Friday, May 15, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Hagiye hanze amakuru y’umucyo ku mpanuka byavugwaga ko yahitanye umuhanzi w’ikirangirire mu karere

radiotv10by radiotv10
15/05/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Hagiye hanze amakuru y’umucyo ku mpanuka byavugwaga ko yahitanye umuhanzi w’ikirangirire mu karere
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi w’Umurundi Kidum Kibido byari byavuzwe ko yakoreye impanuka ikomeye i Nairobi muri Kenya ndetse bamwe bakavuga ko yitabye Imana, yahakanye aya makuru, avuga ko atari we wayikoze aruhwo ko ari umucuranzi bitiranwa, cyane ko we atari no ku Mugabane wa Afurika.

Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yavugaga ko uyu muhanzi ukomoka mu Burundi yarokotse impanuka ikomeye y’imodoka yarimo.

Nyuma y’aya makuru, uyu muhanzi yabihakanye avuga ko ameze neza, ndetse ko nta n’impanuka yakoze, cyane ko n’aho byavuzwe ko yabereye atari ho ari kubarizwa.

Uyu muhanzi watanze ubutumwa buhumuriza abantu ku mbuga nkoranyambaga, yatangiye avuga ko aherutse gukorera igitaramo cyiza mu Burundi ku wa Gatanu, ariko ubu akaba atari no kubarizwa ku Mugabane wa Afurika.

Ati “Ndi mu rugendo rw’akazi muri Aziya. Ku bijyanye n’impanuka yabereye i Nairobi y’umwe mu bacuranzi witwa Kidum, si njye ariko ndamwifuriza gukira vuba.”

Bamwe mu bakwirakwije amakuru y’iyi mpanuka, hari n’abavugaga ko uyu muhanzi yanitabye Imana kubera iyi mpanuka.

Aya makuru kandi yanejemwe n’umujyanama we wahumurije abakunzi b’uyu muhanzi

Umujyanama wa Kidum kandi na we yahumurije abakunzi b’uyu muhanzi, avuga ko amakuru yavugaga ko yapfuye ari ibihuha bidafite ishingiro. Yasobanuye ko umuntu wakoze impanuka atari Kidum Kibido uzwi mu muziki, ahubwo ko ari undi muntu bafite amazina asa.

Kidum yahakanye amakuru y’abamubikaga ari muzima
Imodoka yagaragazwaga ko ari yo Kidum yakoreyemo impanuka

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × three =

Previous Post

AFC/M23 yeruriye amahanga ko idashobora gukomeza kubahiriza amasezerano ireba uruhande bahanganye rutabikozwa

Next Post

Hemejwe ko icyorezo cya Ebola cyagarukanye ubukana mu burasirazuba bwa Congo

Related Posts

Amakuru mashya: DJ Toxxyk agiye gusubira imbere y’Urukiko

Amakuru mashya: DJ Toxxyk agiye gusubira imbere y’Urukiko

by radiotv10
13/05/2026
0

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashyikirijwe ubujurire bw’Ubushinjacyaha ku cyemezo cyafatiwe rwa Shema Arnaurd De Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk, wahamijwe...

Umuhanzi Eddy Kenzo yashyize hanze ukuri ku ifoto ye n’umugore we yavuzweho cyane

Umuhanzi Eddy Kenzo yashyize hanze ukuri ku ifoto ye n’umugore we yavuzweho cyane

by radiotv10
13/05/2026
0

Umuhanzi Edrisah Kenzo Musuuzah uzwi nka Eddy Kenzo yavuze ko ifoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, imugaragaza ahagurutswa mu myanya y’icyubahiro...

Ubutumwa Yampano yageneye abafana n’Abanyarwanda muri rusange ku by’amashusho yavuzweho byinshi

Ibikubiye mu ibaruwa ifunguye y’Umuhanzi ‘Yampano’ ku byamubayeho byatumye hari abafungwa

by radiotv10
13/05/2026
0

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, yashyize hanze ibaruwa ifunguye yageneye Abanyarwanda, asabira imbabazi abafunzwe bazira gushyira hanze amashusho y’urukozasoni...

Uwamamaye mu itangazamakuru mu Rwanda yamaze kwinjira mu mwuga w’ubucungagereza muri America

Uwamamaye mu itangazamakuru mu Rwanda yamaze kwinjira mu mwuga w’ubucungagereza muri America

by radiotv10
13/05/2026
0

MC Murenzi wakoze umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda byumwihariko mu biganiro by’imyidagaduro wanabaye umushyushyarugamba (MC) usigaye aba muri Leta Zunze Ubumwe...

Uzwi mu myidagaduro y’u Rwanda akurikiranyweho ibirimo kuruma ugutwi umugore we

Uzwi mu myidagaduro y’u Rwanda akurikiranyweho ibirimo kuruma ugutwi umugore we

by radiotv10
12/05/2026
0

Umuhanzi w’umuraperi Hahirwabasenga Thimotee uzwi nka Sky2, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa,...

IZIHERUKA

Amakuru mashya: DJ Toxxyk agiye gusubira imbere y’Urukiko
MU RWANDA

DJ Toxxyk yasabiwe igifungo gikubye kabiri icyo yari yasabiwe mbere yo kurekurwa

by radiotv10
15/05/2026
0

Eng.-Eugene Nyagahene, Owner of a Five-Star Hotel in Karongi, plans to build 100 apartments

Sosiyete mpuzamahanga yaguze Hoteli ebyiri zikomeye mu Rwanda zirimo Cleo Lake Kivu Hotel

15/05/2026
Uko abaganga baregwa kurangarana umubyeyi wari ku nda bisobanuye ku cyaha cy’ubwicanyi

Uko abaganga baregwa kurangarana umubyeyi wari ku nda bisobanuye ku cyaha cy’ubwicanyi

15/05/2026
Hemejwe ko icyorezo cya Ebola cyagarukanye ubukana mu burasirazuba bwa Congo

Hemejwe ko icyorezo cya Ebola cyagarukanye ubukana mu burasirazuba bwa Congo

15/05/2026
Hagiye hanze amakuru y’umucyo ku mpanuka byavugwaga ko yahitanye umuhanzi w’ikirangirire mu karere

Hagiye hanze amakuru y’umucyo ku mpanuka byavugwaga ko yahitanye umuhanzi w’ikirangirire mu karere

15/05/2026
Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe

AFC/M23 yeruriye amahanga ko idashobora gukomeza kubahiriza amasezerano ireba uruhande bahanganye rutabikozwa

15/05/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hemejwe ko icyorezo cya Ebola cyagarukanye ubukana mu burasirazuba bwa Congo

Hemejwe ko icyorezo cya Ebola cyagarukanye ubukana mu burasirazuba bwa Congo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

DJ Toxxyk yasabiwe igifungo gikubye kabiri icyo yari yasabiwe mbere yo kurekurwa

Sosiyete mpuzamahanga yaguze Hoteli ebyiri zikomeye mu Rwanda zirimo Cleo Lake Kivu Hotel

Uko abaganga baregwa kurangarana umubyeyi wari ku nda bisobanuye ku cyaha cy’ubwicanyi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.