Tuesday, December 2, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umunyamakuru yishimiye gukinana umupira na Brian Kagame, benshi bamukurira ingofero

radiotv10by radiotv10
18/03/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Umunyamakuru yishimiye gukinana umupira na Brian Kagame, benshi bamukurira ingofero
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago umaze kubaka izina mu biganiro bitambuka kuri YouTube, yishimiye kuba yakinanye umupira na bucura wa Perezida Paul Kagame, Brian Kagame; bituma bamwe bakurira ingofero uyu Munyamakuru kuba yabashije guhurira mu kibuga n’uyu mwana w’Umukuru w’Igihugu.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu munyamakuru usanzwe akora ibiganiro bitambuka kuri YouTube Channel ye, yagize ati “Byari iby’agaciro guhura no gukinana na Brian Kagame mu kibuga kimwe ndetse no mu mukino umwe, ku bw’amahirwe twanatsinze umukino.”

'It was an honor meeting and playing with Brian Kagame in the same pitch and the same Game,fortunately we won the game 🏆 👊 pic.twitter.com/iCr8Yf47x7

— Yago_pon_dat (@yagoforeal) March 18, 2022

Ubu butumwa buherekejwe n’ifoto ya Yago ari kumwe na Brian Kagame, bwatanzweho ibitekerezo na benshi bavuze ko uyu munyamakuru adasanzwe kuba yahuriye mu kibuga na Brian Kagame, umwana wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.

Uwitwa Bebeza King yagize ati “Yago abirimo neza.”

Umwojo wa Nyagatare na we yagize ati “Yago blessing kabisa, n’uyu ni umugisha kuri wowe.”

Uwitwa Mahoro na we yagize ati “Yago arizewe wana. Uzi ko nta mu GP mbona hafi aho.”

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda, bashyize kuri koni zabo iyi foto ya Yago ari kumwe na Brian Kagame, bavuga ko uyu Munyamakuru yageze ku gikorwa gikomeye.

Yago ari kumwe na Brian Kagame

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 2 =

Previous Post

Umuryango ubana n’abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Next Post

Gen.Mahamat Idriss Itno wasimbuye se waguye ku rugamba muri Chad ari mu Rwanda

Related Posts

BREAKING: Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya barimo batatu binjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

BREAKING: Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya barimo batatu binjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
01/12/2025
0

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame; yashyize mu myanya abayobozi barimo Minisitiri w'Ubuhinzi mushya, n'Abanyamabanga ba Leta babiri barimo...

Agezweho: Abandi babiri barimo umunyamakuru bafunzwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano

Andi makuru yamenyekanye ku byaha biregwa umunyamakuru Djihad uherutse gutabwa muri yombi

by radiotv10
01/12/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko Cyprien Uzabakiriho uzwi nka Djihad usanzwe akora ibiganiro bitambuka kuri YouTube, akurikiranyweho ibindi byaha byiyongera...

Bahoze ari abakozi ba Leta ariko bamaze imyaka 20 mu marira batazi uzayabahoza

Bahoze ari abakozi ba Leta ariko bamaze imyaka 20 mu marira batazi uzayabahoza

by radiotv10
01/12/2025
0

Hari abahoze ari abakozi b’Ikigo Nderabuzima cya Murara mu Karere ka Rubavu, bavuga ko bari mu gihirahiro nyuma y’uko mu...

Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

by radiotv10
01/12/2025
0

Abagabo batatu batawe muri yombi na Polisi ikorera mu Karere ka Gisagara, bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi, barimo uwakundaga kumubwira...

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

by radiotv10
01/12/2025
0

Mu Mujyi wa Kigali hagiye gutangira gahunda nshya mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, izatuma nta modoka zihagarara umwanya...

IZIHERUKA

BREAKING: Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya barimo batatu binjiye muri Guverinoma y’u Rwanda
MU RWANDA

BREAKING: Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya barimo batatu binjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
01/12/2025
0

Agezweho: Abandi babiri barimo umunyamakuru bafunzwe muri dosiye y’amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano

Andi makuru yamenyekanye ku byaha biregwa umunyamakuru Djihad uherutse gutabwa muri yombi

01/12/2025
Bahoze ari abakozi ba Leta ariko bamaze imyaka 20 mu marira batazi uzayabahoza

Bahoze ari abakozi ba Leta ariko bamaze imyaka 20 mu marira batazi uzayabahoza

01/12/2025
Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

01/12/2025
Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

01/12/2025
RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

01/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Gen.Mahamat Idriss Itno wasimbuye se waguye ku rugamba muri Chad ari mu Rwanda

Gen.Mahamat Idriss Itno wasimbuye se waguye ku rugamba muri Chad ari mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

BREAKING: Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya barimo batatu binjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

Andi makuru yamenyekanye ku byaha biregwa umunyamakuru Djihad uherutse gutabwa muri yombi

Bahoze ari abakozi ba Leta ariko bamaze imyaka 20 mu marira batazi uzayabahoza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.