• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Monday, June 22, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Andi mafoto ya Minisitiri Dr.Sabin Nsanzimana wo muri Guverinoma y’u Rwanda aterera umusozi wa Karisimbi

radiotv10by radiotv10
22/06/2026
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Andi mafoto ya Minisitiri Dr.Sabin Nsanzimana wo muri Guverinoma y’u Rwanda aterera umusozi wa Karisimbi
Share on FacebookShare on Twitter

Dr. Sabin Nsanzimana, Minisitiri w’Ubuzima muri Guverinoma y’u Rwanda, akaba umwe mu ba Sportif bakomeye, yatereye umusozi wa Karisimbi arawumika, ibintu yavuze ko ari impano yigeneye y’isabukuru ye y’amavuko.

Mu mafoto yashyize hanze, Dr. Sabin Nsanzimana; yagaragaje ari guterera uyu musozi ufite uburebure bw’ibilometero 4,5 usanzwe utererwa n’abari mu bikorwa by’ubukerarugendo burimo no gukora imyitozi ngororamubiri.

Yavuze ko ibi yabikoze mu rwego rwo gukomeza kubungabunga amagara ye, kuko ari siporo isanzwe ari ingenzi ku mubiri n’ubuzima bwa muntu.

Yagize ati “Kwita ku buzima mu buryo buhoraho ni zimwe mu mpano dushobora kwigenera. Mbere yo kwizihiza isabukurru yanjye, nihaye impano yo kuzamuka umusozi wa Karisimbi (4,507m) urugendo wa mbere ruzamuka w’amasaha 10 nta guhagarara.”

Dr. Sabin kandi yaboneyeho guha umukoro abantu na bo kuzajya kuzamuka uyu musozi, kuko ari ingenzi ku buzima, dore ko uretse kuba ari no kureba ibyiza bitatse u Rwanda ari no gukora siporo.

Yagize ati “Nawe ihe umukoro. Kora ibishoboka. Ukomeze kugira ubuzima bwiza. Kuzamuka umusozi wa Karisimbi (4,507m), ikirunga cya mbere kizamuka mu Rwanda mu munsi umwe, ukanirebera ibyiza bitatse Igihugu cyacu.”

Dr. Nsanzimana usanzwe ari Umu-Sportif, yagiye guterera uyu musozi wa Karisimbi nyuma yuko mu minsi micye ishize, yari yanitabirye isiganwa rya Kigali Peace Marathon, yari yabanje na bwo guhamagarira abanu kuzaryitabira, ndetse anaha umukoro bamwe mu bagze Guverinoma y’u Rwanda ko azabatanga gusoza mu ntera y’ibilometero 10 mu cyiciro cya Run For Peace cy’abatarabigize umwuga.

Dr. Sabi Nsanzimana ubwo yazamukaga uyu musozi

Yishimiye kuwuminuka
Yashimiye umu Guide wabafashije

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × one =

Previous Post

Volleyball: Kepler na Kenya Pipeline zegukanye GMT 2026, amakipe ya APR atsindirwa kuri final

Next Post

Rusizi: EMLR irizeza umusanzu uhoraho mu gushyigikira abarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994

Related Posts

Minisitiri w’Ubuzima Dr.Sabin Nsanzimana yihaye impano ku isabukuru ye ishimangira ko yihebeye siporo

Minisitiri w’Ubuzima Dr.Sabin Nsanzimana yihaye impano ku isabukuru ye ishimangira ko yihebeye siporo

by radiotv10
22/06/2026
0

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yagaragaje ko ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko, yihaye impano yo kujya guterera umusozi wa Karisimbi...

Rusizi: EMLR irizeza umusanzu uhoraho mu gushyigikira abarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994

Rusizi: EMLR irizeza umusanzu uhoraho mu gushyigikira abarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994

by radiotv10
22/06/2026
0

Mu gihe hibukwa  ku nshuro ya 32 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ku rwego rw’itorero methodiste libre mu Rwanda conference ya...

Ni iki gituma abagabo bo mu Rwanda batinya kwifungisha burundu nk’uburyo bwo kuboneza urubyaro?

Ni iki gituma abagabo bo mu Rwanda batinya kwifungisha burundu nk’uburyo bwo kuboneza urubyaro?

by radiotv10
21/06/2026
0

Umubare w'abagabo baboneza urubyaro bakoresheje uburyo bwo kwifungisa buzwi nka Vasectomy, uracyari hasi ugereranyije n'uw'abagore kuko ubu bamwe bageze mu...

Menya byinshi ku gituma umuntu atangira kunywa ikiyobabwenge akigerageza bikarangira abaye imbata yacyo

Menya byinshi ku gituma umuntu atangira kunywa ikiyobabwenge akigerageza bikarangira abaye imbata yacyo

by radiotv10
20/06/2026
0

Inzobere mu buvuzi ivuga ko igituma umuntu aba imbata y'ibiyobyabwenge ari bimwe mu bibigize, bimugeramo bigasinziriza uturemangingo tw'ubwonko, ubundi bikarema...

RIB yerekanye abakekwaho kwiba telefone zifite agaciro ka Miliyoni 40Frw

RIB yerekanye abakekwaho kwiba telefone zifite agaciro ka Miliyoni 40Frw

by radiotv10
19/06/2026
0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye abantu 11 bakekwaho ibyaha birimo ibifitanye isano n'ubujura bwa telefone 140 zifite agaciro ka miliyoni...

Next Post
Rusizi: EMLR irizeza umusanzu uhoraho mu gushyigikira abarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994

Rusizi: EMLR irizeza umusanzu uhoraho mu gushyigikira abarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

BREAKING: Bidasubirwaho Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yatangaje ubwegure bwe

Inzozi z’umunyezamu wa Cape Verde zabaye impamo nyuma yo gutangaza ibyakoze benshi ku mutima

Perezida Tshisekedi wa Congo yatumiye Ndayishimiye w’u Burundi ngo baganire

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.