Wednesday, December 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

U Rwanda mu Bihugu bitanu bya nyuma ku Isi mu byishimo by’abaturage

radiotv10by radiotv10
21/03/2022
in MU RWANDA
0
U Rwanda mu Bihugu bitanu bya nyuma ku Isi mu byishimo by’abaturage
Share on FacebookShare on Twitter

Raporo nshya ku byishimo by’Ibihugu ku Isi, igaragaza ko u Rwanda ruri muri bitanu bya nyuma aho ruri ku mwanya w’ 144 rukaba rukurikirwa n’Ibihugu bibiri gusa (Zimbabwe na Afghanistan).

Iyi raporo izwi nka World Hapiness, ishingira ku makuru yatanzwe mu mwaka wa 2021 areba ku nzego esheshatu zinyuranye zirimo umusaruro mbumbe w’abaturage, ubufasha bahabwa, icyizere cyo kuramba, ubwisanzure bwo kubaho ubuzima bw’amahitamo ya muntu ndetse n’ibijyanye na ruswa.

Ibihugu bya mbere, ni ibyo mu majyaruguru y’u Buruyi aho uru rutonde ruyobowe na Finland ifite amanota 7 842, igakurikirwa na Denmark ifite amanota 7 620, Switzerland ikagira amanota 7 571, Iceland ikagira 7 554.

Ibihugu 10 bya mbere:

  1. Finland (7 842)
  2. Denmark (7 620)
  3. Switzerland (7 571)
  4. Iceland (7 554)
  5. Netherlands (7 464)
  6. Norway (7 392)
  7. Sweden (7 363)
  8. Luxambourg (7 324)
  9. New Zealand (7 277)
  10. Austria (7 268)

U Rwanda muri bitanu bya nyuma

Iyi raporo ikorwa ku ngunga y’Umuryango w’Abibumbye, igaragaza ko u Rwanda ruri mu Bihugu bitanu bya nyuma, biyobowe na Afghanistan ya nyuma iri ku mwanya w’ 146 ifite amanota 2 523, Zimbabwe ikaza ku mwanya w’ 145 aho ifite amajwi 3 145, u Rwanda rukaza ku mwanya w’ 143 rukagira amanota 3 415, na Botswana y’ 143 ifite 3 467 naho Lesotho y’ 142 ikaba ifite amanota 3 653.

Mu Bihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, na ho ruza ku mwanya wa nyuma kuko Uganda iri ku mwanya w’ 117 ifite amanota 4 636, Kenya iri ku mwanya w’ 119 n’amanota 4 607, u Burundi bukaba buri ku mwanya w’ 137 n’amanota 3 775 naho Tanzania ikaba ku mwanya w’ 139 n’amajwi 3 623.

Iyi raporo ishyirau Rwanda mu myanya ya nyuma mu byishimo, isohotse mu gihe bamwe mu baturarwanda bakomeje kuzamura amajwi bavuga ko imibereho ihenze cyane kubera ibiciro by’ibicuruzwa bikenerwa mu buzima bwa buri munsi byatumbagiye ku kigero cyo hejuru.

Muri Kanama umwaka ushize wa 2021, Urwego rw’Igihugu rw’Ubuegenzacyaha RIB rwatangaje ko mu gihe cy’umwaka umwe hari hiyahuye abanyarwanda 576 barimo 82 % b’igitsinagore na 18 % b’igitsinagore.

Uru rwego rwatangaje ko 47 % by’abiyahuye hatamenyekanye icyatumye biyambura ubuzima mu gihe 28 % ari ababitewe n’amakimbirane yo mu miryango.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 4 =

Previous Post

RIB yafunze Animateri wiyemerera ko yakubise inshyi mu matwi umunyeshuri bikamuviramo kuvamo amaraso

Next Post

Uri kurota!!…Shaddyboo yambaye agatimba yongeye kuvugisha imbaga

Related Posts

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

by radiotv10
17/12/2025
0

Umwarimu wigisha mu ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (TSS) rya Mutenderi mu Karere ka Ngoma, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa...

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

by radiotv10
17/12/2025
0

Polisi y’u Rwanda yavuze ko Abapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri pandagari mu Karere ka Rubavu, batangiye gukurikiranwa kuko uburyo babikozemo...

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

by radiotv10
17/12/2025
0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwamenyesheje abagatuye ko hagiye gukorwa igikorwa cyo kubarura abashomeri badafite akazi bari hagati y’imyaka 16 na...

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

by radiotv10
17/12/2025
0

Umusore wo mu Murene wa Runda mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho kwica umukecuru amukubise ishoka ubwo yamusangaga iwe nyuma yuko...

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

by radiotv10
17/12/2025
0

Igisasu cyo mu bwoko bwa Grenade cyishe giturikanye abana batatu b’umuryango wo mu Murenge wa Cyumba mu Karere ka Gicumbi,...

IZIHERUKA

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026
FOOTBALL

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Gicumbi: Umuyobozi w’Ishuri akurikiranyweho gusambanya umwana amwizeza ibitangaza adafitiye ubushobozi

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

17/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

17/12/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

17/12/2025
Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

17/12/2025
Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

17/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uri kurota!!…Shaddyboo yambaye agatimba yongeye kuvugisha imbaga

Uri kurota!!...Shaddyboo yambaye agatimba yongeye kuvugisha imbaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Umwarimu yatawe muri yombi nyuma yo gusaba umwana kujya iwe kumusura bagatindana

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.