Saturday, October 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umunyamakurukazi w’Ikirangirire ku Isi wakiriye ba Obama yazanye mu Rwanda n’umugore we

radiotv10by radiotv10
07/06/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Umunyamakurukazi w’Ikirangirire ku Isi wakiriye ba Obama yazanye mu Rwanda n’umugore we
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamerikakazi w’umunyemari usanzwe ari umunyarwenya ubikora mu buryo bw’Itangazamakuru, Ellen Lee DeGeneres ufite ikigo gikora ibijyanye no kubungabunga Ingagi, yazanye mu Rwanda n’umukunzi we Banasura ibikorwa byo muri iki kigo kiri mu Kinigi mu Karere ka Musanze.

Ellen Lee DeGeneres usanzwe afite ibikorwa yatangije mu Rwanda ubwo yaherukaga muri 2018, yagarutse mu Rwanda azanye nubundi n’umukunzi we Portia de Rossi.

Uretse kuba baje mu biruhuko no mu bikorwa by’ubukerarugendo, Ellen DeGeneres n’umukunzi we baje no gutangiza ikigo cyabo kiswe Ellen DeGeneres Campus cyaje cyunganira umuryango uzwi nka Dian Fossey Gorilla Fund ukora ibikorwa byo kubungabunga Ingagi zo mu Birunga.

Ellen DeGeneres yavuze ko kuva cyera akiri umwana afite imyaka 12 y’amavuko, yakurikiranaga Dian Fossey washinze uyu muryango.

Yavuze ko mu cyumweru gishize yasuye ikigo cye cya Ellen DeGeneres Campus gishamikiye ku muryango wa Dian Fossey Gorilla Fund.

Yagize ati “Byari ibyishimo bisendereye ndetse bikaba n’agatangaza kubona umusaruro byatangiye gutanga.”

Muri ubu butumwa yatambukije kuri Twitter ye, buherekejwe n’amafoto amugaragaza ari kumwe n’abagore bakora ubukorikori mu Rwanda.

Yavuze ko

Ellen DeGeneres yavuze ko yishimiye gukorana urugendoshuri n’urubyiruko rwo mu Rwanda muri iki kigo cye.

Ati “Kandi twahuye n’abakora ubukorikori bakoresheje imigwegwe babohera uduseke mu kigo bakanatugurishirizayo.”

Ellen DeGeneres ni umwe mu byimamare byo muri Amerika bikomeye kubera ikiganiro cye kizwi nka Ellen Show yagiye atumiramo ibirangirire n’abantu bakomeye ku Isi barimo Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba yaranamutumiye inshuro zirenze imwe.

Basuye ikigo cyabo
Banahuye n’abagore bakoreramo ibikorwa by’ubukorikori
Banateye igiti

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty + fourteen =

Previous Post

Umunyamakurukazi ukomeye mu Rwanda yambitswe impeta n’umusore w’ibogari basanzwe bafitanye umwana

Next Post

Rubavu: Abataramenyekana biraye mu nsina z’umuturage batemagura izifite ibitoki barabisiga barigendera

Related Posts

Things to leave behind with the end of the week

Things to leave behind with the end of the week

by radiotv10
17/10/2025
0

Every new week is a quiet reset, a chance to step forward without dragging the emotional and mental clutter of...

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

by radiotv10
17/10/2025
0

Inzego z’umutekano n’iz’ibanze ziri gushakisha umusore wo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana, watorotse nyuma yo gukekwaho gutera...

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

by radiotv10
17/10/2025
0

Hasohotse Iteka rya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, ryirukana abayobozi babiri mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC n’undi umwe wo mu Kigo...

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

by radiotv10
17/10/2025
0

Umunyemari Munyakazi Sadate yemeye ko yakoresheje imvugo idakwiye kubera ibyo yatangaje ko mu bihe biri Imbere Abanyarwanda bashobora kuzaha akazi...

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

by radiotv10
17/10/2025
0

Umuhanzi Kitoko Bibarwa wari umaze imyaka 12 atuye ku Mugabane w’u Burayi, yemeje ko mu kwezi gutaha azagaruka mu Rwanda...

IZIHERUKA

Things to leave behind with the end of the week
MU RWANDA

Things to leave behind with the end of the week

by radiotv10
17/10/2025
0

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

17/10/2025
Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

17/10/2025
Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

17/10/2025
Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

17/10/2025
Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

Sadate yaciye bugufi asaba imbabazi ku byo yavuze ku Banyekongo n’Abarundi bikazamura impaka

17/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rubavu: Abataramenyekana biraye mu nsina z’umuturage batemagura izifite ibitoki barabisiga barigendera

Rubavu: Abataramenyekana biraye mu nsina z’umuturage batemagura izifite ibitoki barabisiga barigendera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Things to leave behind with the end of the week

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.