Friday, January 16, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umuvugo uteye ubwuzu wanditswe na Mme Jeannette Kagame uvuga ubutwari bw’Abagore

radiotv10by radiotv10
22/03/2022
in MU RWANDA
0
Umuvugo uteye ubwuzu wanditswe na Mme Jeannette Kagame uvuga ubutwari bw’Abagore
Share on FacebookShare on Twitter

Madamu Jeannette Kagame yanditse umuvugo yageneye Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, wumvikanamo ubutwari bw’abagore by’umwihariko uruhare bagira mu mibereho ya muntu kabone nubwo banyura mu magorwa ariko bakanga kugamburuzwa na yo.

Ni umuvugo ufite umutwe ugira uti “The world I dream of on Women’s Day” tugenekereje mu Kinyarwanda ni ukuvuga ngo “Isi ndota, Umunsi w’abagore.”

Ni umuvugo atangira avugamo ubutwari bw’umugore bwo guhorana icyizere mu majye, mu bigoye akabonamo kudaheranwa na byo ahubwo agakora ibishoboka kugira ngo abisohokemo.

Akomeza agira ati

“We are born knowing that women

Are resilient, perhaps to a fault.

To nurture and protect, they will move a mountain,

Even hungry, they will feed the world.”

Tugenerekereje yagize ati

Tuvuka tuzi ko abagore

Bishakamo imbaraga, birashoboka ko ari ku bw’amahirwe.

Mu kurera no kubungabunga, n’imisozi barayizamuka,

kabone n’ubwo baba bashonje, ariko bagaburira Isi.”

Uyu muvugo wa Madamu Jeannette Kagame ukomeza ugaragaza bimwe mu bikibangamiye abagore, ukavuga ko bidakwiye kwihanganirwa.

Madamu Jeannette Kagame akunze gukora ibikorwa byo guteza imbere abagore

Uyu muvuko komeza kandi wibutsa abagore gukomeza gukoresha impano bahawe na rurema ndetse n’amahirwe yose bakomeje guhabwa.

Hari aho ugira uti

“With my eyes closed I see, bright as day,

A just, a fair

An equal,
And a very kind world,

In which prejudice has passed, bias was driven far away!…”

Tugenekereje, hagira hati

“No mu gihe mpumbije amaso, mbona ibyiza,

Ibigororotse, ibinyuze mu mucyo

No kudahezwa

Ndetse n’Isi ibeyuye

Mu gihe ibicantege byakuweho, ibibangamye bikimwa intebe!”

Nanone hakaba ahagira hati “I find solace and hope in wonder.


Perhaps you’d care to join me?”

Tugenekereje hagira hati

“No mu bibaje mbona ibinezeza n’icyizere mu gihe cy’urungabangabo.

Ndizera ko tubijuje?”

Uyu muvugo urimo amagambo yo mu ndimi eshastu, [Icyongereza, Igifaransa n’Ikinyarwanda], hari n’aho ugira uti “Bari, Bategarugori.
Muri benimpuhwe,
Muri Indangamirwa.

Hari n’aho ugira uti

“Duhanikire icyarimwe tuti:

« Uri Mwiza Mama! »

« Data azaguhe urugukwiye

Rumwe udukunda utizigamye

N’uwaguhanze aguhore hafi
Azakurinde amakuba yose.”

Soma Umuvugo wose wa Madamu Jeannette Kagame.

Hari abagore benshi bongeye kugira icyizere cy’ubuzima kubera ibikorwa bya Madamu Jeannette Kagame

RADIOTV1O

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

7 + 16 =

Previous Post

Yaturutse muri Metero 8.000: Andi makuru ku ndege yari itwaye abantu 132 yakoze impanuka

Next Post

U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

Related Posts

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

by radiotv10
15/01/2026
0

Umusore wo mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza wari ufite ubumuga bwo mu mutwe, wasanzwe yapfuye, aho mu...

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

by radiotv10
14/01/2026
0

U Rwanda rwohereje abasirikare bo mu itsinda ry’ubwubatsi mu Gihugu cya Jamaica gufasha iki Gihugu mu bikorwa byo kongera kubaka...

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

by radiotv10
14/01/2026
0

Umugore wafashwe n’umugabo we aryamanye n’undi muri Lodge yo mu Mujyi wa Kigali, bivugwa ko yari yavuye iwe abwiye umugabo...

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

by radiotv10
14/01/2026
0

Umugabo w’imyaka 42 y’amavuko wo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo, aritegura gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri...

Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

Inkuru iryoshye y’ubutembere bw’Abambasaderi babiri b’u Rwanda i Burayi baherutse kugira

by radiotv10
14/01/2026
0

Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye yavuze ko we na mugenzi we uhagarariye u Rwanda mu Bufaransa, baherutse gutembera...

IZIHERUKA

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?
FOOTBALL

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

15/01/2026
Ariko ahari bandambiwe-Umuhanzikazi Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

Ariko ahari bandambiwe-Umuhanzikazi Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

15/01/2026
Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Impamvu abo mu muryango w’umusore wasanzwe yapfuye yarakaswemo ibice bari mu bakekwa

15/01/2026
Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

Menya Ibihugu 75 America igiye guhagarika guha Visa abaturage b’abimukira babiturukamo

15/01/2026
AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

U Rwanda rwashenguwe n’urupfu rwa Perezida w’Inteko ya Uganda rwihanganisha Abanya-Uganda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

RIB yataye muri yombi abantu bafite amadolari 10.000 y’Amerika y’amiganano

Ariko ahari bandambiwe-Umuhanzikazi Bwiza yahakanye ibyo gufatirwa irembo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.