Friday, January 9, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa

radiotv10by radiotv10
01/09/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura amasaha macye ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku Mugabane w’i Burayi, rifunge. Amakipe hafi ya yose arimo asanzwe afite ibigwi anafite abakunzi benshi mu Rwanda, yakoze iyo bwabaga, agura abakinnyi bihagazeho bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino

 

Icyo kwitega ku munsi wa nyuma

Manchester United imaze gusinyisha Altay Bayindir nk’umunyezamu w’umusimbura wa Andre Onana mu gihe bagitegereje kumvikana na Tottenham kugira ngo basinyishe myugariro Sergio Reguilon ku ntizanyo.

Ni nako kandi kuri uyu munsi Manchester United ishobora kumvikana na Fiorentina kuri Sofyan Amrabat.

Liverpool iracyashaka gukemura ibibazo byo hagati mu kibuga isinyisha Ryan Gravenberch wa Bayern Munich.

Mohammed Salah ni irindi zina rikivugwa cyane ku isoko ko ashobora gusohoka muri Liverpool nubwo aho bigeze bisa nk’ibigoye.

 

UKO AMAKIPE AMAZE KWIYUBAKA

  1. ARSENAL

 ABINJIYE

  • Declan Rice (West Ham)
  • Kai Havertz (Chelsea)
  • Jurrien Timber (Ajax)

 

ABASOHOTSE

  • Granit Xhaka (Bayer Leverkusen)
  • Matt Turner (Nottingham Forest)
  • Auston Trusty (Sheffield United)
  • Pablo Mari (Monza)
  • Ainsley Maitland Niles (Yararekuwe)
  • Kieran Tierney (Real Sociedad)
  • Charlie Patino (Swansea City)
  • Alex Runarsson (Cardiff City)

 

  1. CHELSEA

ABINJIYE

  • Moises Caicedo (Brighton)
  • Romeo Lavia (Southampton)
  • Christopher Nkunku (RB Leipzig)
  • Axel Disasi (Monaco)
  • Nicolas Jackson (Villarreal)
  • Robert Sanchez (Brighton)
  • Lesley Ugochukwu (Rennes)
  • Angelo Gabriel (Santos)
  • Ishe Samuels-Smith (Everton)
  • Kendry Paez (Independiente del Valle)
  • Diego Moreira (Benfica)
  • Alex Matos (Norwich)

ABASOHOTSE

  • Kai Havertz (Arsenal)
  • Mason Mount (Manchester United)
  • Mateo Kovacic (Manchester City)
  • Christian Pulisic (AC Milan)
  • Kalidou Koulibaly (Al-Hilal)
  • Ruben Loftus-Cheek (AC Milan)
  • Pierre-Emerick Aubameyang (Marseille)
  • Edouard Mendy (Al-Ahli)
  • Dujon Sterling (Rangers)
  • Baba Rahman (PAOK FC)
  • N’Golo Kante (Al-Ittihad)
  • Cesar Azpilicueta (Atletico Madrid)
  • Romelu Lukaku (Roma)
  • Tiemoue Bakayoko (Yararekuwe)
  • David Fofana (Union Berlin)
  • Kepa (Real Madrid)
  • Gabriel Slonina (Eupen)
  • Lewis Hall (Newcastle)

 

  1. LIVERPOOL

ABINJIYE

  • Dominik Szoboszlai (RB Leipzig)
  • Alexis Mac Allister (Brighton)
  • Wataru Endo (Stuttgart)

ABASOHOTSE

  • Jordan Henderson (Al-Ettifaq)
  • Fabinho (Al-Ittihad)
  • Naby Keita (Werder Bremen)
  • James Milner (Brighton)
  • Roberto Firmino (Yararekuwe)
  • Alex Oxlade-Chamberlain (Yararekuwe)
  • Fabio Carvalho (RB Leipzig)
  • Calvin Ramsay (Preston)
  • Sepp van den Berg (Mainz)
  • Rhys Williams (Aberdeen)
  • Nathan Phillips (Celtic)

 

  1. MANCHESTER CITY

ABINJIYE

  • Josko Gvardiol (RB Leipzig)
  • Jeremy Doku (Rennes)
  • Mateo Kovacic (Chelsea)

 

ABASOHOTSE

  • Riyad Mahrez (Al-Ahli)
  • Aymeric Laporte (Al-Nassr)
  • James Trafford (Burnley)
  • Carlos Borges (Ajax)
  • Shea Charles (Southampton)
  • Ilkay Gundogan (Barcelona)
  • Benjamin Mendy (Lorient)
  • Liam Delap (Hull City)
  1. MANCHESTER UNITED

 

ABINJIYE

  • Rasmus Hojlund (Atalanta)
  • Mason Mount (Chelsea)
  • Andre Onana (Inter Milan)
  • Jonny Evans (Leicester City)
  • Altay Bayindir (Fenerbache)

 

ABASOHOTSE

  • Dean Henderson (Crystal Palace)
  • Anthony Elanga (Nottingham Forest)
  • Fred (Fenerbahce)
  • Nathan Bishop (Sunderland)
  • Zidane Iqbal (Utrecht)
  • Alex Telles (Al-Nassr)
  • Bjorn Hardley (Utrecht)
  • Charlie Savage (Reading)
  • Phil Jones (Yararekuwe)
  • David De Gea (Yararekuwe)
  • Ethan Galbraith (Yararekuwe)
  • Axel Tuanzebe (Yararekuwe)
  • Di’Shon Bernard (Yararekuwe)
  • Will Fish (Hibernian)

Deus Abel KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 5 =

Previous Post

Umuyobozi wo muri Nigeria ukubutse mu Rwanda yavuye imuzi amasomo ahanitse yatahanye

Next Post

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Related Posts

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

by radiotv10
08/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Algeria ryasabye imbabazi Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’ikimenyetso cyakozwe n’umwe mu bakinnyi b’ikipe...

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

by radiotv10
08/01/2026
0

Michel Kuka Mboladinga, umufana wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika ubwo yafanaga ikipe y’Igihugu ya DRC mu buryo bwihariye yigaragaza...

Hamenyekanye igikorwa cya mbere kizakorwa na nimero ya mbere ku Isi ku mbuga nkoranyambaga akigera mu Rwanda

Hamenyekanye igikorwa cya mbere kizakorwa na nimero ya mbere ku Isi ku mbuga nkoranyambaga akigera mu Rwanda

by radiotv10
08/01/2026
0

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr., uzwi cyane ku mbuga za YouTube na Twitch ku izina rya iShowSpeed, ategerejwe mu Rwanda...

Dore ubutumwa bwose umukinnyi wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda yakoresheje asezera burundu ruhago

Dore ubutumwa bwose umukinnyi wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda yakoresheje asezera burundu ruhago

by radiotv10
08/01/2026
0

Rutanga Eric wakiniye amakipe arimo akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports na APR FC, yatangaje ko yasezeye gukina nk’uwabigize umwuga,...

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

by radiotv10
07/01/2026
0

Michel Kuka Mboladinga wamamaye mu gikombe cya Afurika nka Lumumba kubera kwigaragaza nk’uyu munyapolitiki, warebaga imikino y’Ikipe y’Igihugu ya DRC...

IZIHERUKA

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko
IBYAMAMARE

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

by radiotv10
08/01/2026
0

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

08/01/2026
AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

08/01/2026
Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

08/01/2026
RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

08/01/2026
FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

08/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.