Sunday, June 8, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

radiotv10by radiotv10
18/10/2021
in SIPORO
0
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United
Share on FacebookShare on Twitter

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

Image

Image

Muhire Kevin yasinye amasezerano mashya muri Rayon Sports

 

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Image

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen + 5 =

Previous Post

KIGALI: Abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza ikigenderwaho iyo habonetse inkunga yo kubafasha

Next Post

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Related Posts

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

by radiotv10
06/06/2025
0

Myugairo Gabriel Magalhães wa Arsenal FC, yongereye amasezerano muri iyi kipe azageza 2029, yavuze ko yishimiye kuguma muri iyi kipe,...

Abakinnyi b’abanyamahanga ba Rayon bari bafite icyo bayitakira baremwe agatima

Abakinnyi b’abanyamahanga ba Rayon bari bafite icyo bayitakira baremwe agatima

by radiotv10
05/06/2025
0

Abakinnyi b’abanyamahanga bakinira Rayon Sports FC bari bamaze igihe bataka kudahabwa amatike y’indege abasubiza iwabo mu biruhuko bizejwe kuyahabwa, ndetse...

Umukinnyi w’u Rwanda Djabel yatanze umucyo ku cyatumye yangirwa kwinjira muri Algeria

Umukinnyi w’u Rwanda Djabel yatanze umucyo ku cyatumye yangirwa kwinjira muri Algeria

by radiotv10
04/06/2025
0

Manishimwe Djabel uherutse guhamagarwa mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi ariko akangirwa kwinjira muri Algeria, yatanze umucyo ku cyatumye inzego...

Umwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yabengutswe n’ikipe ikomeye muri Canada

Umwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yabengutswe n’ikipe ikomeye muri Canada

by radiotv10
04/06/2025
0

Niyibizi Ramadhan ukinira ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi, uri gusoza amasezerano ye muri APR FC, yahawe ubutumire n'ikipe  yo mu...

Volleyball: Habaye impinduka zitunguranye ku irushanwa ryaburaga iminsi ibarirwa ku ntoki ngo ritangire

Volleyball: Habaye impinduka zitunguranye ku irushanwa ryaburaga iminsi ibarirwa ku ntoki ngo ritangire

by radiotv10
03/06/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko bitewe n’impamvu ridashobora kugira icyo rihinduraho, irushanwa ryo Kwibuka ryari riteganyijwe...

IZIHERUKA

Kigali: Ukurikiranyweho kwicisha inzara umwana we yabyemeye avuga ko yabitewe n’umujinya w’uko nyina yamumutanye
MU RWANDA

Umusore muto arakekwaho gusambanya ku manywa y’ihangu umukecuru amusanze iwe aryamye aho arwariye

by radiotv10
07/06/2025
0

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

07/06/2025
Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

06/06/2025
Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

Ubutumwa bw’imbamutima bw’umwe mu bakinnyi ngenderwaho muri Arsenal Gabriel wongereye amasezerano

06/06/2025
Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

Igikewaho gutera impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri yagonze ab’irindi shuri

06/06/2025
Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

Hatanzwe umuburo nyuma y’abafashe amashusho y’umurambo w’umusore wiyahuye asimbutse igorofa i Kigali

06/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim "Mackenzie" yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore muto arakekwaho gusambanya ku manywa y’ihangu umukecuru amusanze iwe aryamye aho arwariye

Umuhanzi uzwi mu Rwanda uri gutaramira Abanyarwanda batuye i Burari yageneye ubutumwa abatahiwe

Abofisiye Bakuru babiri mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo muri Kenya nyuma y’icyumweru harangijeyo Colonel

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.