• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Hagiye hanze amakuru y’umucyo ku mpanuka byavugwaga ko yahitanye umuhanzi w’ikirangirire mu karere

radiotv10by radiotv10
15/05/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Hagiye hanze amakuru y’umucyo ku mpanuka byavugwaga ko yahitanye umuhanzi w’ikirangirire mu karere
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi w’Umurundi Kidum Kibido byari byavuzwe ko yakoreye impanuka ikomeye i Nairobi muri Kenya ndetse bamwe bakavuga ko yitabye Imana, yahakanye aya makuru, avuga ko atari we wayikoze aruhwo ko ari umucuranzi bitiranwa, cyane ko we atari no ku Mugabane wa Afurika.

Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yavugaga ko uyu muhanzi ukomoka mu Burundi yarokotse impanuka ikomeye y’imodoka yarimo.

Nyuma y’aya makuru, uyu muhanzi yabihakanye avuga ko ameze neza, ndetse ko nta n’impanuka yakoze, cyane ko n’aho byavuzwe ko yabereye atari ho ari kubarizwa.

Uyu muhanzi watanze ubutumwa buhumuriza abantu ku mbuga nkoranyambaga, yatangiye avuga ko aherutse gukorera igitaramo cyiza mu Burundi ku wa Gatanu, ariko ubu akaba atari no kubarizwa ku Mugabane wa Afurika.

Ati “Ndi mu rugendo rw’akazi muri Aziya. Ku bijyanye n’impanuka yabereye i Nairobi y’umwe mu bacuranzi witwa Kidum, si njye ariko ndamwifuriza gukira vuba.”

Bamwe mu bakwirakwije amakuru y’iyi mpanuka, hari n’abavugaga ko uyu muhanzi yanitabye Imana kubera iyi mpanuka.

Aya makuru kandi yanejemwe n’umujyanama we wahumurije abakunzi b’uyu muhanzi

Umujyanama wa Kidum kandi na we yahumurije abakunzi b’uyu muhanzi, avuga ko amakuru yavugaga ko yapfuye ari ibihuha bidafite ishingiro. Yasobanuye ko umuntu wakoze impanuka atari Kidum Kibido uzwi mu muziki, ahubwo ko ari undi muntu bafite amazina asa.

Kidum yahakanye amakuru y’abamubikaga ari muzima
Imodoka yagaragazwaga ko ari yo Kidum yakoreyemo impanuka

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − 13 =

Previous Post

Hemejwe ko icyorezo cya Ebola cyagarukanye ubukana mu burasirazuba bwa Congo

Next Post

Uko abaganga baregwa kurangarana umubyeyi wari ku nda bisobanuye ku cyaha cy’ubwicanyi

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Uko abaganga baregwa kurangarana umubyeyi wari ku nda bisobanuye ku cyaha cy’ubwicanyi

Uko abaganga baregwa kurangarana umubyeyi wari ku nda bisobanuye ku cyaha cy’ubwicanyi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.