Tuesday, October 21, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Amakuru mashya ku itegeko rihana abatinganyi muri Uganda ryari ritegerejwe kwemezwa bidasubirwa

radiotv10by radiotv10
29/05/2023
in AMAHANGA, IMIBEREHO
0
Amakuru mashya ku itegeko rihana abatinganyi muri Uganda ryari ritegerejwe kwemezwa bidasubirwa
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yemeje bidasubirwaho itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina, ryari riherutse gutorwa n’Inteko Ishinga Amategeko y’iki Gihugu.

Nyuma yuko Perezida wa Uganda yemeje iri tegeko, rirahita rijya mu mategeko y’iki Gihugu, ndetse ritangire gukurikizwa, mu gihe hari abacyekaga ko atazaryemeza kubera igitutu cy’Ibihugu by’ibihangange.

Ubutumwa bwatambutse kuri Twitter y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 29 Gicurasi, bugira buti “Perezida Kaguta Museveni yasinye umushinga w’itegeko rirwanya ubutinganyi rya 2023. Ubu ubutinganyi ni igikorwa kitemewe.”

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Annet Among yashimiye Perezida Museveni wemeje uyu mushinga w’itegeko agendeye ku ngingo ya 91 y’Itegeko Nshinga.

Anita Annet Among yavuze ko Inteko Ishinga Amategeko yatoye uyu mushinga mu rwego rwo gusubiza ibyifuzo by’Abanya-Uganda kandi ko yabikoze na yo yisunze Itegeko Nshinga rya Uganda.

Ati “Twahagurukiye kurinda umuco n’imigenzereze biboneye by’abaturage bacu […] ndashimira nyakubahwa Perezida kuba yemeje iri tegeko mu nyungu za Uganda.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen + four =

Previous Post

Umuyobozi ukomeye mu Burusiya yageze muri Kenya nyuma yuko uwa Ukraine agendereye u Rwanda

Next Post

America mu ba mbere bishimiye itorwa rya Erdogan watsindiye gukomeza kuyobora Turkey

Related Posts

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

Amakuru avugwa mu mirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

by radiotv10
20/10/2025
0

Imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’inyeshyamba za Wazalendo, yaramutse mu mujyi a Nyabiondo muri Teritwari ya Masisi mu Ntara...

Moïse Katumbi utavuga rumwe na Tshisekedi yavuze icyo abona cyazanira amahoro Congo

Moïse Katumbi utavuga rumwe na Tshisekedi yavuze icyo abona cyazanira amahoro Congo

by radiotv10
20/10/2025
0

Umunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi banahatanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, yavuze ko afite ubushake bwo...

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho gukaza imbaraga mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23

by radiotv10
17/10/2025
0

Igisirikare cy’u Burundi kiravugwaho kongera umubare w’abasirikare boherezwa mu bice binyuranye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gufasha FARDC guhangana...

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

by radiotv10
17/10/2025
0

Amatsinda abiri y’umutwe wa Wazalendo usanzwe ukorana n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yakozanyijeho mu mirwano ikarishye yabereye...

Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

Israel yongeye kwikomanga mu gatuza kubera Umujenerali yivuganye yahigishaga uruhindu

by radiotv10
17/10/2025
0

Israel yemeje ko ari yo yagabye igitero kivuganye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’itsinda ry’Abahouthi bo muri Yemen, Major General Mohammed Abdulkarim...

IZIHERUKA

Icyibanzweho mu biganiro byahuje Ingabo z’u Rwanda n’iz’u Bufaransa ubwo hakirwaga Umujenerali wazo
MU RWANDA

Icyibanzweho mu biganiro byahuje Ingabo z’u Rwanda n’iz’u Bufaransa ubwo hakirwaga Umujenerali wazo

by radiotv10
21/10/2025
0

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

21/10/2025
Is remote work changing how Kigali residents live?

Is remote work changing how Kigali residents live?

21/10/2025
Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku wagaragaye mu bikomeje kwiyongera ku mbuga nkoranyambaga

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku wagaragaye mu bikomeje kwiyongera ku mbuga nkoranyambaga

21/10/2025
Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

21/10/2025
Ibisobanuro by’umugabo wafatanywe umutwe w’inka yari yibwe ari nzima

Ibisobanuro by’umugabo wafatanywe umutwe w’inka yari yibwe ari nzima

20/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
America mu ba mbere bishimiye itorwa rya Erdogan watsindiye gukomeza kuyobora Turkey

America mu ba mbere bishimiye itorwa rya Erdogan watsindiye gukomeza kuyobora Turkey

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyibanzweho mu biganiro byahuje Ingabo z’u Rwanda n’iz’u Bufaransa ubwo hakirwaga Umujenerali wazo

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Is remote work changing how Kigali residents live?

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.