Saturday, December 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Andi mafoto ateye ubwuzu ya ‘Inyogoye’ yakoze ubukwe

radiotv10by radiotv10
31/03/2022
in IMYIDAGADURO
0
Andi mafoto ateye ubwuzu ya ‘Inyogoye’ yakoze ubukwe
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago yashyize hanze andi mafoto y’umugabo wamamaye nka ‘Inyogoye’ uherutse gukora ubukwe bw’akataraboneka.

Habiyaremye Jean Pierre wamamaye nka Inyogoye, yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yasabaga akanakwa umugore we basanzwe bafitanye umwana umwe.

Byari ibicika ku mbuga nkoranyambaga za benshi bashyizeho amafoto n’amashusho y’uyu mugabo uzwiho gutera urwenya rwinshi kuri YouTube, yamugaragazaga yakoze ubukwe bw’agatangaza bwanaririmbyemo umuhanzi Social Mula.

Benshi mu bashyizeho ayo mafoto n’amashusho, banyuzagamo bakanashimira Umunyamakuru Yago watumye uyu mugabo Inyogoye ye amenyekana, ndetse bikaba bivugwa ko ari we wagize uruhare muri ubu bukwe yakoze.

  • Uwamamaye nka ‘Inyogoye’ yasezeranye mu mategeko ati “Ndagafusha Rukara”
  • Inyogoye yakoze ubukwe bw’agatangaza bwaririmbyemo umuhanzi ukomeye

Yago wafashe amashusho y’ubu bukwe bwabereye ku kiyaga cya Kivu, akanayashyira kuri YouTube channel ye, amaze iminsi anashyira amafoto n’uduce tw’amashusho byafatiwe muri ubu bukwe.

Ubu yashyizeho amafoto yo mu birori byo gusaba no gukwa, agaragaza Inyogoye n’umugore we bari mu byishimo bidasanzwe bananyuzamo bagasomana umunwa ku wundi.

Aya mafoto aherekejwe n’ubutumwa bwa Yago bugira buti “Andi mafoto meza.”

Inyogoye wasabye akanakwa ndetse akanasezerana mu idini mu mpera z’icyumweru gishize, hari hashize ukwezi kumwe anasezeranye mu mategeko.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight + thirteen =

Previous Post

Banki ifite amateka akomeye mu Rwanda igiye guhindura izina

Next Post

Urayeneza Gerard wari wakatiwe burundu yagizwe umwere

Related Posts

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umunyamakuru Aimée Beauté Mushashi uzwiho ubuhanga mu gusoma amakuru kuri Televiziyo, yatangaje itariki azakoreraho ubukwe n’umukunzi we. Uyu munyamakuru ukorera...

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Umuhanzi w’icyamamare Israel Mbonyi yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga inkomoko y’igitaramo akora buri mwaka kuri Noheli kitwa ICYAMBU, ukuntu yanganga amazina...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abarimo umunyamakuru Djihad baregwa gusakaza amashusho y’urukozasoni

by radiotv10
17/12/2025
0

Abarimo umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, na bagenzi be baregwa ibyaha birimo gusakaza amashusho y’urukozasoni, bafatiwe icyemezo cyo gufungwa...

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

Umunyamakurukazi witegura gukorana ubukwe n’umuraperi yakorewe ibirori byo gusezera urungano

by radiotv10
16/12/2025
0

Umunyamakurukazi Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy uri mu myiteguro yo gukorana ubukwe n’umuraperi Shizzo, yakorewe ibirori byo gusezera ku rungano...

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

by radiotv10
12/12/2025
0

Umuhanzikazi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yizihije isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025,...

IZIHERUKA

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo
MU RWANDA

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

by radiotv10
19/12/2025
0

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

19/12/2025
AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

19/12/2025
Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

19/12/2025
Umugabo wahigishwaga uruhindu muri America yabonetse yapfuye

Umugabo wahigishwaga uruhindu muri America yabonetse yapfuye

19/12/2025
Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

19/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Urayeneza Gerard wari wakatiwe burundu yagizwe umwere

Urayeneza Gerard wari wakatiwe burundu yagizwe umwere

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.