Wednesday, November 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Abandi basirikare 10.000 ba RDF bahise bazamurwa bakurikiye izamurwa ry’Abofisiye 700

radiotv10by radiotv10
20/12/2023
in MU RWANDA, UMUTEKANO
0
Abandi basirikare 10.000 ba RDF bahise bazamurwa bakurikiye izamurwa ry’Abofisiye 700
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF azamuye mu mapeti abasirikare b’Abosiye 727 barimo abofisiye bakuru nk’Abajenerali 21 ndetse n’abato, hahise hazamurwa abasirikare bato 10 025.

Iri zamurwa ry’abasirikare bato, ryatangajwe mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukuboza 2023.

Iri zamurwa ryakozwe na Minisitiri w’Ingabo, ryasize abasirikare 137 bari bafite ipeti rya Warrant Officer II (WOII) bazamuwe ku ipeti rya Warrant Officer I (WOI).

Abandi basirikare 142 bari bafite ipeti rya Sergeant Major (Sgt Maj) bahabwa irya Warrant Officer II (WOII), mu gihe abandi 2 165 bari bafite ipeti rya Staff Sergeant (SSGT) bahabwa irya Sergeant Major (Sgt Maj).

Minisitiri w’Ingabo kandi yazamuye mu ntera abasirikare 3 419 bari bafite ipeti rya Sergeant (Sgt), ahaba irya Staff Sergeant (SSGT), ndetse n’abandi 2 537 bari bafite ipeti rya Corporal (Cpl) bazamurwa ku ipeti tya Sergeant (Sgt).

Ni mu gihe kandi abandi basirikare 1 625 bari bafite ipeti ryo hasi rya Private (Pte) bo bazamuwe ku ipeti rya Corporal (Cpl).

Iri zamurwa ry’abasirikare bato 10 025 bazamuwe mu ntera na Minisitiri w’Ingabo, ryakozwe nyuma y’amasaha macye Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga, we azamuye abasirikare 727 bo mu cyiciro cy’abofosiye barimo bane bahawe ipeti rya Major General bavuye ku ipeti rya Brigadier General, ndetse n’abandi 17 bakuwe ku ipeti rya Colonel bahagabwa irya Brigadier General.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × one =

Previous Post

Umunyamakuru w’Umunyarwanda uba muri America yavuze icyabayeyo abona nk’igitangaza kuri muzika Nyarwanda

Next Post

Iby’ingenzi wamenya ku mpinduka z’umusoro w’umutungo utimukanwa wigeze kuvugisha benshi

Related Posts

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

by radiotv10
26/11/2025
0

Ku gasozi kitwa Burito ko mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, haravugwa urugomo rukomeje kwiyongera, ku buryo nta...

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

by radiotv10
26/11/2025
0

Itsinda ry’abahoze mu gisirikare cya Israel (IDF/Israel Defense Forces) barimo abamugariye ku rugamba, bageze mu Rwanda aho baje mu ruzinduko...

Hari abarwanyi ba FDLR batahutse mu Rwanda ko iminsi bahawe yarangiye?-Guverinoma yabisobanuye

Abandi barwanyi ba FDLR bacyuwe na MONUSCO ibashyikiriza u Rwanda

by radiotv10
26/11/2025
0

Abantu 22 bavuye mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biganjemo abari abarwanyi b’umutwe w’Iterabwoba wa FDLR, batahutse mu...

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

by radiotv10
26/11/2025
0

Umugore wo mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, akurikiranyweho kwica umwana we...

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

by radiotv10
25/11/2025
0

Umusore w’imyaka 23 wabaga mu Mujyi wa Kigali ariko ukomoka mu Karere ka Rwamagana, bamusanze yapfuye amanitse mu mugozi iwabo...

IZIHERUKA

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje
FOOTBALL

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje

by radiotv10
26/11/2025
0

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

26/11/2025
AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

26/11/2025
Eng.-AFC/M23 arrests 40 men for transporting weapons and other military equipment

Eng.-AFC/M23 arrests 40 men for transporting weapons and other military equipment

26/11/2025
Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

Byafashe indi ntera: Imiterere y’aka gace yatumye kaba indiri y’abanyarugomo

26/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

26/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Iby’ingenzi wamenya ku mpinduka z’umusoro w’umutungo utimukanwa wigeze kuvugisha benshi

Iby’ingenzi wamenya ku mpinduka z’umusoro w’umutungo utimukanwa wigeze kuvugisha benshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyuma yuko Urwego rwa Leta rwinjiye mu bibazo bya Rayon indi kipe yarwiyambaje

Ubutumwa Kapiteni wa Kiyovu ahise ashyira hanze nyuma yo guhagarikwa akanatakarizwa icyizere

AFC/M23 yaburijemo umugambi w’abatundaga intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.