Thursday, December 11, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umuvugo uteye ubwuzu wanditswe na Mme Jeannette Kagame uvuga ubutwari bw’Abagore

radiotv10by radiotv10
22/03/2022
in MU RWANDA
0
Umuvugo uteye ubwuzu wanditswe na Mme Jeannette Kagame uvuga ubutwari bw’Abagore
Share on FacebookShare on Twitter

Madamu Jeannette Kagame yanditse umuvugo yageneye Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, wumvikanamo ubutwari bw’abagore by’umwihariko uruhare bagira mu mibereho ya muntu kabone nubwo banyura mu magorwa ariko bakanga kugamburuzwa na yo.

Ni umuvugo ufite umutwe ugira uti “The world I dream of on Women’s Day” tugenekereje mu Kinyarwanda ni ukuvuga ngo “Isi ndota, Umunsi w’abagore.”

Ni umuvugo atangira avugamo ubutwari bw’umugore bwo guhorana icyizere mu majye, mu bigoye akabonamo kudaheranwa na byo ahubwo agakora ibishoboka kugira ngo abisohokemo.

Akomeza agira ati

“We are born knowing that women

Are resilient, perhaps to a fault.

To nurture and protect, they will move a mountain,

Even hungry, they will feed the world.”

Tugenerekereje yagize ati

Tuvuka tuzi ko abagore

Bishakamo imbaraga, birashoboka ko ari ku bw’amahirwe.

Mu kurera no kubungabunga, n’imisozi barayizamuka,

kabone n’ubwo baba bashonje, ariko bagaburira Isi.”

Uyu muvugo wa Madamu Jeannette Kagame ukomeza ugaragaza bimwe mu bikibangamiye abagore, ukavuga ko bidakwiye kwihanganirwa.

Madamu Jeannette Kagame akunze gukora ibikorwa byo guteza imbere abagore

Uyu muvuko komeza kandi wibutsa abagore gukomeza gukoresha impano bahawe na rurema ndetse n’amahirwe yose bakomeje guhabwa.

Hari aho ugira uti

“With my eyes closed I see, bright as day,

A just, a fair

An equal,
And a very kind world,

In which prejudice has passed, bias was driven far away!…”

Tugenekereje, hagira hati

“No mu gihe mpumbije amaso, mbona ibyiza,

Ibigororotse, ibinyuze mu mucyo

No kudahezwa

Ndetse n’Isi ibeyuye

Mu gihe ibicantege byakuweho, ibibangamye bikimwa intebe!”

Nanone hakaba ahagira hati “I find solace and hope in wonder.


Perhaps you’d care to join me?”

Tugenekereje hagira hati

“No mu bibaje mbona ibinezeza n’icyizere mu gihe cy’urungabangabo.

Ndizera ko tubijuje?”

Uyu muvugo urimo amagambo yo mu ndimi eshastu, [Icyongereza, Igifaransa n’Ikinyarwanda], hari n’aho ugira uti “Bari, Bategarugori.
Muri benimpuhwe,
Muri Indangamirwa.

Hari n’aho ugira uti

“Duhanikire icyarimwe tuti:

« Uri Mwiza Mama! »

« Data azaguhe urugukwiye

Rumwe udukunda utizigamye

N’uwaguhanze aguhore hafi
Azakurinde amakuba yose.”

Soma Umuvugo wose wa Madamu Jeannette Kagame.

Hari abagore benshi bongeye kugira icyizere cy’ubuzima kubera ibikorwa bya Madamu Jeannette Kagame

RADIOTV1O

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 + 14 =

Previous Post

Yaturutse muri Metero 8.000: Andi makuru ku ndege yari itwaye abantu 132 yakoze impanuka

Next Post

U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

Related Posts

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

by radiotv10
11/12/2025
0

Umukozi ushinzwe imyirwarire y’abanyeshuri mu ishuri rya Saint Trinité de Ruhango riherereye mu Karere ka Ruhango, yatawe muri yombi n’Urwego...

AMAKURU AGEZWEHO: Uwakekwagaho kwica urw’agashinyaguro uwarokotse Jenoside na we yarashwe arapfa

Hemejwe amakuru y’umupolisi w’u Rwanda warashe abantu babiri barimo DASSO nawe agahita yirasa

by radiotv10
10/12/2025
0

Polisi y’u Rwanda yemeje ko Umupolisi wo mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro, yarashe abantu babiri barimo Umu-DASSO...

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

BREAKING: U Rwanda rusohoye itangazo ruvuga ku bimaze iminsi muri Kivu y’Epfo runasubiza ku binyoma rwongeye kwegekwaho

by radiotv10
10/12/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kwegeka ku Rwanda ibikorwa byo kurenga ku gahenge, nyuma...

Imirwano muri Congo ikomeje guca ibintu, Abanyekongo benshi bari gukiza amagara bahungira mu Rwanda

Eng.-Rwanda speaks out on the recent South Kivu bombing from Burundi and responds to the accompanying false claims

by radiotv10
10/12/2025
0

The Government of Rwanda states that the Democratic Republic of Congo (DRC) cannot place on Rwanda any cross-border violations following...

Ikibazo u Rwanda rwabajije Congo yakinnye ku mubyimba Abanyekongo baruhungiyemo

Ibi birahagije: Ubutumwa Umuvugizi w’u Rwanda yageneye uwa Congo nyuma yo kongera kuzamura ibinyoma

by radiotv10
10/12/2025
0

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko igihe kigeze ngo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarike ibinyoma byayo,...

IZIHERUKA

Eng.-One AFC/M23 cadre shot dead in Goma City
AMAHANGA

Eng.-One AFC/M23 cadre shot dead in Goma City

by radiotv10
11/12/2025
0

Nyuma yuko abasirikare b’u Burundi butsinzwe na AFC/M23 muri Uvira Igihugu cyabo cyahise gifata icyemezo

Nyuma yuko abasirikare b’u Burundi butsinzwe na AFC/M23 muri Uvira Igihugu cyabo cyahise gifata icyemezo

11/12/2025
Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

11/12/2025
AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

11/12/2025
Amakuru agezweho: Bidasubirwa AFC/M23 yemeje ifatwa ry’umujyi wa Uvira

Amakuru agezweho: Bidasubirwa AFC/M23 yemeje ifatwa ry’umujyi wa Uvira

10/12/2025
AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

AFC/M23 yagaragaje intwaro yambuye Ingabo z’u Burundi inerekana gihamya ko ari zo bamaze iminsi bahanganye

10/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-One AFC/M23 cadre shot dead in Goma City

Nyuma yuko abasirikare b’u Burundi butsinzwe na AFC/M23 muri Uvira Igihugu cyabo cyahise gifata icyemezo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.