Saturday, June 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa

radiotv10by radiotv10
01/09/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura amasaha macye ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku Mugabane w’i Burayi, rifunge. Amakipe hafi ya yose arimo asanzwe afite ibigwi anafite abakunzi benshi mu Rwanda, yakoze iyo bwabaga, agura abakinnyi bihagazeho bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino

 

Icyo kwitega ku munsi wa nyuma

Manchester United imaze gusinyisha Altay Bayindir nk’umunyezamu w’umusimbura wa Andre Onana mu gihe bagitegereje kumvikana na Tottenham kugira ngo basinyishe myugariro Sergio Reguilon ku ntizanyo.

Ni nako kandi kuri uyu munsi Manchester United ishobora kumvikana na Fiorentina kuri Sofyan Amrabat.

Liverpool iracyashaka gukemura ibibazo byo hagati mu kibuga isinyisha Ryan Gravenberch wa Bayern Munich.

Mohammed Salah ni irindi zina rikivugwa cyane ku isoko ko ashobora gusohoka muri Liverpool nubwo aho bigeze bisa nk’ibigoye.

 

UKO AMAKIPE AMAZE KWIYUBAKA

  1. ARSENAL

 ABINJIYE

  • Declan Rice (West Ham)
  • Kai Havertz (Chelsea)
  • Jurrien Timber (Ajax)

 

ABASOHOTSE

  • Granit Xhaka (Bayer Leverkusen)
  • Matt Turner (Nottingham Forest)
  • Auston Trusty (Sheffield United)
  • Pablo Mari (Monza)
  • Ainsley Maitland Niles (Yararekuwe)
  • Kieran Tierney (Real Sociedad)
  • Charlie Patino (Swansea City)
  • Alex Runarsson (Cardiff City)

 

  1. CHELSEA

ABINJIYE

  • Moises Caicedo (Brighton)
  • Romeo Lavia (Southampton)
  • Christopher Nkunku (RB Leipzig)
  • Axel Disasi (Monaco)
  • Nicolas Jackson (Villarreal)
  • Robert Sanchez (Brighton)
  • Lesley Ugochukwu (Rennes)
  • Angelo Gabriel (Santos)
  • Ishe Samuels-Smith (Everton)
  • Kendry Paez (Independiente del Valle)
  • Diego Moreira (Benfica)
  • Alex Matos (Norwich)

ABASOHOTSE

  • Kai Havertz (Arsenal)
  • Mason Mount (Manchester United)
  • Mateo Kovacic (Manchester City)
  • Christian Pulisic (AC Milan)
  • Kalidou Koulibaly (Al-Hilal)
  • Ruben Loftus-Cheek (AC Milan)
  • Pierre-Emerick Aubameyang (Marseille)
  • Edouard Mendy (Al-Ahli)
  • Dujon Sterling (Rangers)
  • Baba Rahman (PAOK FC)
  • N’Golo Kante (Al-Ittihad)
  • Cesar Azpilicueta (Atletico Madrid)
  • Romelu Lukaku (Roma)
  • Tiemoue Bakayoko (Yararekuwe)
  • David Fofana (Union Berlin)
  • Kepa (Real Madrid)
  • Gabriel Slonina (Eupen)
  • Lewis Hall (Newcastle)

 

  1. LIVERPOOL

ABINJIYE

  • Dominik Szoboszlai (RB Leipzig)
  • Alexis Mac Allister (Brighton)
  • Wataru Endo (Stuttgart)

ABASOHOTSE

  • Jordan Henderson (Al-Ettifaq)
  • Fabinho (Al-Ittihad)
  • Naby Keita (Werder Bremen)
  • James Milner (Brighton)
  • Roberto Firmino (Yararekuwe)
  • Alex Oxlade-Chamberlain (Yararekuwe)
  • Fabio Carvalho (RB Leipzig)
  • Calvin Ramsay (Preston)
  • Sepp van den Berg (Mainz)
  • Rhys Williams (Aberdeen)
  • Nathan Phillips (Celtic)

 

  1. MANCHESTER CITY

ABINJIYE

  • Josko Gvardiol (RB Leipzig)
  • Jeremy Doku (Rennes)
  • Mateo Kovacic (Chelsea)

 

ABASOHOTSE

  • Riyad Mahrez (Al-Ahli)
  • Aymeric Laporte (Al-Nassr)
  • James Trafford (Burnley)
  • Carlos Borges (Ajax)
  • Shea Charles (Southampton)
  • Ilkay Gundogan (Barcelona)
  • Benjamin Mendy (Lorient)
  • Liam Delap (Hull City)
  1. MANCHESTER UNITED

 

ABINJIYE

  • Rasmus Hojlund (Atalanta)
  • Mason Mount (Chelsea)
  • Andre Onana (Inter Milan)
  • Jonny Evans (Leicester City)
  • Altay Bayindir (Fenerbache)

 

ABASOHOTSE

  • Dean Henderson (Crystal Palace)
  • Anthony Elanga (Nottingham Forest)
  • Fred (Fenerbahce)
  • Nathan Bishop (Sunderland)
  • Zidane Iqbal (Utrecht)
  • Alex Telles (Al-Nassr)
  • Bjorn Hardley (Utrecht)
  • Charlie Savage (Reading)
  • Phil Jones (Yararekuwe)
  • David De Gea (Yararekuwe)
  • Ethan Galbraith (Yararekuwe)
  • Axel Tuanzebe (Yararekuwe)
  • Di’Shon Bernard (Yararekuwe)
  • Will Fish (Hibernian)

Deus Abel KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × three =

Previous Post

Umuyobozi wo muri Nigeria ukubutse mu Rwanda yavuye imuzi amasomo ahanitse yatahanye

Next Post

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Related Posts

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

by radiotv10
26/06/2025
0

Imiterere mishya ya Kylian Mbappe iteye impungenge abafana ba Real Madrid, nyuma yo gutakaza ibilo bitanu kubera uburwayi bwa virusi,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Ombolenga nyuma yo gusubira muri APR yavuze ku kuba yazagaruka muri Rayon

by radiotv10
25/06/2025
0

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC yigeze kubera kapiteni, yavuze ko igihe yazajya mu yindi kipe, bigoye ko yazasubira...

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

by radiotv10
23/06/2025
0

Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika (Continental Cup) mu mukino wa Beach Volleyball rigiye kubera muri Morocco, arimo...

IZIHERUKA

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi
MU RWANDA

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

by radiotv10
27/06/2025
0

“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

27/06/2025
Two other senior RDF officers have completed their studies in Uganda

Two other senior RDF officers have completed their studies in Uganda

27/06/2025
Kigali: Umugore akurikiranyweho gukura amenyo umwana we amukubise umwuko amuhoye 200Frw

Kigali: Umugore akurikiranyweho gukura amenyo umwana we amukubise umwuko amuhoye 200Frw

27/06/2025
Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

27/06/2025
Min.Nduhungirehe yakosoye ibyatangajwe n’ikinyamakuru ku masezerano asinywa n’u Rwanda na Congo

Min.Nduhungirehe yakosoye ibyatangajwe n’ikinyamakuru ku masezerano asinywa n’u Rwanda na Congo

27/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abandi Bofisiye bakuru mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo mu Gihugu cy’igituranyi

“Belgium acts as gatekeeper when Europeans seek partnership with Rwanda”

Two other senior RDF officers have completed their studies in Uganda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.