Thursday, September 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Uganda: Abanyamahoteli bararira ayo kwarika kubera umukwabu udasanzwe uri gukorwa

radiotv10by radiotv10
20/11/2024
in AMAHANGA
0
Uganda: Abanyamahoteli bararira ayo kwarika kubera umukwabu udasanzwe uri gukorwa
Share on FacebookShare on Twitter

Abafite ibikorwa by’amahoteli muri Uganda, basabye ikigo gishinzwe ubukerarugendo guca inkoni izamba mu bikorwa bikomeje kuba byo gufunga amahoteli adafite ibyangombwa.

Ikinyamakuru Daily monitor, kivuga ko kuva ku wa Mbere ikigo gishinzwe ubukerarugendo muri Uganda cyatangiye ibikorwa byo gufunga amahoteli atujuje ibisabwa n’amategeko ndetse atanafite ibyangombwa.

Samora Semakula ukora mu Kigo cy’Ubukerarugendo cya Uganda, yavuze ko byibura 70% y’abafite amahoteli muri Uganda nta byangombwa bafite, bituma batanga serivise mbi, ndetse n’abahahuriye n’ibibazo ntibamenye aho babariza.

Amahoteli agaragaweho kuba ba nyirayo badafite ibyangombwa ariko bujuje ibisabwa, bahabwa amasaha 48 ngo babe babibonye, naho abatabyujuje bari guhabwa amasaha 24 yo gushakira abakiliya andi macumbi yujuje ibisabwa.

Urugaga rw’Abanyamahoteli muri iki Gihugu rwasabye ko bagirana ibiganiro n’inzego zibifite mu nshingano kugira ngo bakemure iki kibazo, icyakora Minisiteri ibifite mu nshingano ivuga ko bahawe igihe gihagije cyo kubikemura.

Bamwe mu bafite amahoteli yafunzwe, bavuga ko bari kubahana bihanukiriye kandi ko ibikorwa byose by’ubucuruzi muri iki Gihugu biba bitanditse.

Ibi bikorwa by’amagenzura byahereye mu Murwa Mukuru wa Uganda, i Kampala ndetse bizakomereza n’ahandi muri iki Gihugu hose, aho inzego zivuga ko bigamije kuzamura urwego rw’imitangire ya serivise muri iki Gihugu.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

8 − 5 =

Previous Post

Babiri binjizaga mu Rwanda magendu iturutse Congo bafashwe mu gicuku

Next Post

Umuyobozi Wungirije wa Polisi DIGP Ujeneza yasuye Abapolisi muri Centrafrique abagenera ubutumwa (AMAFOTO)

Related Posts

Hemejwe inyito y’ibyaha Abayobozi ba Israel bakoreye muri Gaza

Hemejwe inyito y’ibyaha Abayobozi ba Israel bakoreye muri Gaza

by radiotv10
17/09/2025
0

Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iperereza, yemeje ko abayobozi ba Israel bakoze Jenoside ku Banya-Palestine bo mu Ntara ya Gaza. Raporo...

Hashyizwe hanze ibimenyetso bigaragaza ko ushinjwa kwica Charlie Kirk ari we wabikoze

Hashyizwe hanze ibimenyetso bigaragaza ko ushinjwa kwica Charlie Kirk ari we wabikoze

by radiotv10
17/09/2025
0

Ubushinjacyaha buburana na Tyler Robinson ukekwaho kwica Umunyamerika Charlie Kirk, inshuti ikomeye ya Perezida Trump, bwagaragaje bumwe mu butumwa bwoherejwe...

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

by radiotv10
16/09/2025
0

Ifoto yafashwe mu 1863 yerekana umucakara yuzuye inkovu umugongo wose, igaragaza amateka y’ubucakara bwakorewe abirabura muri Leta Zunze Ubumwe za...

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

by radiotv10
16/09/2025
0

Ikubuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye kiri i Bujumbura mu Burundi, cyamaze ijoro ryose nta ndege zikigwaho cyangwa ngo zihaguruke...

Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi

Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi

by radiotv10
16/09/2025
0

Umunyamerikakazi Aevin Dugas, ari mu byishimo nyuma yo kwandikwa mu gitabo cy’abanyaduhigo ku Isi ‘Guinness World Records’, aho yagize umusatsi...

IZIHERUKA

Why do young people quit jobs after a few months?
MU RWANDA

Why do young people quit jobs after a few months?

by radiotv10
17/09/2025
0

Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Cardi B yatangaje ko atwite umwana wa kane

Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Cardi B yatangaje ko atwite umwana wa kane

17/09/2025
Annette Murava umugore wa ‘Bishop Gafaranga’ yagaragarije agahinda ku Rukiko

Ibyamenyekanye byavugiwe mu rubanza rwa ‘Bishop Gafaranga’ uregwa guhohotera umugore we Annette Murava

17/09/2025
Iby’ingenzi wamenya ku yandi mavugurura agiye gukorwa mu burezi bw’u Rwanda

Imbogamizi za mbere zahise zigaragara mu mpinduka ziherutse gushyirwa mu burezi mu Rwanda

17/09/2025
Hatangajwe agace gaturukamo imyuka ihumanya ikirere kurusha ahandi mu Rwanda

Hatangajwe agace gaturukamo imyuka ihumanya ikirere kurusha ahandi mu Rwanda

17/09/2025
Uwamamaye mu kiganiro gikunzwe byamenyekanye ko yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye n’umunyamakuru

Uwamamaye mu kiganiro gikunzwe byamenyekanye ko yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye n’umunyamakuru

17/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuyobozi Wungirije wa Polisi DIGP Ujeneza yasuye Abapolisi muri Centrafrique abagenera ubutumwa (AMAFOTO)

Umuyobozi Wungirije wa Polisi DIGP Ujeneza yasuye Abapolisi muri Centrafrique abagenera ubutumwa (AMAFOTO)

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Why do young people quit jobs after a few months?

Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Cardi B yatangaje ko atwite umwana wa kane

Ibyamenyekanye byavugiwe mu rubanza rwa ‘Bishop Gafaranga’ uregwa guhohotera umugore we Annette Murava

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.