Friday, May 9, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo

radiotv10by radiotv10
09/08/2021
in MU RWANDA
0
Urubyiruko ntiruvuga rumwe kuri gahunda yo kwihangira imirimo
Share on FacebookShare on Twitter

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura nikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko kwihangira umurimo bidasaba kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora.

Urubyiruko rukunze kugaragaza ko bahura n’ikibazo cy’ubushobozi kugira ngo bihangire imirimo  ariko ababashije kwihangira imirimo bavuga ko  kwihangira umurimo bidasaba  kuba ufite amafaranga menshi ahubwo ngo bisaba ubushake no gukunda ibyo ukora  urugero.

Sunday Justin wihangiye umurimo ujyanye n’ubudozi bugezweho ni rwiyemezamirimo ukiri muto avuga ko yatangiye  kwikorera ahereye ku mafaranga make kuri we ngo intego yarafite niyo yatumye  afata umwanzuro wo kwikorera.

“Njyewe natangiye ntafite amafaranga menshi, ahubwo narimfite intego kuko natangiranye imashini imwe gusa n’umukozi umwe kandi ndabona bigenda “ Sunday

Sunday avuga ko kuri ubu amaze gutera imbere kuko yatangiye akoresha imashini imwe idoka ariko kuri ubu ngo zariyongereye ndetse n’umubare w’abakozi akoresha wariyongeye bityo agashishikariza urubyiruko gutinyuka bakihangira imirimo batitwaje ko badafite ubushobozi.

Yunzemo ati “Njyewe nkurikije aho ngeze mbona ari heza ubu imyenda tudoda isigaye yoherezwa mu bihugu byo hanze urumva ko ngenda ntera imbere, natangiranye n’umukiriya umwe ariko ubu sinababara ngo mbarangize. Ubwo rero kwihangira umurimo bisaba ku bikunda ukabiha umwanya ntibisaba ubushobozi burenze”

Imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, igaragaza ko hafi 60% ari urubyiruko icyakora kuri gahunda ya leta  y’imyaka irindwi (7) iteganya ko izahanga  imirimo 1500.000 by’imirimo mishya idashingiye ku buhinzi.

Inkuru ya: Juventine Muragijemariya/RadioTv10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve − four =

Previous Post

Seninga niwe uzayobora abarimu bazakosora ibizimini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye ishami ry’umupira w’amaguru (Amateka ye)

Next Post

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Related Posts

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo iminsi 30 Moses Turahirwa uzwi mu guhanga imideri wanashinze inzu yayo...

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

by radiotv10
09/05/2025
0

Umugore w’imyaka 58 wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza ukurikiranyweho kwica umugabo we w’imyaka 80, avuga ko...

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

by radiotv10
09/05/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda bwashimiye Imana ku itorwa ry’Umushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Nyirubutungane Lewo XIV...

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

Rusizi: Umuyobozi watumye umubiri w’uwazize Jenoside umara imyaka itanu mu Kagari yatangiye gukurikiranwa

by radiotv10
09/05/2025
0

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi nyuma yuko mu...

Abapolisi bari bamaze umwaka mu butumwa bakigera mu Rwanda bagarutse ku byo bishimira bakoze

Abapolisi bari bamaze umwaka mu butumwa bakigera mu Rwanda bagarutse ku byo bishimira bakoze

by radiotv10
09/05/2025
0

Ubuyobozi bw’Abapolisi bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, bwagarutse ku byo bakoze mu gihe cy’umwaka bakoze ibikorwa bitandukanye...

IZIHERUKA

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda
Uncategorized

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

Ubutumwa bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku itorwa rya Papa mushya

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Basketball: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Senegal-AMAFOTO

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.