Sunday, December 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#RPL: Igikombe kirabona nyiracyo kuri uyu wa gatanu

radiotv10by radiotv10
25/06/2021
in SIPORO
0
#RPL: Igikombe kirabona nyiracyo kuri uyu wa gatanu
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Kamena 2021 nibwo igikombe cya shampiyona y’u Rwanda 2020-2021 ibona nyirayo kuko ikipe ya APR FC na AS Kigali zikina umukino wazo wa nyum, umunsi wa karindwi wa kamarampaka. AS Kigali na APR ziranganya amanota 16.

Ikipe ya APR ibitse igikombe cya shampiyona 2019-2020, igikombe yatwaye idatsinzwe. Kuri ubu iracakirana na Rutsiro FC n’ubundi ikaba ikina uyu mukino itaratsindwa umukino n’umwe muri uru rugendo.

Imikino y’umunsi wa nyuma wa shampiyona ku makipe ashaka igikombe:

Uyu munsi tariki 25 Kamena 2021

Marines FC vs Bugesera (Ubworoherane, 15h30)

Rayon Sports FC vs Espoir FC (Bugesera, 15h30)

AS Kigali vs Police FC (Muhanga, 15h30)

APR FC vs Rutsiro FC (Huye Stadium, 15h30)

Amakipe arwana no kutamanuka: Uyu munsi tariki 25 Kamena 2021

Kiyovu SC vs Etincelles FC (Mumena Stadium, 12h00)

Sunrise FC vs Musanze FC (Nyagatare Stadium, 12h00)

AS Muhanga vs Gasogi United (Muhanga Stadium, 12h00)

Gorilla FC vs Mukura VS&L (Bugesera Stadium, 12h00)

See the source image

Nshimiyimana Amran ukina hagati muri Rayon Sports ari mu bakinnyi batemerewe gukina imikino y’uyu wa Gatanu

Abakinnyi batemerewe gukina:

Rucogoza Elias (Bugesera FC)

Twizeyimana Martin Fabrice (Police FC)

Nnshimiyimana Abdoul (Etincelles FC)

Nnshimiyimana Amran (Rayon Sports FC)

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

11 + ten =

Previous Post

KICUKIRO: Abarimu ba G.S Busanza babangamiwe no guhurira ku bwiherero bumwe n’abanyeshuri

Next Post

COVID-19 ntikwiye guhagarika ubutabera mu Rwanda -Minisitiri Busingye

Related Posts

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yemeje amafaranga angana na miliyoni 620 z’amayero (€620 M) azagenerwa ibihugu 48 bizitabira igikombe...

IZIHERUKA

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda n’icyo yakoze
IBYAMAMARE

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda n’icyo yakoze

by radiotv10
21/12/2025
0

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

20/12/2025
Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

20/12/2025
Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
COVID-19 ntikwiye guhagarika ubutabera mu Rwanda -Minisitiri Busingye

COVID-19 ntikwiye guhagarika ubutabera mu Rwanda -Minisitiri Busingye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda n’icyo yakoze

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.