Nubwo muri Madagascar ubuzima bukomeje guhenda, ntibibuza abaturage guteranira ahantu hamwe buri cyumweru, bakirebera imirwano y’amasake, ibafasha kuba bateye umugongo...
Read moreDetailsNyuma y’uko abahinzi bo mu Bufaransa bamaze iminsi mu myigaragambyo idasanzwe, abo mu Gihugu cy’abaturanyi mu Bubiligi, na bo babigiyeho...
Read moreDetailsPolisi y’u Bufaransa iryamiye amajanja kugira ngo ihangane n’abahinzi bari mu myigaragambyo mu gihe baba barenze nyirantarengwa bahawe, mu gihe...
Read moreDetailsAbahinzi bo mu Bufaransa, bakoze imyigaragambyo bakoresheje ibimodoka bihinga, bafunga imihanda yerecyeza i Paris, bamagana uburyo umwuga wabo udahabwa agaciro...
Read moreDetailsMu gihe hizihizwaga umunsi wahariwe uburezi. Umurango w’Abibumbye, wagaragaje abana babarirwa mu bihumbi 500 muri Zimbabwe bataye ishuri. Byatangajwe n’Ishami...
Read moreDetailsIgihugu cya Cameroon cyabaye icya mbere cyatangirijwemo ibikorwa byo gutanga urukingo rwa Malaria mu buryo buhoraho atari mu igerageza, nyuma...
Read moreDetailsIkigo cy’Ubuzima muri Tanzania cyatangaje ko cyatesheje agaciro amanota y’abaganga 1 330 nyuma y’uko bitahuwe ko bari barayabonye barakopeye ibizamini...
Read moreDetailsAbanya-Ethiopia 82 bafungiye muri Mozambique nyuma yo gufatwa binjiye muri iki Gihugu mu buryo bunyuranyije n'amategeko, mu gihe bo bari...
Read moreDetailsNyuma y’imyaka ine abaturage bo mu murwa Mukuru wa Senegal Dakar babwiwe ko bagiye guhabwa bisi 120 zikoreshwa n’amashanyarazi, iyi...
Read moreDetails