Thursday, June 12, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umwe yaje yambaye Casque: Abanyeshuri basabwe kwambara ibibabuza gukoperana babishyiramo urwenya

radiotv10by radiotv10
24/10/2022
in MU RWANDA, UDUSHYA, UDUSHYA
0
Umwe yaje yambaye Casque: Abanyeshuri basabwe kwambara ibibabuza gukoperana babishyiramo urwenya
Share on FacebookShare on Twitter

Abanyeshuri bo muri Kaminuza imwe yo muri Philippines, basusurukije imbuga nkoranyambaga nyuma yo gusabwa kuza mu kizamini bambaye ibibabuza gukoperana, bakambara ingofero zisekeje barimo n’uwaje yambaye Casque.

Aba banyeshyri bambaye ingofero zibabuza gukoperana, biga mu ishuri rikuru riherereye mu Mujyi wa Legapzi, aho bari basabwe kuza bambaye ibintu bibabuza kunaga ijisho ku mpapuro za bagenzi babo ubwo bari mu bizamini.

Harimo kandi uwaje yambaye ibikarito bisanzwe byifashishwa mu kubika amagi mu gihe abandi bari bambaye ingofero bafindafinze mu bikoresho bishaje.

Mary Joy Mandane-Ortiz, umwe mu barimu b’aba banyeshuri, wigisha ibijyanye no gukanika amashanyarazi, yavuze ko yasabye aba banyeshuri be gukoresha ubu buryo mu rwego rwo kureba ubunyangamugayo bwabo.

Yavuze ko ubu buryo bwatanze umusaruro mu ikorwa ry’ibizamini by’icyiciro cyo hagati cy’igihembwe byabaye mu cyumweru cya gatatu cy’ukwezi k’Ukwakira byitabiriwe n’abanyeshuri babarirwa muri Magana.

Yavuze ko igitekerezo cyari ugusaba abanyeshuri kwambara ibintu bibabuza gukoperana bikoze mu buryo bworoheje.

Yavuze ko ubu buryo yabwigiye ku bwakoreshejwe n’ishuri rimwe ryo muri Thailand muri uyu mwaka.

Muri 2013, hari ifoto yayacicikanye igaragaza abanyeshuri bo muri kaminuza yo muri Bangkok bafashe impapuro z’ibazwa bazikozemo ibyo bambara ku matwi ku buryo bareba imbere gusa, batabasha kureba ku ruhande.

Amafoto y’aba banyeshuri yaciye ibintu

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 + nineteen =

Previous Post

Uganda: Uwashinjwaga kwibasira abo mu bwoko bwa Banyarwanda bamusanze yapfuye

Next Post

Kigali: Polisi yavuze ku wagaragaye aniga umwana bunyamaswa amushinja kumwiba

Related Posts

Ari gushakishwa nyuma yo kuruma umugore we akananwa akagaca akoresheje ibitamenyerewe ku bagabo

Ari gushakishwa nyuma yo kuruma umugore we akananwa akagaca akoresheje ibitamenyerewe ku bagabo

by radiotv10
11/06/2025
0

Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko wo mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Gatsibo, ari gushakishwa akekwaho gukomeretsa umugore we yarumye...

Hatangajwe igikekwa kuri ‘Bishop Gafaranga’ watawe muri yombi

Amakuru yamenyekanye y’ibivugwa muri Dosiye ya ‘Bishop Gafaranga’

by radiotv10
11/06/2025
0

Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina akekwaho gukorera umugore we Annette Murava, hamenyakanye amakuru...

MTN Rwanda Powers the Nation’s Digital Future with the Launch of New 5G Sites, Paving the Way for a Smarter, More Connected Rwanda

MTN Rwanda Powers the Nation’s Digital Future with the Launch of New 5G Sites, Paving the Way for a Smarter, More Connected Rwanda

by radiotv10
11/06/2025
0

MTN Rwandacell Plc (MTN Rwanda) is proud to announce the official launch of its 5G network, across different locations including...

Herekanywe abasore bakekwaho ibikorwa bitemewe bakoraga biyoberanyije

Herekanywe abasore bakekwaho ibikorwa bitemewe bakoraga biyoberanyije

by radiotv10
11/06/2025
0

Iburasirazuba- Polisi ikorera yerekanye abasore batanu bakoraga ibikorwa bigize ibyaha birimo gutobora inzu z’abantu bakabiba, n’ibindi by’urugomo bakoraga bambaye imyambaro...

Uregwa kuriganya abantu 500 miliyari 13Frw yasobanuriye Urukiko impamvu yifuza kurekurwa n’umusaruro byatanga

Uregwa kuriganya abantu 500 miliyari 13Frw yasobanuriye Urukiko impamvu yifuza kurekurwa n’umusaruro byatanga

by radiotv10
11/06/2025
0

Sezisoni Manzi Davis uregwa kuriganya abantu barenga 500 miliyari 13 Frw, yasabye Urukiko kurekurwa agakurikiranwa ari hanze kugira ngo na...

IZIHERUKA

APR BBC yari ihanzwe amaso n’Abanyarwanda muri BAL yasitariye ku marembo ya Final
BASKETBALL

APR BBC yari ihanzwe amaso n’Abanyarwanda muri BAL yasitariye ku marembo ya Final

by radiotv10
11/06/2025
0

Icyo umuhanzi Josh avuga ko birori yakorewe byo gusezera ubusore byavugishije benshi

Icyo umuhanzi Josh avuga ko birori yakorewe byo gusezera ubusore byavugishije benshi

11/06/2025
Ari gushakishwa nyuma yo kuruma umugore we akananwa akagaca akoresheje ibitamenyerewe ku bagabo

Ari gushakishwa nyuma yo kuruma umugore we akananwa akagaca akoresheje ibitamenyerewe ku bagabo

11/06/2025
Hatangajwe igikekwa kuri ‘Bishop Gafaranga’ watawe muri yombi

Amakuru yamenyekanye y’ibivugwa muri Dosiye ya ‘Bishop Gafaranga’

11/06/2025
MTN Rwanda Powers the Nation’s Digital Future with the Launch of New 5G Sites, Paving the Way for a Smarter, More Connected Rwanda

MTN Rwanda Powers the Nation’s Digital Future with the Launch of New 5G Sites, Paving the Way for a Smarter, More Connected Rwanda

11/06/2025
Herekanywe abasore bakekwaho ibikorwa bitemewe bakoraga biyoberanyije

Herekanywe abasore bakekwaho ibikorwa bitemewe bakoraga biyoberanyije

11/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kigali: Polisi yavuze ku wagaragaye aniga umwana bunyamaswa amushinja kumwiba

Kigali: Polisi yavuze ku wagaragaye aniga umwana bunyamaswa amushinja kumwiba

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

APR BBC yari ihanzwe amaso n’Abanyarwanda muri BAL yasitariye ku marembo ya Final

Icyo umuhanzi Josh avuga ko birori yakorewe byo gusezera ubusore byavugishije benshi

Ari gushakishwa nyuma yo kuruma umugore we akananwa akagaca akoresheje ibitamenyerewe ku bagabo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.