Saturday, November 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa

radiotv10by radiotv10
01/09/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura amasaha macye ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku Mugabane w’i Burayi, rifunge. Amakipe hafi ya yose arimo asanzwe afite ibigwi anafite abakunzi benshi mu Rwanda, yakoze iyo bwabaga, agura abakinnyi bihagazeho bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino

 

Icyo kwitega ku munsi wa nyuma

Manchester United imaze gusinyisha Altay Bayindir nk’umunyezamu w’umusimbura wa Andre Onana mu gihe bagitegereje kumvikana na Tottenham kugira ngo basinyishe myugariro Sergio Reguilon ku ntizanyo.

Ni nako kandi kuri uyu munsi Manchester United ishobora kumvikana na Fiorentina kuri Sofyan Amrabat.

Liverpool iracyashaka gukemura ibibazo byo hagati mu kibuga isinyisha Ryan Gravenberch wa Bayern Munich.

Mohammed Salah ni irindi zina rikivugwa cyane ku isoko ko ashobora gusohoka muri Liverpool nubwo aho bigeze bisa nk’ibigoye.

 

UKO AMAKIPE AMAZE KWIYUBAKA

  1. ARSENAL

 ABINJIYE

  • Declan Rice (West Ham)
  • Kai Havertz (Chelsea)
  • Jurrien Timber (Ajax)

 

ABASOHOTSE

  • Granit Xhaka (Bayer Leverkusen)
  • Matt Turner (Nottingham Forest)
  • Auston Trusty (Sheffield United)
  • Pablo Mari (Monza)
  • Ainsley Maitland Niles (Yararekuwe)
  • Kieran Tierney (Real Sociedad)
  • Charlie Patino (Swansea City)
  • Alex Runarsson (Cardiff City)

 

  1. CHELSEA

ABINJIYE

  • Moises Caicedo (Brighton)
  • Romeo Lavia (Southampton)
  • Christopher Nkunku (RB Leipzig)
  • Axel Disasi (Monaco)
  • Nicolas Jackson (Villarreal)
  • Robert Sanchez (Brighton)
  • Lesley Ugochukwu (Rennes)
  • Angelo Gabriel (Santos)
  • Ishe Samuels-Smith (Everton)
  • Kendry Paez (Independiente del Valle)
  • Diego Moreira (Benfica)
  • Alex Matos (Norwich)

ABASOHOTSE

  • Kai Havertz (Arsenal)
  • Mason Mount (Manchester United)
  • Mateo Kovacic (Manchester City)
  • Christian Pulisic (AC Milan)
  • Kalidou Koulibaly (Al-Hilal)
  • Ruben Loftus-Cheek (AC Milan)
  • Pierre-Emerick Aubameyang (Marseille)
  • Edouard Mendy (Al-Ahli)
  • Dujon Sterling (Rangers)
  • Baba Rahman (PAOK FC)
  • N’Golo Kante (Al-Ittihad)
  • Cesar Azpilicueta (Atletico Madrid)
  • Romelu Lukaku (Roma)
  • Tiemoue Bakayoko (Yararekuwe)
  • David Fofana (Union Berlin)
  • Kepa (Real Madrid)
  • Gabriel Slonina (Eupen)
  • Lewis Hall (Newcastle)

 

  1. LIVERPOOL

ABINJIYE

  • Dominik Szoboszlai (RB Leipzig)
  • Alexis Mac Allister (Brighton)
  • Wataru Endo (Stuttgart)

ABASOHOTSE

  • Jordan Henderson (Al-Ettifaq)
  • Fabinho (Al-Ittihad)
  • Naby Keita (Werder Bremen)
  • James Milner (Brighton)
  • Roberto Firmino (Yararekuwe)
  • Alex Oxlade-Chamberlain (Yararekuwe)
  • Fabio Carvalho (RB Leipzig)
  • Calvin Ramsay (Preston)
  • Sepp van den Berg (Mainz)
  • Rhys Williams (Aberdeen)
  • Nathan Phillips (Celtic)

 

  1. MANCHESTER CITY

ABINJIYE

  • Josko Gvardiol (RB Leipzig)
  • Jeremy Doku (Rennes)
  • Mateo Kovacic (Chelsea)

 

ABASOHOTSE

  • Riyad Mahrez (Al-Ahli)
  • Aymeric Laporte (Al-Nassr)
  • James Trafford (Burnley)
  • Carlos Borges (Ajax)
  • Shea Charles (Southampton)
  • Ilkay Gundogan (Barcelona)
  • Benjamin Mendy (Lorient)
  • Liam Delap (Hull City)
  1. MANCHESTER UNITED

 

ABINJIYE

  • Rasmus Hojlund (Atalanta)
  • Mason Mount (Chelsea)
  • Andre Onana (Inter Milan)
  • Jonny Evans (Leicester City)
  • Altay Bayindir (Fenerbache)

 

ABASOHOTSE

  • Dean Henderson (Crystal Palace)
  • Anthony Elanga (Nottingham Forest)
  • Fred (Fenerbahce)
  • Nathan Bishop (Sunderland)
  • Zidane Iqbal (Utrecht)
  • Alex Telles (Al-Nassr)
  • Bjorn Hardley (Utrecht)
  • Charlie Savage (Reading)
  • Phil Jones (Yararekuwe)
  • David De Gea (Yararekuwe)
  • Ethan Galbraith (Yararekuwe)
  • Axel Tuanzebe (Yararekuwe)
  • Di’Shon Bernard (Yararekuwe)
  • Will Fish (Hibernian)

Deus Abel KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fourteen − ten =

Previous Post

Umuyobozi wo muri Nigeria ukubutse mu Rwanda yavuye imuzi amasomo ahanitse yatahanye

Next Post

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Related Posts

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

by radiotv10
14/11/2025
0

Nyuma yuko Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, atangaje ko ikipe yamaze gutandukana n’umutoza Afahmia Lotfi kubera umusaruro muke, ibintu...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Perezida wa Rayon yizeje gukemura burundi bimwe mu bibazo biyibereye umutwaro

by radiotv10
13/11/2025
0

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gukemura burundu ikibazo cy’umutoza Robertinho ndetse n’icya...

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

by radiotv10
12/11/2025
0

Tombola y’amatsinda y’Igikombe cya Afurika muri Handball (Men’s Handball Africa Cup of Nations) kizabera mu Rwanda mu kwezi kwa mbere...

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

by radiotv10
12/11/2025
0

Ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira umwiherero, barimo umunyezamu Kwizera Olivier wanyuze mu makipe anyuranye mu Rwanda no...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

by radiotv10
11/11/2025
0

Aimable Nsabimana, myugariro w’ikipe ya Assabah Sports Club yo mu cyiciro cya mbere muri Libiya, yavuze ko yigeze gutekereza kureka...

IZIHERUKA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi
AMAHANGA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

by radiotv10
15/11/2025
0

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

15/11/2025
Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

15/11/2025
Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

15/11/2025
Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

14/11/2025
Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

14/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.