Tuesday, January 13, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umuvugo uteye ubwuzu wanditswe na Mme Jeannette Kagame uvuga ubutwari bw’Abagore

radiotv10by radiotv10
22/03/2022
in MU RWANDA
0
Umuvugo uteye ubwuzu wanditswe na Mme Jeannette Kagame uvuga ubutwari bw’Abagore
Share on FacebookShare on Twitter

Madamu Jeannette Kagame yanditse umuvugo yageneye Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, wumvikanamo ubutwari bw’abagore by’umwihariko uruhare bagira mu mibereho ya muntu kabone nubwo banyura mu magorwa ariko bakanga kugamburuzwa na yo.

Ni umuvugo ufite umutwe ugira uti “The world I dream of on Women’s Day” tugenekereje mu Kinyarwanda ni ukuvuga ngo “Isi ndota, Umunsi w’abagore.”

Ni umuvugo atangira avugamo ubutwari bw’umugore bwo guhorana icyizere mu majye, mu bigoye akabonamo kudaheranwa na byo ahubwo agakora ibishoboka kugira ngo abisohokemo.

Akomeza agira ati

“We are born knowing that women

Are resilient, perhaps to a fault.

To nurture and protect, they will move a mountain,

Even hungry, they will feed the world.”

Tugenerekereje yagize ati

Tuvuka tuzi ko abagore

Bishakamo imbaraga, birashoboka ko ari ku bw’amahirwe.

Mu kurera no kubungabunga, n’imisozi barayizamuka,

kabone n’ubwo baba bashonje, ariko bagaburira Isi.”

Uyu muvugo wa Madamu Jeannette Kagame ukomeza ugaragaza bimwe mu bikibangamiye abagore, ukavuga ko bidakwiye kwihanganirwa.

Madamu Jeannette Kagame akunze gukora ibikorwa byo guteza imbere abagore

Uyu muvuko komeza kandi wibutsa abagore gukomeza gukoresha impano bahawe na rurema ndetse n’amahirwe yose bakomeje guhabwa.

Hari aho ugira uti

“With my eyes closed I see, bright as day,

A just, a fair

An equal,
And a very kind world,

In which prejudice has passed, bias was driven far away!…”

Tugenekereje, hagira hati

“No mu gihe mpumbije amaso, mbona ibyiza,

Ibigororotse, ibinyuze mu mucyo

No kudahezwa

Ndetse n’Isi ibeyuye

Mu gihe ibicantege byakuweho, ibibangamye bikimwa intebe!”

Nanone hakaba ahagira hati “I find solace and hope in wonder.


Perhaps you’d care to join me?”

Tugenekereje hagira hati

“No mu bibaje mbona ibinezeza n’icyizere mu gihe cy’urungabangabo.

Ndizera ko tubijuje?”

Uyu muvugo urimo amagambo yo mu ndimi eshastu, [Icyongereza, Igifaransa n’Ikinyarwanda], hari n’aho ugira uti “Bari, Bategarugori.
Muri benimpuhwe,
Muri Indangamirwa.

Hari n’aho ugira uti

“Duhanikire icyarimwe tuti:

« Uri Mwiza Mama! »

« Data azaguhe urugukwiye

Rumwe udukunda utizigamye

N’uwaguhanze aguhore hafi
Azakurinde amakuba yose.”

Soma Umuvugo wose wa Madamu Jeannette Kagame.

Hari abagore benshi bongeye kugira icyizere cy’ubuzima kubera ibikorwa bya Madamu Jeannette Kagame

RADIOTV1O

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen − one =

Previous Post

Yaturutse muri Metero 8.000: Andi makuru ku ndege yari itwaye abantu 132 yakoze impanuka

Next Post

U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

Related Posts

Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

by radiotv10
12/01/2026
0

USA, China, and Europe in the Battle for Global Dominance. What about Africa? The global economy has entered a new...

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

by radiotv10
12/01/2026
0

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, yatangaje ko abashoferi b’imodoka zitwara abantu benshi nk’ab’izitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, n’izitwara abanyeshuri, ari bo...

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

by radiotv10
12/01/2026
0

Abasore babiri n’umugabo umwe bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w’imyaka 47 bamutegeye mu nzira mu ijoro...

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

by radiotv10
12/01/2026
0

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kirambi mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, baravuga ko babaruje ubutaka bwabo...

What emotional intelligence means and why it’s important

What emotional intelligence means and why it’s important

by radiotv10
12/01/2026
0

For a long time, intelligence was measured by grades, IQ scores, and how fast someone could solve problems. But in...

IZIHERUKA

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo
FOOTBALL

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

12/01/2026
Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

12/01/2026
Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

12/01/2026
Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

12/01/2026
Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Editorial: The New World Economic Order

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.