Thursday, January 29, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa

radiotv10by radiotv10
01/09/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Twibukiranye uko amakipe y’ibihangange yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi rigiye gufungwa
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura amasaha macye ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku Mugabane w’i Burayi, rifunge. Amakipe hafi ya yose arimo asanzwe afite ibigwi anafite abakunzi benshi mu Rwanda, yakoze iyo bwabaga, agura abakinnyi bihagazeho bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino

 

Icyo kwitega ku munsi wa nyuma

Manchester United imaze gusinyisha Altay Bayindir nk’umunyezamu w’umusimbura wa Andre Onana mu gihe bagitegereje kumvikana na Tottenham kugira ngo basinyishe myugariro Sergio Reguilon ku ntizanyo.

Ni nako kandi kuri uyu munsi Manchester United ishobora kumvikana na Fiorentina kuri Sofyan Amrabat.

Liverpool iracyashaka gukemura ibibazo byo hagati mu kibuga isinyisha Ryan Gravenberch wa Bayern Munich.

Mohammed Salah ni irindi zina rikivugwa cyane ku isoko ko ashobora gusohoka muri Liverpool nubwo aho bigeze bisa nk’ibigoye.

 

UKO AMAKIPE AMAZE KWIYUBAKA

  1. ARSENAL

 ABINJIYE

  • Declan Rice (West Ham)
  • Kai Havertz (Chelsea)
  • Jurrien Timber (Ajax)

 

ABASOHOTSE

  • Granit Xhaka (Bayer Leverkusen)
  • Matt Turner (Nottingham Forest)
  • Auston Trusty (Sheffield United)
  • Pablo Mari (Monza)
  • Ainsley Maitland Niles (Yararekuwe)
  • Kieran Tierney (Real Sociedad)
  • Charlie Patino (Swansea City)
  • Alex Runarsson (Cardiff City)

 

  1. CHELSEA

ABINJIYE

  • Moises Caicedo (Brighton)
  • Romeo Lavia (Southampton)
  • Christopher Nkunku (RB Leipzig)
  • Axel Disasi (Monaco)
  • Nicolas Jackson (Villarreal)
  • Robert Sanchez (Brighton)
  • Lesley Ugochukwu (Rennes)
  • Angelo Gabriel (Santos)
  • Ishe Samuels-Smith (Everton)
  • Kendry Paez (Independiente del Valle)
  • Diego Moreira (Benfica)
  • Alex Matos (Norwich)

ABASOHOTSE

  • Kai Havertz (Arsenal)
  • Mason Mount (Manchester United)
  • Mateo Kovacic (Manchester City)
  • Christian Pulisic (AC Milan)
  • Kalidou Koulibaly (Al-Hilal)
  • Ruben Loftus-Cheek (AC Milan)
  • Pierre-Emerick Aubameyang (Marseille)
  • Edouard Mendy (Al-Ahli)
  • Dujon Sterling (Rangers)
  • Baba Rahman (PAOK FC)
  • N’Golo Kante (Al-Ittihad)
  • Cesar Azpilicueta (Atletico Madrid)
  • Romelu Lukaku (Roma)
  • Tiemoue Bakayoko (Yararekuwe)
  • David Fofana (Union Berlin)
  • Kepa (Real Madrid)
  • Gabriel Slonina (Eupen)
  • Lewis Hall (Newcastle)

 

  1. LIVERPOOL

ABINJIYE

  • Dominik Szoboszlai (RB Leipzig)
  • Alexis Mac Allister (Brighton)
  • Wataru Endo (Stuttgart)

ABASOHOTSE

  • Jordan Henderson (Al-Ettifaq)
  • Fabinho (Al-Ittihad)
  • Naby Keita (Werder Bremen)
  • James Milner (Brighton)
  • Roberto Firmino (Yararekuwe)
  • Alex Oxlade-Chamberlain (Yararekuwe)
  • Fabio Carvalho (RB Leipzig)
  • Calvin Ramsay (Preston)
  • Sepp van den Berg (Mainz)
  • Rhys Williams (Aberdeen)
  • Nathan Phillips (Celtic)

 

  1. MANCHESTER CITY

ABINJIYE

  • Josko Gvardiol (RB Leipzig)
  • Jeremy Doku (Rennes)
  • Mateo Kovacic (Chelsea)

 

ABASOHOTSE

  • Riyad Mahrez (Al-Ahli)
  • Aymeric Laporte (Al-Nassr)
  • James Trafford (Burnley)
  • Carlos Borges (Ajax)
  • Shea Charles (Southampton)
  • Ilkay Gundogan (Barcelona)
  • Benjamin Mendy (Lorient)
  • Liam Delap (Hull City)
  1. MANCHESTER UNITED

 

ABINJIYE

  • Rasmus Hojlund (Atalanta)
  • Mason Mount (Chelsea)
  • Andre Onana (Inter Milan)
  • Jonny Evans (Leicester City)
  • Altay Bayindir (Fenerbache)

 

ABASOHOTSE

  • Dean Henderson (Crystal Palace)
  • Anthony Elanga (Nottingham Forest)
  • Fred (Fenerbahce)
  • Nathan Bishop (Sunderland)
  • Zidane Iqbal (Utrecht)
  • Alex Telles (Al-Nassr)
  • Bjorn Hardley (Utrecht)
  • Charlie Savage (Reading)
  • Phil Jones (Yararekuwe)
  • David De Gea (Yararekuwe)
  • Ethan Galbraith (Yararekuwe)
  • Axel Tuanzebe (Yararekuwe)
  • Di’Shon Bernard (Yararekuwe)
  • Will Fish (Hibernian)

Deus Abel KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 + 4 =

Previous Post

Umuyobozi wo muri Nigeria ukubutse mu Rwanda yavuye imuzi amasomo ahanitse yatahanye

Next Post

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Related Posts

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Ubutwari cya 2026 nyuma yo gutsinda As Kigali ibitego 3-0...

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

Amakuru meza muri Rayon yerecyeye umukinnyi uri mu b’ingenzi bayo Bassané

by radiotv10
28/01/2026
0

Nyuma y'iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y'imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye...

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

Rutahizamu Adama Bagayogo watandukanye na Rayon yahise abona indi kipe

by radiotv10
26/01/2026
0

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, uheruka gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, yerekeje mu ikipe ya AS Kigali, aho yasinye amasezerano y’amezi...

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

IZIHERUKA

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police
FOOTBALL

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

by radiotv10
28/01/2026
0

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

28/01/2026
AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

28/01/2026
Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

Bashyize hanze iy’umukobwa uvugwaho gukanda imyanya y’ibanga ya Se ubugirakabiri

28/01/2026
Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

Hasohotse andi makuru ku mupasiteri umaze igihe akurikiranwaho impfu z’abantu 400

28/01/2026
Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

28/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Amatsiko yashize: Menya amazina yiswe Abana b’Ingagi 23 yatanzwe n’abarimo abasitari bakomeye ku Isi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma y’umukino uryoheye ijisho APR igeze kuri Final y’icy’Intwari ijya gutegereza hagati ya Rayon na Police

Urubanza rw’abaregwa ubutinganyi rwavutsemo impaka

AFC/M23 yatanze umucyo ku ‘mikoranire’ n’u Rwanda yahawe ibisobanuro biyobya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.