Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umugore ari gushakishwaho akekwaho ibitamenyerewe ku bagore

radiotv10by radiotv10
20/02/2023
in MU RWANDA, UBUTABERA
0
Umugore ari gushakishwaho akekwaho ibitamenyerewe ku bagore
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore w’imyaka 22 y’amavuko ari gushakishwa nyuma yo gukekwaho kwiba moto yafatiwe mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Muhanga, akanayikuramo bimwe mu byuma byayo.

Uyu mugore witwa Josephine, ari gushakishwa kuko inzego zikimara kumukeka zigatangira kumushakisha, yahise atoroka.

Ni nyuma yuko moto akekwaho kwiba yafatiwe mu Mudugudu wa Nyamutarama mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Mbuye, mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 19 Gashyantare.

CIP Habiyaremye Emmanuel, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko iyi moto yari yibwe mu Mujyi wa Kigali kuko nyirayo ari ho atuye mu Karere ka Kicukiro.

Avuga ko uyu mugore ukekwaho kwiba iyi moto asanzwe ari umukanishi ukorera mu Karere ka Muhanga, ariko akaba yahise atoroka, ariko hakaba hafashwe uwamucumbikiye ukekwaho ubufatanyacyaha muri iki cyaha cy’ubujura bwa moto.

CIP Habiyaremye yatangaje ko ukekwaho kwiva iki kinyabiziga yari yamaze gukura bimwe mu byuma bikigize, bimwe bikaba byafashwe, mu gihe ibindi bikiri gushakishwa

CIP Habiyaremye yagize ati “Ukekwaho ubujura ari gushakishwa kandi twezeye ko aza kuboneka agafatwa.”

Ubujura nk’ubu bwa moto bumaze iminsi buvugwa mu bice bitandukanye mu Rwanda, aho bamwe mu babukora, bagenda bagakuramo ibyuma biba bikoze izo moto, ubundi bakabigurisha bigashyirwa mu zindi.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − five =

Previous Post

Umuhanzi ugezweho mu Rwanda birabugwa ko amaze iminsi afunze

Next Post

Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyubozi bukuru bwa Polisi

Related Posts

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

by radiotv10
18/12/2025
1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi ziherutse guhurira mu biganiro nyuma...

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

by radiotv10
18/12/2025
0

Kigali is quietly becoming one of Africa’s most attractive destinations for digital nomads. Known for its cleanliness, safety, strong internet...

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

by radiotv10
18/12/2025
0

From mobile money to online banking and QR-code payments, the world is rapidly moving toward a cashless society. In Rwanda,...

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

by radiotv10
18/12/2025
0

Abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyunuzi bavuga ko umusaruro wabo utinda guhuza ibipimo bikenerwa kugira ngo ugurwe kuko batagira imashini...

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
18/12/2025
0

Inama y’Abaminisitiri ya nyuma y'umwaka wa 2025, yaranzwe n’ibikorwa binyuranye birimo kugezwaho isinywa ry’amasezerano y’Amahoro n’Ubufatanye mu by’Ubukungu hagati y’u...

IZIHERUKA

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4
IBYAMAMARE

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

18/12/2025
Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

18/12/2025
Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyubozi bukuru bwa Polisi

Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyubozi bukuru bwa Polisi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.