Tuesday, November 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umunyamakuru yishimiye gukinana umupira na Brian Kagame, benshi bamukurira ingofero

radiotv10by radiotv10
18/03/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Umunyamakuru yishimiye gukinana umupira na Brian Kagame, benshi bamukurira ingofero
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago umaze kubaka izina mu biganiro bitambuka kuri YouTube, yishimiye kuba yakinanye umupira na bucura wa Perezida Paul Kagame, Brian Kagame; bituma bamwe bakurira ingofero uyu Munyamakuru kuba yabashije guhurira mu kibuga n’uyu mwana w’Umukuru w’Igihugu.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu munyamakuru usanzwe akora ibiganiro bitambuka kuri YouTube Channel ye, yagize ati “Byari iby’agaciro guhura no gukinana na Brian Kagame mu kibuga kimwe ndetse no mu mukino umwe, ku bw’amahirwe twanatsinze umukino.”

'It was an honor meeting and playing with Brian Kagame in the same pitch and the same Game,fortunately we won the game 🏆 👊 pic.twitter.com/iCr8Yf47x7

— Yago_pon_dat (@yagoforeal) March 18, 2022

Ubu butumwa buherekejwe n’ifoto ya Yago ari kumwe na Brian Kagame, bwatanzweho ibitekerezo na benshi bavuze ko uyu munyamakuru adasanzwe kuba yahuriye mu kibuga na Brian Kagame, umwana wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.

Uwitwa Bebeza King yagize ati “Yago abirimo neza.”

Umwojo wa Nyagatare na we yagize ati “Yago blessing kabisa, n’uyu ni umugisha kuri wowe.”

Uwitwa Mahoro na we yagize ati “Yago arizewe wana. Uzi ko nta mu GP mbona hafi aho.”

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda, bashyize kuri koni zabo iyi foto ya Yago ari kumwe na Brian Kagame, bavuga ko uyu Munyamakuru yageze ku gikorwa gikomeye.

Yago ari kumwe na Brian Kagame

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − ten =

Previous Post

Umuryango ubana n’abana 6 mu nzu y’icyumba kimwe ngo iby’akabariro bahengera basinziriye

Next Post

Gen.Mahamat Idriss Itno wasimbuye se waguye ku rugamba muri Chad ari mu Rwanda

Related Posts

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

by radiotv10
25/11/2025
0

Mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, abaturage basanze umurambo w'umugabo mu nzu itabamo abantu, bigaragara ko wari umazemo...

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’ikirego cy’amashusho y’umuhanzi Yampano n’umukunzi we bakora ibyo mu buriri

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

by radiotv10
24/11/2025
0

Dosiye iregwamo abakurikiranyweho ibifitanye isano n’isakara ry’amashusho y’urukozasoni y’Umuhanzi Yampano n’umukunzi we, yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha, ndetse hakaba haratawe muri yombi...

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

by radiotv10
24/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro, wari ufitanye amakimbirane n’umugore we amushinja kumuca...

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

Umuturage umaze imyaka 14 yarabuze uwamurenganura asobanuye ingaruka z’ibyamubayeho

by radiotv10
24/11/2025
0

Umuturage wo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, avuga ko amaze imyaka 14 abariwe inguranye y’ubutaka bwe bwubatsweho...

Two Childhoods, One Home: The Hidden Cause of Parenting Disagreements

Two Childhoods, One Home: The Hidden Cause of Parenting Disagreements

by radiotv10
24/11/2025
0

In many homes, disagreements between parents often come from one simple but powerful source: the desire to raise children the...

IZIHERUKA

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu
MU RWANDA

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

by radiotv10
25/11/2025
0

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons

24/11/2025
Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’ikirego cy’amashusho y’umuhanzi Yampano n’umukunzi we bakora ibyo mu buriri

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

24/11/2025
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Umugabo wakekaga ko umwana umwe muri batandatu yabyaranye n’umugore we atari uwe bamusanze yapfuye

24/11/2025
Uko byagenze ngo FARDC n’umwe mu mitwe iyifasha bakozanyeho mu mirwano noneho ikomeye

Uko byagenze ngo FARDC n’umwe mu mitwe iyifasha bakozanyeho mu mirwano noneho ikomeye

24/11/2025
Mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC n’abayifasha hongeye gukoreshwa intwaro za rutura

Mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC n’abayifasha hongeye gukoreshwa intwaro za rutura

24/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Gen.Mahamat Idriss Itno wasimbuye se waguye ku rugamba muri Chad ari mu Rwanda

Gen.Mahamat Idriss Itno wasimbuye se waguye ku rugamba muri Chad ari mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibyo bakeka nyuma yo kubona umurambo wari umaze iminsi ibiri mu nzu itabamo abantu

Eng.-AFC/M23 has again accused FARDC and its allies of using heavy weapons

Hamenyekanye ibishya muri dosiye ifitanye isano n’amashusho yo mu buriri y’umuhanzi Yampano n’umukunzi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.