• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umugore ari gushakishwaho akekwaho ibitamenyerewe ku bagore

radiotv10by radiotv10
20/02/2023
in MU RWANDA, UBUTABERA
0
Umugore ari gushakishwaho akekwaho ibitamenyerewe ku bagore
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore w’imyaka 22 y’amavuko ari gushakishwa nyuma yo gukekwaho kwiba moto yafatiwe mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Muhanga, akanayikuramo bimwe mu byuma byayo.

Uyu mugore witwa Josephine, ari gushakishwa kuko inzego zikimara kumukeka zigatangira kumushakisha, yahise atoroka.

Ni nyuma yuko moto akekwaho kwiba yafatiwe mu Mudugudu wa Nyamutarama mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Mbuye, mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 19 Gashyantare.

CIP Habiyaremye Emmanuel, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko iyi moto yari yibwe mu Mujyi wa Kigali kuko nyirayo ari ho atuye mu Karere ka Kicukiro.

Avuga ko uyu mugore ukekwaho kwiba iyi moto asanzwe ari umukanishi ukorera mu Karere ka Muhanga, ariko akaba yahise atoroka, ariko hakaba hafashwe uwamucumbikiye ukekwaho ubufatanyacyaha muri iki cyaha cy’ubujura bwa moto.

CIP Habiyaremye yatangaje ko ukekwaho kwiva iki kinyabiziga yari yamaze gukura bimwe mu byuma bikigize, bimwe bikaba byafashwe, mu gihe ibindi bikiri gushakishwa

CIP Habiyaremye yagize ati “Ukekwaho ubujura ari gushakishwa kandi twezeye ko aza kuboneka agafatwa.”

Ubujura nk’ubu bwa moto bumaze iminsi buvugwa mu bice bitandukanye mu Rwanda, aho bamwe mu babukora, bagenda bagakuramo ibyuma biba bikoze izo moto, ubundi bakabigurisha bigashyirwa mu zindi.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty − 19 =

Previous Post

Umuhanzi ugezweho mu Rwanda birabugwa ko amaze iminsi afunze

Next Post

Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyubozi bukuru bwa Polisi

Related Posts

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

by radiotv10
02/06/2026
0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abaturage bo mu Murenge wa Save, Akarere ka Gisagara, kugira uruhare rufatika...

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

by radiotv10
02/06/2026
0

Bamwe mu batwara moto zikoresha amashanyarazi za Spiro baravuga ko bafite ikibazo gikomeye kuko ngo bari kujya aho bahinduriza bateri...

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

by radiotv10
02/06/2026
0

Abagore babiri bakekwaho kurogera abaturanyi babo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, babafatanywe ibyo bakekwaho gukoresha mu burozi...

How people stay financially stable

How people stay financially stable

by radiotv10
02/06/2026
0

Have you ever wondered how some people always seem financially comfortable? They rarely appear stressed about money, they handle unexpected...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Next Post
Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyubozi bukuru bwa Polisi

Perezida Kagame yakoze impinduka mu buyubozi bukuru bwa Polisi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.