Friday, June 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Abantu bitwaje intwaro Gakondo bateye urusengero bashwanyaguza Bibiliya

radiotv10by radiotv10
05/06/2023
in AMAHANGA, IMIBEREHO
1
Abantu bitwaje intwaro Gakondo bateye urusengero bashwanyaguza Bibiliya
Share on FacebookShare on Twitter

Mu Buhinde abantu bitwaje intwaro za Gakondo bateye urusengero bashwanyaguza Bibiliya bangiza imodoka zari ziparitse, Abakirisitu bamenyesha Leta ko bashaka kwihorera.

Agatsiko k’indwanyi za Sikh kitwaje intwaro za gakondo bateye urusengero rw’abakirisitu rwo muri leta ya Punjab mu buhinde bangiza ibintu byinshi bakomeretsa abagize itorero muri urwo rusengero.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Christian Post , itsinda ry’abakirisitu ryitwa Christian Solidarity Worlwide ryatangaje ko abagabyeho igitero bari bambaye imyenda ya gakondo yo mu Buhinde yitwa Nihang imyenda yiganjemo ibara ry’ubururu, bitwaje inkota n’amacumu.

Bahagaritse igiterane cy’amahoro cy’urwo rusengero rwitwa Sukhpal Rana Ministries mu mudugudu wa Rajewal hafi y’umujyi wa Amritsar muri leta ya Sikh nyuma y’uko abo bagizi ba nabi bari batangiye gukubita no gukomeretsa abo basanze mu giterane , bashwanyaguza Bibiliya, banangiza imodoka zari ziparitse hanze, byaje no kurangira impande zombi ziteranye amabuye.

Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’urugomo rukorerwa abakirisitu ,umuryango w’abakiristu bo muri uwo mudugudu bigaragambije basaba ubutabera babwira leta ko nitabyitaho bazihorera mu minsi ya vuba.

Abapolisi baho, barimo n’umuyobozi wa polisi , basuye ahabereye imyigaragambyo bizeza itorero ko ikirego cyatanzwe ku mugaragaro kandi ko harafatwa ingamba zihuse.

Muri Kanama umwaka ushize , Kiliziya Gatolika yitwa Infant Catholic church yo muri aka gace yatewe n’abagabo bane bari bipfutse mu maso bavugaga ko ari Nihangs ,nabo batwitse imodoka y’umupadiri banangiza kiliziya.

RADIOTV10RWANDA / ESTHER FIFI UWIZERA.

Comments 1

  1. Fabrice says:
    2 years ago

    Dukeneye ko abamenye kristo bo mubuhinde bagubwa neza!!!

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 2 =

Previous Post

Menya bamwe mu rubyiruko rukomoka muri Afurika rwabereye urumuri abandi muri 2023

Next Post

Abakinnyi ba Rayon batangiye ibirori by’akataraboneka bava i Nyanza berekeza i Kigali – Amafoto

Related Posts

Muri Kenya hadutse imyigaragambyo ikaze ifitanye isano n’imaze umwaka ibaye

Muri Kenya hadutse imyigaragambyo ikaze ifitanye isano n’imaze umwaka ibaye

by radiotv10
25/06/2025
0

Abanya-Kenya ibihumbi n’ibihumbi biraye mu mihanda mu myigaragambyo igamije kwibuka abaguye mu yindi yabaye umwaka ushize muri iki Gihugu cya...

Kabila reveals a secret to his successor Tshisekedi, outlining three remaining options

Kabila reveals a secret to his successor Tshisekedi, outlining three remaining options

by radiotv10
25/06/2025
0

Joseph Kabila Kabange, the former President of the Democratic Republic of the Congo(DRC), has presented his successor, Felix Tshisekedi, with...

Igihugu cya Zambia ntigikozwa ibyo kuba uwakibereye Perezida yashyingurwa mu kindi

Igihugu cya Zambia ntigikozwa ibyo kuba uwakibereye Perezida yashyingurwa mu kindi

by radiotv10
25/06/2025
0

Leta ya Zambia yatanze ikirego mu Rukiko rwo muri Afurika y’Epfo isaba ko ishyingurwa rya Edgar Lungu wayoboye iki Gihugu...

Kabila yibiye ibanga Tshisekedi wamusimbuye agaragaza amahitamo atatu asigaranye

Kabila yibiye ibanga Tshisekedi wamusimbuye agaragaza amahitamo atatu asigaranye

by radiotv10
25/06/2025
0

Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragarije Felix Tshisekedi wamusimbuye, ko asigaranye amahitamo atatu, arimo...

Umugabo yakoreye mu bukwe bwe ibyasigiye ababutashye urujijo bamwe baranabiseka

Umugabo yakoreye mu bukwe bwe ibyasigiye ababutashye urujijo bamwe baranabiseka

by radiotv10
25/06/2025
0

Umugabo wari wakoreye ubukwe mu gace ka Nyambunde muri Kenya, yasize umugeni we aho bari bicaranye, amagura ayabangira ingata ariruka,...

IZIHERUKA

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana
FOOTBALL

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

by radiotv10
26/06/2025
0

U Rwanda rwatanze umucyo ku ruhande rwarwitiriwe mu myanzuro y’ibyasabwe u Burusiya

Minisitiri Nduhungire yakuyeho urujijo ku badasobanukiwe ibigiye gusinywa hagati y’u Rwanda na DRCongo

26/06/2025
Umunyamakuru ‘Yago’ yatanze umucyo ku byavugwaga ko hagati ye n’umukobwa babyaranye bitameze neza

Umunyamakuru ‘Yago’ yatanze umucyo ku byavugwaga ko hagati ye n’umukobwa babyaranye bitameze neza

26/06/2025
Obasanjo nyuma y’ibiganiro yagiranye n’Abakuru b’u Rwanda na DRC yavuze ikigiye gukurikiraho

Obasanjo nyuma y’ibiganiro yagiranye n’Abakuru b’u Rwanda na DRC yavuze ikigiye gukurikiraho

26/06/2025
Nyanza: Umugabo arakekwaho kwiyahuza umuti wica udukoko abitewe n’isindwe

Umugabo wagiye kureba umugore we wari kumwe n’undi mu gicuku byarangiye ahasize ubuzima

26/06/2025
Amayobera ku cyateye inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ikimoteri cy’i Huye ikamara umwanya munini

Amayobera ku cyateye inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ikimoteri cy’i Huye ikamara umwanya munini

26/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abakinnyi ba Rayon batangiye ibirori by’akataraboneka bava i Nyanza berekeza i Kigali – Amafoto

Abakinnyi ba Rayon batangiye ibirori by'akataraboneka bava i Nyanza berekeza i Kigali - Amafoto

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

Minisitiri Nduhungire yakuyeho urujijo ku badasobanukiwe ibigiye gusinywa hagati y’u Rwanda na DRCongo

Umunyamakuru ‘Yago’ yatanze umucyo ku byavugwaga ko hagati ye n’umukobwa babyaranye bitameze neza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.