Saturday, January 10, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

AMAFOTO: Abayobozi muri Jamaica bishimiye guha ikaze Perezida Kagame wagendereye iki Gihugu

radiotv10by radiotv10
14/04/2022
in MU RWANDA
0
AMAFOTO: Abayobozi muri Jamaica bishimiye guha ikaze Perezida Kagame wagendereye iki Gihugu
Share on FacebookShare on Twitter

Abayobozi banyuranye muri Jamaica kuva kuri Minisitiri w’Intebe w’iki Gihugu no ku bagize Inteko Ishinga Amategeko, bishimiye uruzinduko rwa Perezida Paul Kagame wamaze kugera muri iki Gihugu.

Perezida Paul Kagame yagze muri Jamaica kuri uyu wa Gatatu aho yakiriwe na Ministiri w’Intebe w’iki Gihugu, Andrew Holness.

Minisitiri w’intebe Andrew Holness yahaye ikaze Perezida Paul Kagame wagendereye iki Gihugu mu ruzinduko rw’iminsi itatu.

Mu butumwa yatambukije kuri Twitter, Andrew Holness yashimiye Perezida Paul Kagame usuye iki Gihugu.

Yagize ati “Uru ruzinduko rugaragaza intambwe ishimishije umubano wacu umaze kugera kandi twishimiye kuzakomeza imikoranire mu gutsimbataza ubucuti n’umubano hagati ya Jamaica n’u Rwanda.”

Si Minisitiri w’Intebe gusa washimiye Perezida Paul Kagame wagendereye Jamaica gusa kuko n’abandi bayobozi mu nzego zinyuranye bagaragaje ko bishimiye uyu mukuru w’u Rwanda wasuye Igihugu cyabo.

Lando Zeneca usanzwe ari Umudapite muri Jamaica, yagaragaje akanyamuneza yatewe no kuba Perezida Kagame yasuye iki Gihugu cya Jamaica.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Lando Zeneca na we yagize ati “Ni iby’agaciro guha ikaze Perezida Paul Kagame w’u Rwanda muri Jamaica. One love [urukundo ruganze] hagati ya Jamaica n’u Rwanda.”

Perezida Kagame ubwo yari ageze ku Kibuga cy’Ingede
Yahawe ikaze
Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe, Andrew Holness

Lando Zeneca yishimiye guha ikaze Perezida Kagame

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

6 + 8 =

Previous Post

Umugabo wa Mukaperezida yongeye gufungwa akekwaho nanone gusambanya umwana

Next Post

U Rwanda n’u Bwongereza mu masezerano ajyanye n’abashaka ubuhungiro ashobora gutuma hari aboherezwa mu Rwanda

Related Posts

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

by radiotv10
09/01/2026
0

Road safety remains a major public concern in Rwanda, especially as the number of vehicles continues to increase. In response...

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

by radiotv10
09/01/2026
0

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu...

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

Inkuru mbi yatashye mu miryango y’abagabo babiri baguwe gitumo nyuma yo kwiba amatungo

by radiotv10
09/01/2026
0

Ubushyamirane bwabaye hagati y’abakekwaho kwiba ihene, n’abari bazibwe mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, bwaguyemo babiri bakekwagaho kuba...

Easy foods that help your brain stay healthy and active

Easy foods that help your brain stay healthy and active

by radiotv10
09/01/2026
0

Your brain helps you think, remember, learn, and stay focused every day. Scientists agree that what you eat has a...

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

by radiotv10
09/01/2026
0

IZIHERUKA

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises
SIPORO

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

by radiotv10
10/01/2026
0

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

09/01/2026
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

09/01/2026
VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
U Rwanda n’u Bwongereza mu masezerano ajyanye n’abashaka ubuhungiro ashobora gutuma hari aboherezwa mu Rwanda

U Rwanda n’u Bwongereza mu masezerano ajyanye n’abashaka ubuhungiro ashobora gutuma hari aboherezwa mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.