AC Milan)
  • Kalidou Koulibaly (Al-Hilal)
  • Ruben Loftus-Cheek (AC Milan)
  • Pierre-Emerick Aubameyang (Marseille)
  • Edouard Mendy (Al-Ahli)
  • Dujon Sterling (Rangers)
  • Baba Rahman (PAOK FC)
  • N’Golo Kante (Al-Ittihad)
  • Cesar Azpilicueta (Atletico Madrid)
  • Romelu Lukaku (Roma)
  • Tiemoue Bakayoko (Yararekuwe)
  • David Fofana (Union Berlin)
  • Kepa (Real Madrid)
  • Gabriel Slonina (Eupen)
  • Lewis Hall (Newcastle)

 

  1. LIVERPOOL

ABINJIYE

  • Dominik Szoboszlai (RB Leipzig)
  • Alexis Mac Allister (Brighton)
  • Wataru Endo (Stuttgart)

ABASOHOTSE

  • Jordan Henderson (Al-Ettifaq)
  • Fabinho (Al-Ittihad)
  • Naby Keita (Werder Bremen)
  • James Milner (Brighton)
  • Roberto Firmino (Yararekuwe)
  • Alex Oxlade-Chamberlain (Yararekuwe)
  • Fabio Carvalho (RB Leipzig)
  • Calvin Ramsay (Preston)
  • Sepp van den Berg (Mainz)
  • Rhys Williams (Aberdeen)
  • Nathan Phillips (Celtic)

 

  1. MANCHESTER CITY

ABINJIYE

  • Josko Gvardiol (RB Leipzig)
  • Jeremy Doku (Rennes)
  • Mateo Kovacic (Chelsea)

 

ABASOHOTSE

  • Riyad Mahrez (Al-Ahli)
  • Aymeric Laporte (Al-Nassr)
  • James Trafford (Burnley)
  • Carlos Borges (Ajax)
  • Shea Charles (Southampton)
  • Ilkay Gundogan (Barcelona)
  • Benjamin Mendy (Lorient)
  • Liam Delap (Hull City)
  1. MANCHESTER UNITED

 

ABINJIYE

  • Rasmus Hojlund (Atalanta)
  • Mason Mount (Chelsea)
  • Andre Onana (Inter Milan)
  • Jonny Evans (Leicester City)
  • Altay Bayindir (Fenerbache)

 

ABASOHOTSE

  • Dean Henderson (Crystal Palace)
  • Anthony Elanga (Nottingham Forest)
  • Fred (Fenerbahce)
  • Nathan Bishop (Sunderland)
  • Zidane Iqbal (Utrecht)
  • Alex Telles (Al-Nassr)
  • Bjorn Hardley (Utrecht)
  • Charlie Savage (Reading)
  • Phil Jones (Yararekuwe)
  • David De Gea (Yararekuwe)
  • Ethan Galbraith (Yararekuwe)
  • Axel Tuanzebe (Yararekuwe)
  • Di’Shon Bernard (Yararekuwe)
  • Will Fish (Hibernian)

Deus Abel KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × 2 =

Previous Post

Umuyobozi wo muri Nigeria ukubutse mu Rwanda yavuye imuzi amasomo ahanitse yatahanye

Next Post

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Related Posts

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

by radiotv10
13/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain bakunze kwita Bacca, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga, ahamya ko ari itangirira...

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

by radiotv10
12/12/2025
0

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports biravugwa ko agera mu Rwanda mu mpera z’iki...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon yatanze umucyo ku bibaza ku hazaza h’ikipe

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje itariki ntarengwa iyi kipe izaba yamaze kubona umutoza mushya wayo, ndetse anagaruka...

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

by radiotv10
09/12/2025
0

Uwari Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Brigadier General Déo RUSANGANWA, ntakiri kuri uyu mwanya kubera izindi nshingano z’akazi ke ka...

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

by radiotv10
09/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yifurije umugore we isabukuru nziza y’imyaka ine bamaze bakoze ubukwe bemeranyijwe...

IZIHERUKA

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID
IMIBEREHO MYIZA

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

by radiotv10
13/12/2025
0

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

13/12/2025
Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

13/12/2025
Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

13/12/2025
Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

13/12/2025
America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.